Editor

Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi bataramiye i Nyanza bigisha ku butwari – Amafoto

Abahanzi Nyarwanda bamenyerewe mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu barimo Mariya Yohana, Muyango, Sophie Nzayisenga n’abandi bataramiye abaturage bo mu karere ka Nyanza mu gitaramo cya mbere cya Ubutwari 2026. Ubutwari Tour Concert 2026 ni ibitaramo bizenguruka u Rwanda bifite insanganyamatsiko ivuga ku ‘Ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda nk’inkingi z’iterambere.’ Mu gutangira ibi bitaramo icya mbere cyaherereye mu ntara…

Read More

Dj Toxxyk yasabye igihe asanga ari gushinjwa ibyaha bine harimo n’ubwicanyi

Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka DJ Toxxyk akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha ibyaha bine birimo ubwicanyi buturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge. Akurikiranyweho kandi icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka no kwanga gusuzumishwa icyuma gipima alcohol. Ibyaha akurikiranyweho byamenyekanye kuri uyu wa 7 Mutarama 2026 ubwo yitabaga Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ngo aburane ku…

Read More

Nari Agahungu – Kalimpinya yagarutse ku wamushutse ngo ajye muri Miss Rwanda

Kalimpinya Queen wamenyekanye ubwo yitabiraga Miss Rwanda mu 2017 ndetse akaba igisonga cya gatatu, yagaragaje ko ajya muri iri rushanwa umuntu wamugiriye iyo nama yamukoreye ariko na none avuga ku rundi ruhande ko yamushutse. Yabigarutseho mu materaniro yateguwe na Apôtre Mignonne Kabera uyobora Women Foundation Ministries, mu cyo yari yise “Girls Impact Ministry – Pink…

Read More

Mu marira menshi ‘Oprah’ yicujije avuga ko yagize ubwana mu gutandukana na Katauti

Irene Uwoya ‘Oprah’ wahoze ari umugore wa Ndikumana Hamad Katauti wamamaye muri ruhago mu Rwanda, mu marira menshi yicujije impamvu ari we wagize uruhare mu gutandukana kwabo, agaragaza ko agize amahirwe yo kongera kumubona yakora byose akamusaba imbabazi. Uyu mugore yabigarutseho mu kiganiro cyitwa ‘A List’ akorana n’ibindi byamamare muri sinema ya Tanzania birimo Kajala…

Read More

Aubameyang yaruciye ararumira nyuma yo guhagarikwa burundu

Guverinoma ya Gabon yahagaritse by’agateganyo ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu Gikombe cya Afurika (AFCON) itarenze umutaru, inahagarika burundu rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang, ndetse inirukana umutoza Thierry Mouyouma. Minisitiri wa Siporo Simplice-Désiré Mamboula yatangaje ibi byemezo byafashwe nyuma yo gutsindwa ibitego 3-2 n’Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire mu mukino wabaye ku wa 31 Ukuboza 2025. Ibi byatumye…

Read More