Hamenyekanye ibyaha bitatu Eric Semuhungu ari gushinjwa

Taliki ya 9 Mata 2026, nibwo Semuhungu Eric yatawe muri yombi ariko ntihatangazwa ibyaha yari akurikiranyweho kubera ko byari kwica iperereza. Kuri ubu dosiye ye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Nkuko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije ikinyamakuru cya Igihe….

Read More

Cyusa yasubiyemo indirimbo ‘Mutunge’ mu rwego rwo guha icyubahiro uwayihimbye

Umuhanzi Cyusa Ibrahim yavuze ko yahisemo gusubiramo indirimbo ’Mutunge’ ya Twahirwa Ladislas ashaka kumuha icyubahiro no kugaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yateguwe kuva kera. Ni indirimbo yashyize hanze mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange batangiye kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Cyusa akaba yasubiyemo indirimbo Mutunge yahimbwe na…

Read More

Imikino irimo iyo gushakisha amagi – Ibyo kwitega muri Weekend ya Pasika

Mu gihe abanyarwanda binjiye muri weekend ndende izarangira ku wa mbere, ni ukuvuga iminsi ine yose y’ibyishimo, banashyiriweho ibikorwa bitandukanye bizabafasha kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika byaba iwabo mu rugo, ndetse n’ahandi hantu hatandukanye hahurira abantu benshi. Mu mujyi wa Kigali hateguwe ibirori byinshi haba iby’abana ndetse n’abantu bakuru, ariko byose bigamije gufasha benshi kwizihiza…

Read More

Miss Naomie ahataniye igihembo mpuzamahanga cy’umwanditsi mwiza w’ibitabo

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2020, yashyizwe ku rutonde rw’abahataniye ibihembo Mpuzamahanga by’abanditsi b’ibitabo kiswe “Ebobea Book Awards”. Igitabo cye yise “More Than a Crown”, gihatanye muri ibi bihembo, yakimuritse ku wa 14 Ukuboza 2025. Naomie ahatanye n’abandi banditsi bakomeye ku Isi harimo Umwongereza witwa Jay Shetty ufite igitabo yise ‘Think like a monk’…

Read More

Turahirwa Moses arasoza igihano yinjira mu kindi cy’imyaka itatu

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses. Ku wa 30 Werurwe 2026 Urukiko Rukuru rwa Kigali rwakatiye Turahirwa Moses igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri 2024 urukiko rwamuhamije icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko mpimbano. Icyo gihano Turahirwa…

Read More

Austin na Kibonke bagezweho!! Menya abahanzi Nyarwanda bafite Utubari na Resitora

Iyo bari mu biganiro ni kenshi abahanzi cyangwa ibindi byamamare babazwa ibyo bakunze kuba bahugiyemo mugihe batari mu kazi ka muzika cyangwa ibitaramo. Usanga abahanzi benshi bajya mu kandi kazi gafitanye isano n’ubucuruzi bw’umuziki, aho bashinga ama Studio cyangwa bagakora inzu zifasha abandi bahanzi bakiri bashya mu muziki. Kuri ubu bamwe basigaye bajya mu bushabitsi…

Read More

“Bakoranye ubugome” YouTube na Google batsinzwe mu rubanza ku wabaswe n’imbuga nkoranyambaga

Urukiko rw’i Los Angeles muri Amerika rwatangaje intsinzi itari yarigeze ibaho mbere ku mukobwa ukiri muto wari warareze Meta na YouTube ku bijyanye no kugirwa imbata n’imbuga nkoranyambaga akiri umwana. Abacamanza basanze kompanyi Meta, nyiri Instagram, Facebook na WhatsApp, hamwe na Google, nyiri YouTube, zarashyizeho ku bushake imbuga nkoranyambaga zigira abantu imbata (gukoresha nta kwitangira)…

Read More