Gen-Z Comedy Show igiye kujya itambuka kuri ZACU TV

ZACU TV yamaze kugura uburenganzira bwo kwerekana Gen-Z Comedy Show, kimwe mu bitaramo by’urwenya bikomeye kandi bikunzwe n’abatari bake mu Rwanda no hanze yarwo. Ibi byatangajwe nyuma y’amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Ugushyingo 2025, hagati y’ubuyobozi bwa Zacu Entertainment buyobowe na Misago Wilson ndetse na Fally Merci, utegura akanayobora ibitaramo bya…

Read More

Ngabonziza Augustin wamenyekanye mu ndirimbo ‘Ancilla’ yitabye Imana

Umuhanzi wo hambere, Ngabonziza Augustin, wamenyakanye mu ndirimbo yamamaye cyane ‘Ancilla’, yitabye Imana 2025 azize uburwayi. Uyu muhanzi yamenyakanye cyane muri orchestre zitandunye nka ‘Les Citadins’, ari na we wayishinze afatanyije na mukuru we Ngaboyisonga Bernard, banafatanyije mu bihangano bitandukanye, nk’uko byatangajwe na Andre Glomyko wabanye na we, wanamufashije mu by’umuziki, mu kiganiro yagiranye na…

Read More

Move Africa izana ibikomerezwa igiye kongera kubera mu Rwanda

Igitaramo cya Move Africa kiri mu bikomeye kigiye kongera kubera mu Rwanda nkuko byemejwe na Global Citizen isanzwe igitegura. Umwaka ushize iki gitaramo cyaririmbyemo umuhanzi John Legend gusa kuri ubu ntabwo haratangazwa abahanzi bazifashishwa muri 2026.Uyu muryango, umaze kumenyekana mu bikorwa byo guteza imbere impinduka binyuze mu bukangurambaga n’imyidagaduro, uvuga ko intego ya Move Afrika…

Read More

Uburanga bw’umukobwa wabaye Miss w’Afurika y’epfo 2025

Umukobwa witwa Qhawekazi Mazaleni w’imyaka 24 y’amavuko yegukanye ikamba rya Nyampinga w’Afurika y’Epfo 2025 mu birori byabereye i Pretoria ahembwa ibirimo n’inzu. Uyu mukobwa yaraye hegukanye iri kamba mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki 25 Ukwakira 2025. Mazaleni, akomoka mu Ntara ya Eastern Cape, ni umuhanga mu gucengeza imvugo, kandi ari no gukorera impamyabumenyi y’icyiciro…

Read More

Ibyishimo ni byose kwa Rufonsina nyuma yo kwibaruka

Uwimpundu Sandrine wamenyekanye ku izina rya Rufonsina muri filime umuturanyi yibarutse umwana w’umukobwa nkuko yabitangaje yerekana ko ari mu byishimo. Rufonsina yabyariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), ku wa Gatandatu tariki 25 Ukwakira 2025. Yibarutse umwana w’umukobwa. Uyu mugore mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, yashimiye Imana. Ati “Wakoze Nyagasani.” Rufonsina…

Read More