Editor

Meddy na The Ben bazahurira mu gitaramo kimwe muri Amerika

Umuhanzi w’icyamamare Ngabo Medard Jorbert [Meddy] agiye guhurira n’abakunzi be muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gitaramo giteganyijwe muri “Rwanda Convention USA”, kimwe mu bikorwa bikomeye by’Abanyarwanda baba hanze y’igihugu. Rwanda Convention USA izabera muri Leta ya Phoenix, Arizona, kuva ku wa 4 kugeza ku wa 6 Nyakanga 2025. Abandi bahanzi batumiwe harimo na…

Read More

AMAFOTO: Miss Natasha Nyonyonzi yakiriwe nk’umwakikazi muri Uganda

Miss Natasha Nyonyozi wari uhagarariye Uganda mu irushanwa rya Miss World 2025 nyuma yo kuhava yegukanye igihembo yagarutse mu rugo yakirwa nk’umwamikazi. Uyu mukobwa wegukanye ikamba ry’umukobwa ufite ubwiza bufite intego yeretswe urukundo n’abaturage ba Uganda ubwo bajyaga kumufata ku kibuga cy’indege akanazenguruka umujyi wa Kampala asuhuza abawutuye. Uyu mukobwa yageze Kampala avuye i Telangana…

Read More

Umunya-Portugal wubatse amateka ashobora gutoza APR FC

Ikipe ya APR FC yatandukanye n’umutoza Darko Novic iri mu biganiro byo gusinyisha Umunya-Portugal Miguel Cardoso uhabwa amahirwe menshi ugereranyije n’abandi batoza bari kuvugwa muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu. Amakuru ari kuvugwa ariko ataremezwa ahamya ko iyi kipe nta gihindutse izatangaza umutoza mushya mu cyumweru gitaha kuko ibiganiro bigeze kure. Bivuze ko Nta gihindutse nko…

Read More

Nyuma ya Muyoboke na Noopja yavuze

Nduwimana Jean Paul uzwi ku izina rya Noopja mu muziki Nyarwanda yagarutse ku bimaze iminsi bivugwa mu ruganda rw’umuziki aho bamwe bitana bamwana bashinja abandi ko aho guteza umuziki imbere ahubwo bakomeje kugenda bawuroha mu manga. Ibi bije nyuma yaho abareberera inyungu z’abahanzi barimo Alex Muyoboke hamwe na Coach Gael bateranye amagambo berekana ko ibyo…

Read More

Ntabwo byatunguranye ku itandukana rya Kenny Sol na 1:55 AM

Umuhanzi Kenny Sol yatandukanye n’inzu ya 1:55 AM bari bamaze igihe bakorana bavuga ko gutandukana kwabo byabayeho mu mahoro. Mu itangazo bashyize hanze bagize bati “1:55 AM Ltd n’umuhanzi Kenny Sol batangaje ko guhera tariki ya 02 Kamena 2025, mu bwumvikane n’amahoro ko bagiye gukomeza inzira zitandukanye z’ubuhanzi.” Bakomeje bavuga ko nk’igisobanuro cy’urugendo rukomeye bagiranye…

Read More

Ibyaranze ubuzima bwa Mutesi Jolly ufite igisekuru i Bwami

Nyampinga Mutesi Jolly, ni umukobwa mwiza w’ikimero akagira urubavu ruto, arashinguye, umukobwa w’inzobe inoze, akagira amenyo y’urwererane mu ishinya y’igikara benshi bibazaho bakeka ko ibi atari karemano. Abamushidikanyaho abasubiza ati “Uwo mubona ni njye nyawe, ntabwo ari photoshop!” Umurebye ku maso agaragara nk’umukobwa w’umutesi, ucecekanye byinshi ndetse iyo umuganirije murebana mu maso, asubizanya gutekereza cyane…

Read More

Bwiza yasohoye amashusho y’indirimbo yakoranye na Loader

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise Nasara yakoranye na Producer Loader uri mu basanzwe bantunganya zimwe mu ndirimbo z’uyu mukobwa. Bwiza ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music asohoye iyi ndirimbo nyuma yo kumurikira abakunzi be Album yise 25 shades. ‘Nasara’ ni indirimbo y’urukundo, ikaba yaratungayijwe na Loader mu buryo bw’amajwi, amashusho…

Read More