Editor

Shaddy Boo yakije umuriro kuri Prophet Joshua uri kugura igikundiro

Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo, yanenze Prophet Joshua ukomeje guha amafaranga abantu ngo bamusingize ku mbuga nkoranyambaga. Abinyujije kuri Instagram ye, Shaddyboo yagaragaje ko ari ibintu bibangamye cyane kuba isi igeze aho amafaranga akoreshwa mu kugura amajwi (uruvugiro), abana bakigishwa gasakuza bavuga izina ry’umuntu, nk’aho igikundiro kigurwa amafaranga. Shaddyboo avuga ko umuvugabutumwa…

Read More

Perezida Donald Trump yasimbutse urupfu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na visi Perezida we, JD Vance basimbutse urupfu ubwo bari mu musangiro muri ‘White House’, umuntu witwaje intwaro agatangira kuharasa. Byaberaga muri Hoteli Hilton y’i Washington DC. Perezida w’Amerika avuga ko umugabo witwaje imbunda nyinshi yashyizwe hasi “na zimwe mu ntwari zikomeye cyane” zo mu itsinda…

Read More

Ibihugu 10 bya mbere bicukura peteroli nyinshi ku isi

Nyuma y’uko amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Amerika na Israel na Irani mu gihe cy’ibyumweru bibiri atangiye gushyirwa mu bikorwa, ibihugu bicukura peteroli byatangiye kumenyekana cyane kuko byari byitezweho nk’amakiriro. Ikibazo cy’ibura rya peteroli cyavutse nyuma y’uko umuhora wa Hormuz, unyuramo 20% ya peteroli yose ku isi, ufunzwe. Ibi byatumye ibiciro bya peteroli bizamuka,…

Read More

Umugore wa mbere wahagarariye Afurika y’Epfo muri ‘Miss World’ yapfuye

Cynthia Shange, wabaye inkomarume, uzwi cyane nk’umugore wa mbere w’umwirabura wahagarariye Afurika y’Epfo mu irushanwa rikomeye ry’ubwiza rya ‘Miss World’ ryo mu gihe cy’ubutegetsi bw’ivangura bwa ba nyamucye b’abazungu (apartheid), yapfuye ku myaka 76. Ku mbuga nkoranyambaga, umukobwa we Nonhle Thema yatangaje inkuru y’urupfu rwe n’”umutima uremerewe cyane”, anashimira nyina ku bw’urukundo n’ubugwaneza bwe, asaba…

Read More

Aba-Kristo bafite impano bagiye guhabwa amahirwe yo kwigaragaza

Ni mu gikorwa cyahawe izina rya ‘Salt & light night’ kigiye kuba ku nshuro ya mbere aho bagamije guteza imbere abanyempano mu byiciro bitandukanye b’abarokore bihaye Imana. Ni igitaramo cyateguwe n’umuryango ‘4 Jesus Initiative’ akaba ari umuryango ugamije guteza imbere abanyempano baba Kristo bafite impano zidahabwa umwanya mu rusengero. Nubishimwe Emmanuel Prince wateguye iki gikorwa…

Read More
Marina Rwanda

Marina yihakanye Bad Rama wamwise umukobwa we

Umuhanzikazi Marina yitandukanyije na Bad Rama wahoze ari umujyanama we mu bya muzika avuga ko ntaho agihuriye nawe bitewe nibyo yishoyemo byo gusebya igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi. Marina ibi yabitangaje nyuma yaho Bad Rama abwiye abamukurikirana ko Marina ari umukobwa we, arenzaho amagambo yo kumutaka ashaka kwerekana ko ari impano Imana yahaye i gihugu cy’u…

Read More