Editor

Perezida Kagame yashimiye amakipe akorana n’u Rwanda yageze muri 1/2 cya UCL

Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ikaba n’umufatanyabikorwa ukomeye w’u Rwanda binyuze muri gahunda ya #VisitRwanda, nyuma yo kugera muri 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions League ndetse ayifuriza amahirwe masa mu cyiciro gikurikira. Arsenal igeze muri ½ cya UEFA Champions League nyuma yo gusezerera Sporting Portugal, ku giteranyo cy’igitego 1-0 mu…

Read More

Hamenyekanye ibyaha bitatu Eric Semuhungu ari gushinjwa

Taliki ya 9 Mata 2026, nibwo Semuhungu Eric yatawe muri yombi ariko ntihatangazwa ibyaha yari akurikiranyweho kubera ko byari kwica iperereza. Kuri ubu dosiye ye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Nkuko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije ikinyamakuru cya Igihe….

Read More

#Kwibuka32: Ali Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yavuze ko Kwibuka bigomba kuba urumuri rw’amahoro y’ahazaza. Ati ”Twifatanyije n’u Rwanda Kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kubibuka bitubere…

Read More

Umunyarwenya ukomeye muri Nigeria yashyizeho uburyo bw’umwihariko bwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka

Umunyarwenya wo muri Nigeria, Doctall Kingsley yatangarije abafana be ko nta kintu azongera gushyira ku mbuga nkoranyambaga ze kugera mu Cyumweru gitaha ubwo hazaba hasojwe icyumweru cyo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Yavuze ko iki ari icyemezo yafashe mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, bityo ko mu cyumweru…

Read More

Rwabuze gica mu Nguge zo muri Uganda ziri mu ‘ntambara ikaze hagati yazo’

Itsinda rya mbere rinini cyane ku isi rizwi ry’inguge zo mu gasozi, ryacitsemo ibice ndetse rimaze imyaka umunani riri mu “ntambara ikaze hagati yazo”, nkuko abashakashatsi babivuga. Ntibisobanutse neza impamvu uyu muryango w’inguge wa Ngogo wahoze ubana neza muri Parike y’Igihugu ya Uganda yitwa ‘Kibale National Park’ ubu rwabuze gica hagati yazo, ariko guhera mu…

Read More

Cyusa yasubiyemo indirimbo ‘Mutunge’ mu rwego rwo guha icyubahiro uwayihimbye

Umuhanzi Cyusa Ibrahim yavuze ko yahisemo gusubiramo indirimbo ’Mutunge’ ya Twahirwa Ladislas ashaka kumuha icyubahiro no kugaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yateguwe kuva kera. Ni indirimbo yashyize hanze mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange batangiye kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Cyusa akaba yasubiyemo indirimbo Mutunge yahimbwe na…

Read More

Abakinnyi ba DR Congo bahawe imodoka n’inzu

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yahembye buri mukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, nyuma yo gutsindira itike yo gukina imikino y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka, itsinze Jamaica igitego 1-0. Amafoto yatangajwe n’ibiro bya perezida wa DRC agaragaza Perezida Tshisekedi yakira abakinnyi b’ikipe y’igihugu Les Léopards ejo ku cyumweru mu murwa mukuru Kinshasa, ubwo bari…

Read More

Imikino irimo iyo gushakisha amagi – Ibyo kwitega muri Weekend ya Pasika

Mu gihe abanyarwanda binjiye muri weekend ndende izarangira ku wa mbere, ni ukuvuga iminsi ine yose y’ibyishimo, banashyiriweho ibikorwa bitandukanye bizabafasha kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika byaba iwabo mu rugo, ndetse n’ahandi hantu hatandukanye hahurira abantu benshi. Mu mujyi wa Kigali hateguwe ibirori byinshi haba iby’abana ndetse n’abantu bakuru, ariko byose bigamije gufasha benshi kwizihiza…

Read More