Abanyarwanda baba mu Bushinwa ‘Guangzhou’ bagiye kwibuka ku nshuro ya 32
Nkuko Isi yose hamwe n’Abanyarwanda bakiri mu gikorwa cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi 1994 kimara iminsi 100 no mu batuye mu Bushinwa byumwihariko muri RCA-Guangzhou bari gutegura iki gikorwa kizaba muri uku kwezi. Iki gikorwa kizaba ku wa 25 Mata 2026, kibere muri Garden Hotel n’ubundi ibarizwa mu mujyi wa Guangzhou. Abanyarwanda baba mu Bushinwa…

