Ntibisanzwe: Ikipe yatsinze indi ibitego 16 mu gikombe cy’Isi mu mupira w’amaguru

Ikipe ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17, yatsinze iya New Caledonia ibitego16-0, ica agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe muri iki cyiciro. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 9 Ugushyingo 2025, ubwo amakipe yombi yahuraga aho ari mu Gikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 17, kirimo kubera i Doha muri Qatar. Ikipe ya New Caledonia yahuye n’uruva…

Read More

Bagaragaye basomana kuri ‘Tiktok’ bategekwa guhita bashyingiranwa

Urukiko rwo muri Leta ya Kano muri Nigeria rwategetse ko umusore n’umukobwa bagaragaye ku mbuga nkoranyambaga basomana, bashyingirwa mu gihe kitarenze iminsi 60. Uyu musore witwa Idris Mai Wushirya n’umukobwa witwa Basira Yar Yuda, baherutse gushyira ku rubuga rwa Tiktok amashusho abagaragaza basomana, bagaragaza ko bakundana. Leta ya Kano igendera ku itegeko rya Isilamu rizwi…

Read More

Passwords zirenga miliyoni 180 za Gmail zaribwe

Abakoresha ’e-mail’ za Gmail basabwe kwihutira kugenzura konti zabo nyuma y’uko hatangajwe ko ‘passwords’ zirenga miliyoni 183 z’abayikoresha zibwe, nk’uko byagaragajwe n’amakuru yatangajwe n’inzobere mu by’umutekano wo kuri murandasi. Umuhanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga ukomoka muri Australia, Troy Hunt, ni we watangaje aya makuru, avuga ko hari amakuru y’abantu arimo aderesi za email n’amagambo y’ibanga bakoresha…

Read More

Kuryama kare bifitanye isano n’igabanuka ry’ibyago byo kurwara umutima – Ubushakashatsi

Bisa nkaho hari igihe cyiza cyo kujya kuryama – hagati ya saa yine z’ijoro (22h) na saa tanu z’ijoro (23h) – gifitanye isano no kugira ubuzima bw’umutima bwiza kurushaho, nkuko bivugwa n’abashakashatsi bakoreye ubushakashatsi bwabo ku bantu 88,000 babugiyemo ku bushake. Itsinda ryakoze ubwo bushakashatsi bw’ikigo cyo mu Bwongereza cya UK Biobank ryemeza ko guhuza…

Read More

Kapiteni wa APR FC yiseguye ku bafana

Ikipe ya APR FC yakoze imyitozo yitegura umukino ifitanye na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Ugushyingo 2025. Ni imyitozo yakorewe Ishyorongi aho APR FC isanzwe ikorera ndetse itangazamakuru abafana bari bemerewe kuza kureba iyi myitozo, hagira bamwe bagira ibyo batangaza. Umwe mu bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru harimo na Niyomugabo Claude, Kapiteni wa APR…

Read More

Gen-Z Comedy Show igiye kujya itambuka kuri ZACU TV

ZACU TV yamaze kugura uburenganzira bwo kwerekana Gen-Z Comedy Show, kimwe mu bitaramo by’urwenya bikomeye kandi bikunzwe n’abatari bake mu Rwanda no hanze yarwo. Ibi byatangajwe nyuma y’amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Ugushyingo 2025, hagati y’ubuyobozi bwa Zacu Entertainment buyobowe na Misago Wilson ndetse na Fally Merci, utegura akanayobora ibitaramo bya…

Read More