Editor

Umugore wa mbere wahagarariye Afurika y’Epfo muri ‘Miss World’ yapfuye

Cynthia Shange, wabaye inkomarume, uzwi cyane nk’umugore wa mbere w’umwirabura wahagarariye Afurika y’Epfo mu irushanwa rikomeye ry’ubwiza rya ‘Miss World’ ryo mu gihe cy’ubutegetsi bw’ivangura bwa ba nyamucye b’abazungu (apartheid), yapfuye ku myaka 76. Ku mbuga nkoranyambaga, umukobwa we Nonhle Thema yatangaje inkuru y’urupfu rwe n’”umutima uremerewe cyane”, anashimira nyina ku bw’urukundo n’ubugwaneza bwe, asaba…

Read More

Aba-Kristo bafite impano bagiye guhabwa amahirwe yo kwigaragaza

Ni mu gikorwa cyahawe izina rya ‘Salt & light night’ kigiye kuba ku nshuro ya mbere aho bagamije guteza imbere abanyempano mu byiciro bitandukanye b’abarokore bihaye Imana. Ni igitaramo cyateguwe n’umuryango ‘4 Jesus Initiative’ akaba ari umuryango ugamije guteza imbere abanyempano baba Kristo bafite impano zidahabwa umwanya mu rusengero. Nubishimwe Emmanuel Prince wateguye iki gikorwa…

Read More
Marina Rwanda

Marina yihakanye Bad Rama wamwise umukobwa we

Umuhanzikazi Marina yitandukanyije na Bad Rama wahoze ari umujyanama we mu bya muzika avuga ko ntaho agihuriye nawe bitewe nibyo yishoyemo byo gusebya igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi. Marina ibi yabitangaje nyuma yaho Bad Rama abwiye abamukurikirana ko Marina ari umukobwa we, arenzaho amagambo yo kumutaka ashaka kwerekana ko ari impano Imana yahaye i gihugu cy’u…

Read More

Semuhungu ahamya ko ibyo gusambana n’abasore yabibakoreraga nkuko nabo babimukorera

Eric Semuhungu uheruka gutabwa muri yombi, mu gihe hagitegerejwe ko hatangwa itariki urubanza ruzaburanishirizwaho, abasore babiri bamureze bavuze ibyo yabakoreye kugirango bamurege harimo kubasambanya ndetse no kubaha ibisindisha gusa nawe avuga ko ntawe yabikoreye ku gahato. Ibyaha bitatu nibyo Eric Semuhungu akurikiranyweho harimo ” icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye…

Read More