Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi bataramiye i Nyanza bigisha ku butwari – Amafoto

Abahanzi Nyarwanda bamenyerewe mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu barimo Mariya Yohana, Muyango, Sophie Nzayisenga n’abandi bataramiye abaturage bo mu karere ka Nyanza mu gitaramo cya mbere cya Ubutwari 2026. Ubutwari Tour Concert 2026 ni ibitaramo bizenguruka u Rwanda bifite insanganyamatsiko ivuga ku ‘Ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda nk’inkingi z’iterambere.’ Mu gutangira ibi bitaramo icya mbere cyaherereye mu ntara…

Read More

Dj Toxxyk yasabye igihe asanga ari gushinjwa ibyaha bine harimo n’ubwicanyi

Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka DJ Toxxyk akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha ibyaha bine birimo ubwicanyi buturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge. Akurikiranyweho kandi icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka no kwanga gusuzumishwa icyuma gipima alcohol. Ibyaha akurikiranyweho byamenyekanye kuri uyu wa 7 Mutarama 2026 ubwo yitabaga Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ngo aburane ku…

Read More

Nari Agahungu – Kalimpinya yagarutse ku wamushutse ngo ajye muri Miss Rwanda

Kalimpinya Queen wamenyekanye ubwo yitabiraga Miss Rwanda mu 2017 ndetse akaba igisonga cya gatatu, yagaragaje ko ajya muri iri rushanwa umuntu wamugiriye iyo nama yamukoreye ariko na none avuga ku rundi ruhande ko yamushutse. Yabigarutseho mu materaniro yateguwe na Apôtre Mignonne Kabera uyobora Women Foundation Ministries, mu cyo yari yise “Girls Impact Ministry – Pink…

Read More

Mu marira menshi ‘Oprah’ yicujije avuga ko yagize ubwana mu gutandukana na Katauti

Irene Uwoya ‘Oprah’ wahoze ari umugore wa Ndikumana Hamad Katauti wamamaye muri ruhago mu Rwanda, mu marira menshi yicujije impamvu ari we wagize uruhare mu gutandukana kwabo, agaragaza ko agize amahirwe yo kongera kumubona yakora byose akamusaba imbabazi. Uyu mugore yabigarutseho mu kiganiro cyitwa ‘A List’ akorana n’ibindi byamamare muri sinema ya Tanzania birimo Kajala…

Read More

Nta mubyeyi wo kwanika inda n’umukondo ku gasozi – Rutangarwamaboko avuga kuri Pamella

Umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste yagaragaje ko Uwicyeza Pamella atari, akwiriye kujya ku karubanda yambaye imyenda igaragaza inda ye. Yabivuze nyuma y’aho uyu mugore wa The Ben yagiye mu gitaramo cya ‘Spinny and Friends’ umukondo uri hanze. Ati “Zibaho wo gatsindwa we. Kirazira mu muco wacu. Nta mugore wo gushyira umukondo ku karubanda. Nta mubyeyi wo…

Read More

Abarimo Indashyikirwa, Rocky, Intare y’ingore, Dashim na Rukotana begukanye ibihembo muri Karisimbi – AMAFOTO

Ibyamamare bitandukanye birimo Rocky Kimomo, Intare y’ingore, Swalla, itorero indashikirwa n’abandi batandukanye begukanye ibihembo muri Karisimbi multicultural Awards 2025. Karisimbi Events niyo yatanze ibihembo byitwa Karisimbi multicultural Awards ku bijyanye n’umuco biciye mu muziki, imideli hamwe n’ubuzima busanzwe ku bantu bagiye bagira icyo bakora muri sosiyete bigahindura ubuzima bw’abantu. Ibi birori byabaye mu ijoro ryo…

Read More

Ibyo Ykee Benda yatangaje ku bamushinje iyica rubozo

Ykee Benda, yatangaje ku mugaragaro ko adafite aho ahuriye n’amagambo amaze iminsi amuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga, amushinja gushyigikira iyicarubozo n’ihohoterwa rikorerwa abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni. Mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa X, Wycliffe Tugume uzwi cyane ku izina rya Ykee Benda yagaragaje impungenge n’agahinda yatewe no kubona hari…

Read More

Nicki Minaj yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga

Umuraperikazi Nicki Minaj yateye benshi kumwibazaho nyuma y’uko batunguwe no kubona konti ye ya Instagram ivaho, bikavugwa ko ari we wayikuriyeho kubushake bwe. Uku gusibwa kw’iyi konti, biravugwa ko byabaye nyuma y’uko Nicki Minaj atakaje abakabakaba miliyoni 10 bamukurikiraga kuri Instagram, nyuma y’uko agiye kuri televiziyo agashimagiza Perezida Donald Trump. Nyuma y’icyo kiganiro abantu batangiye…

Read More