Hamenyekanye ibyaha bitatu Eric Semuhungu ari gushinjwa
Taliki ya 9 Mata 2026, nibwo Semuhungu Eric yatawe muri yombi ariko ntihatangazwa ibyaha yari akurikiranyweho kubera ko byari kwica iperereza. Kuri ubu dosiye ye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Nkuko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije ikinyamakuru cya Igihe….

