Editor

Ibidasanzwe ku bagiye kureba ubwirakabiri bw’izuba bari ku kwezi

Abanyamerika boherejwe n’ikigo cya NASA barimo uwitwa ‘Victor, Christine, Jeremy na Wiseman’ bagiye kuzenguruka ikirere cy’Ukwezi aho bazagera ku wa mbere. Mu bintu by’imbonekarimwe, iri tsinda ryagiye mu butumwa bwa Artemis ku wa mbere rizabasha kwibonera n’amaso ubwirakabiri bw’izuba bumara isaha imwe, ubwo bazaba barimo kuzenguruka Ukwezi. Mu gitondo cyo ku wa Kane kare cyane,…

Read More

Isak to return to training this week – Slot

Alexander Isak will return to team training on Thursday, Liverpool head coach Arne Slot has confirmed. Club record £125m signing Isak has been ruled out since December, having fractured his leg and had ankle surgery. The 26-year-old Sweden striker managed 16 appearances and scored three goals for the Reds before his injury against Tottenham. “I think Alex is…

Read More

Miss Naomie ahataniye igihembo mpuzamahanga cy’umwanditsi mwiza w’ibitabo

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2020, yashyizwe ku rutonde rw’abahataniye ibihembo Mpuzamahanga by’abanditsi b’ibitabo kiswe “Ebobea Book Awards”. Igitabo cye yise “More Than a Crown”, gihatanye muri ibi bihembo, yakimuritse ku wa 14 Ukuboza 2025. Naomie ahatanye n’abandi banditsi bakomeye ku Isi harimo Umwongereza witwa Jay Shetty ufite igitabo yise ‘Think like a monk’…

Read More

Hatanzwe konji y’iminsi ibiri mu bakozi bose

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu no ku wa Mbere w’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange ku bakoze bose bo mu nzego za Leta n’iz’abikorera. Iyi minsi y’ikiruhuko ikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo kuri uyu wa Kane tariki 02 Mata 2026. Iyi Minisiteri ivuga…

Read More

Amerika yohereje itsinda ry’abantu bane ku kwezi

Ubutumwa bw’ikigo cy’Amerika cy’ibyogajuru n’ubumenyi bw’ikirere (NASA), bwiswe Artemis II, bwa mbere bugiye ku Kwezi mu myaka irenga 50, bwahagurutse ndetse icyo cyogajuru ubu kiri mu kirere hejuru y’isi. Icyo cyogajuru kizaguma mu kirere mu gihe cy’amasaha 24 mu gihe abakirimo bagenzura niba ibintu byose bimeze neza – kandi niba byose bigenze neza kizahabwa uruhushya…

Read More

Urutonde rw’abakinnyi bakomeye batazagaragara mu gikombe cy’Isi cya 2026

Uru rutode rw’abakinnyi bakomeye batazagaragara mu gikombe cy’isi kubera ko amakipe yabo yabuze itike ruyobowe na rutahizamu wa FC Barcelona, Robert Lewandowski utazabasha kugaragara muri Canada, United States na Mexico – ahazabera iri rushanwa. Uyu mugabo w’imyaka 37 yaraye abuze aya mahirwe ubwo batsindwaga na Sweden ibitego 3-2 mu mukino wa kamarampaka. Ikipe y’igihugu amaze…

Read More

DR Congo yatanze konji yo ‘kwishimira’ kujya mu gikombe cy’isi

Minisiteri y’umurimo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yatanze ikiruhuko “mu gihugu hose” kuri uyu wa gatatu, nyuma yuko ikipe y’umupira w’amaguru y’icyo gihugu itsindiye itike yo gukina imikino y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka. Les Léopards – nkuko iyo kipe yitwa – yabigezeho itsinze ikipe y’igihugu ya Jamaica – izwi ku kabyiniriro ka Reggae Boyz –…

Read More