The Ben mu nzira zo gukorana na Coach Gael barebanaga ay’ingwe

Umuhanzi The Ben umaze imyaka arebana ay’ingwe n’umushoramari Coach Gael kuri ubu biravugwa ko aba bombi birengagije ikibatanya bagakurikira ikibahuza bakaba bakongera gukorana, akaba umwe mu bahanzi bafashwa na 1:55 AM. Abakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda bazi neza umubano wa The Ben na Coach Gael watangiye muri 2019 ubwo aba bombi bakoranaga hatarazamo agatotsi ngo…

Read More

Zari yanenze abagore babyara bakennye

Zari Hassan uzwi ku kazina ka Zari The Boss lady wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz yanenze abagore babyara badafite amafaranga ngo kuko bagorwa cyane no kurera. Uyu mugore w’imyaka 44 afite abana bane harimo babiri yabyaranye na Diamond Platnumz, yagaragaje ko ahantu isi igeze nta mugore ukwiye kujya kubyara nta mafaranga afite yo kuba…

Read More

Meddy yatangaje umubare w’abana yifuza kuzabyara

Umuhanzi Nyarwanda, Ngabo Medard Jobert wamamaye mu muziki nka Meddy yatunguye benshi ubwo yavugaga umubare w’abana yifuza kuzabyarana n’umugore we Mimi Mehfra. Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye n’umuyoboro wa YouTube witwa ‘Papa Legend Tv’ bamubajije umubare w’abana yifuza kuzabyara avuga ko abo yifuza ari batanu. Kuri ubu Meddy afite abana babiri. Imfura bayibarutse muri Werurwe…

Read More

The Ben agiye gutaramira mu Bwongereza

Umuhanzi The Ben ukomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye akora ibitaramo byo kumenyekanisha Album ye Plenty Love agiye gutaramira mu Bwongereza. Mu ntangiro z’uyu mwaka The Ben ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bagaragaye mu bitaramo byinshi byabereye hanze y’u Rwanda. Aha twavuga nk’ibyo yakoreye ku mugabane w’iburayi no muri Amerika aho aheruka no kuririmba mu gitaramo cyahuriyemo…

Read More

Rufonsina yarikoroje ku mbuga bamwe bamwita Rihanna wo mu Rwanda – Amafoto

Uwimpundu Sandrine uzwi ku izina rya Rufonsina muri Sinema Nyarwanda wizihiza umunsi w’amavuko yasangije abamukurikira amafoto ye akuriwe bamwe batangira kumwita Rihanna wo mu Rwanda kubera yari yambaye imyenda isa nkiyo icyo cyamamare kigeze gukoresha. Rufonsina agira isabukuru y’amavuko taliki ya 8 Nyakanga. Yerekanye ibyishimo afite muri uyu mwaka kuko ari no kwitegura kwibaruka ubuheta….

Read More

Hari ibyiza byinshi bipfundikirwa – Umutare Gaby nyuma y’ibaruwa y’umwana we

Umuhanzi Nyarwanda Umutare Gaby yerekanye amarangamutima ye nk’umubyeyi nyuma yo gusoma urwandiko yandikiwe n’umwana we amubwira ko ari byose kuri we. Uyu muhanzi ibi yabinyujije ku rubuga rwe, ubwo yashyiragaho amafoto atatu harimo ibaruwa yandikiwe n’umukobwa, indi ari iyo arikumwe nawe n’indi ye ya kera ateruwe na nyina. Yahise arenzaho amagambo agira ati “Nubwo umubabaro…

Read More

Mitsutsu nyuma y’agahinda kubera urukundo yambitse impeta – AMAFOTO

Umunyarwenya Mitsutsu wari umaze igihe yerekana agahinda yatewe n’umukobwa wamutaye mu rukundo yaraye atanze ibirori ubwo yambikaga impeta umukunzi amusaba ko yazamubera umugore w’ibihe byose. Byabaye mu ijoro ry’itariki 07 Nyakanga 2025, byitabirwa n’ibyamamare bitandukanye muri sinema, inshuti n’abavandimwe. Mitsutsu yagarageje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kubwirwa ‘Yes’ n’uyu mukobwa witwa Kirezi Rosine. Abinyujije ku rubuga…

Read More

Umugore wa Bishop Gafaranga yasohowe mu rukiko ahetse umwana

Annette Murava yaje ku Rukiko rwakiriye ubujurire bw’umugabo we Habiyaremye Zacharie ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo, atungura abantu kuko yahaje ahetse umwana. Ni urubanza rwabereye mu muhezo, rwabaye kuri uyu wa mbere tariki 7 Nyakanga 2025 ku cyicaro cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwajuririwe na Bishop Gafaranga wafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa…

Read More