Umugore wa mbere wahagarariye Afurika y’Epfo muri ‘Miss World’ yapfuye

Cynthia Shange, wabaye inkomarume, uzwi cyane nk’umugore wa mbere w’umwirabura wahagarariye Afurika y’Epfo mu irushanwa rikomeye ry’ubwiza rya ‘Miss World’ ryo mu gihe cy’ubutegetsi bw’ivangura bwa ba nyamucye b’abazungu (apartheid), yapfuye ku myaka 76. Ku mbuga nkoranyambaga, umukobwa we Nonhle Thema yatangaje inkuru y’urupfu rwe n’”umutima uremerewe cyane”, anashimira nyina ku bw’urukundo n’ubugwaneza bwe, asaba…

Read More

Aba-Kristo bafite impano bagiye guhabwa amahirwe yo kwigaragaza

Ni mu gikorwa cyahawe izina rya ‘Salt & light night’ kigiye kuba ku nshuro ya mbere aho bagamije guteza imbere abanyempano mu byiciro bitandukanye b’abarokore bihaye Imana. Ni igitaramo cyateguwe n’umuryango ‘4 Jesus Initiative’ akaba ari umuryango ugamije guteza imbere abanyempano baba Kristo bafite impano zidahabwa umwanya mu rusengero. Nubishimwe Emmanuel Prince wateguye iki gikorwa…

Read More
Marina Rwanda

Marina yihakanye Bad Rama wamwise umukobwa we

Umuhanzikazi Marina yitandukanyije na Bad Rama wahoze ari umujyanama we mu bya muzika avuga ko ntaho agihuriye nawe bitewe nibyo yishoyemo byo gusebya igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi. Marina ibi yabitangaje nyuma yaho Bad Rama abwiye abamukurikirana ko Marina ari umukobwa we, arenzaho amagambo yo kumutaka ashaka kwerekana ko ari impano Imana yahaye i gihugu cy’u…

Read More

Semuhungu ahamya ko ibyo gusambana n’abasore yabibakoreraga nkuko nabo babimukorera

Eric Semuhungu uheruka gutabwa muri yombi, mu gihe hagitegerejwe ko hatangwa itariki urubanza ruzaburanishirizwaho, abasore babiri bamureze bavuze ibyo yabakoreye kugirango bamurege harimo kubasambanya ndetse no kubaha ibisindisha gusa nawe avuga ko ntawe yabikoreye ku gahato. Ibyaha bitatu nibyo Eric Semuhungu akurikiranyweho harimo ” icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye…

Read More

Hamenyekanye ibyaha bitatu Eric Semuhungu ari gushinjwa

Taliki ya 9 Mata 2026, nibwo Semuhungu Eric yatawe muri yombi ariko ntihatangazwa ibyaha yari akurikiranyweho kubera ko byari kwica iperereza. Kuri ubu dosiye ye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Nkuko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije ikinyamakuru cya Igihe….

Read More

Cyusa yasubiyemo indirimbo ‘Mutunge’ mu rwego rwo guha icyubahiro uwayihimbye

Umuhanzi Cyusa Ibrahim yavuze ko yahisemo gusubiramo indirimbo ’Mutunge’ ya Twahirwa Ladislas ashaka kumuha icyubahiro no kugaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yateguwe kuva kera. Ni indirimbo yashyize hanze mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange batangiye kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Cyusa akaba yasubiyemo indirimbo Mutunge yahimbwe na…

Read More

Imikino irimo iyo gushakisha amagi – Ibyo kwitega muri Weekend ya Pasika

Mu gihe abanyarwanda binjiye muri weekend ndende izarangira ku wa mbere, ni ukuvuga iminsi ine yose y’ibyishimo, banashyiriweho ibikorwa bitandukanye bizabafasha kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika byaba iwabo mu rugo, ndetse n’ahandi hantu hatandukanye hahurira abantu benshi. Mu mujyi wa Kigali hateguwe ibirori byinshi haba iby’abana ndetse n’abantu bakuru, ariko byose bigamije gufasha benshi kwizihiza…

Read More

Miss Naomie ahataniye igihembo mpuzamahanga cy’umwanditsi mwiza w’ibitabo

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2020, yashyizwe ku rutonde rw’abahataniye ibihembo Mpuzamahanga by’abanditsi b’ibitabo kiswe “Ebobea Book Awards”. Igitabo cye yise “More Than a Crown”, gihatanye muri ibi bihembo, yakimuritse ku wa 14 Ukuboza 2025. Naomie ahatanye n’abandi banditsi bakomeye ku Isi harimo Umwongereza witwa Jay Shetty ufite igitabo yise ‘Think like a monk’…

Read More