Bagaragaye basomana kuri ‘Tiktok’ bategekwa guhita bashyingiranwa

Urukiko rwo muri Leta ya Kano muri Nigeria rwategetse ko umusore n’umukobwa bagaragaye ku mbuga nkoranyambaga basomana, bashyingirwa mu gihe kitarenze iminsi 60. Uyu musore witwa Idris Mai Wushirya n’umukobwa witwa Basira Yar Yuda, baherutse gushyira ku rubuga rwa Tiktok amashusho abagaragaza basomana, bagaragaza ko bakundana. Leta ya Kano igendera ku itegeko rya Isilamu rizwi…

Read More

Kuryama kare bifitanye isano n’igabanuka ry’ibyago byo kurwara umutima – Ubushakashatsi

Bisa nkaho hari igihe cyiza cyo kujya kuryama – hagati ya saa yine z’ijoro (22h) na saa tanu z’ijoro (23h) – gifitanye isano no kugira ubuzima bw’umutima bwiza kurushaho, nkuko bivugwa n’abashakashatsi bakoreye ubushakashatsi bwabo ku bantu 88,000 babugiyemo ku bushake. Itsinda ryakoze ubwo bushakashatsi bw’ikigo cyo mu Bwongereza cya UK Biobank ryemeza ko guhuza…

Read More

Menya ibintu byangiza ubuzima bw’uruhago n’uburyo wabyirinda

Biroroshye ko umuntu ashobora kwirengagiza ubuzima bw’uruhago kugezaho rutangiye gutera ibibazo by’ubuzima. Uru rugingo ruto, rumeze nka ‘ballon’, ruherereye mu nzira yo hepfo y’umuyoboro w’inkari, rubika bucece kandi rukarekura inkari, rufasha umubiri gusohora umwanda no gukomeza kuringaniza amazi akenewe mu mubiri wacu. Kimwe n’umutima cyangwa ibihaha, uruhago rukeneye kwitabwaho. Kubyirengagiza birashobora gutera kubura amahwemo, kwandura…

Read More

OpenAI mu ihangana rikomeye cyane na Google

Sosiyete ya OpenAI yashyize hanze porogaramu ifasha gufungura no gukoresha imbuga za interineti ikoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ‘AI’ yitwa ‘ChatGPT Atlas’, mu rwego rwo guhatana na Google Chrome, isanzwe ikoreshwa cyane muri ubu buryo. Iyi porogaramu ntikoresha uburyo busanzwe bukoreshwa ku zindi bwa ‘address bar’ ahubwo yo yubakiye kuri ChatGPT. Iyo uyigunfuye, ubona aho wandika…

Read More

Yakatiwe imyaka 12 kubera kwiyita Yesu

Sergey Torop yakatiwe gufungwa imyaka 12, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n’imitungo bya bamwe mu bayoboke b’idini rye yise ‘Idini ry’isezerano rya nyuma’ (Église du Dernier testament). Uwo mugabo wiswe Yezu wa Siberia, akaba agomba gufungirwa muri imwe mu magereza arinzwe cyane aho mu Burusiya, nk’uko byatangajwe n’Ibiro ntaramakuru by’Abongereza ‘Reuters’. Sergey Torop wahoze…

Read More