Ntibisanzwe: Ikipe yatsinze indi ibitego 16 mu gikombe cy’Isi mu mupira w’amaguru
Ikipe ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17, yatsinze iya New Caledonia ibitego16-0, ica agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe muri iki cyiciro. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 9 Ugushyingo 2025, ubwo amakipe yombi yahuraga aho ari mu Gikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 17, kirimo kubera i Doha muri Qatar. Ikipe ya New Caledonia yahuye n’uruva…
Bagaragaye basomana kuri ‘Tiktok’ bategekwa guhita bashyingiranwa
Urukiko rwo muri Leta ya Kano muri Nigeria rwategetse ko umusore n’umukobwa bagaragaye ku mbuga nkoranyambaga basomana, bashyingirwa mu gihe kitarenze iminsi 60. Uyu musore witwa Idris Mai Wushirya n’umukobwa witwa Basira Yar Yuda, baherutse gushyira ku rubuga rwa Tiktok amashusho abagaragaza basomana, bagaragaza ko bakundana. Leta ya Kano igendera ku itegeko rya Isilamu rizwi…
Uwicyeza Pamella yahishuye uko yarokotse urupfu mu minsi ishize
Miss Uwicyeza Pamella umufasha wa The Ben yahishuye ko mu minsi ishize yakoze impanuka ikomeye, ku buryo yumvaga ko birangiye ariko Imana ikinga akaboko we n’abo bari kumwe ntibagira icyo baba. Ibi Pamella yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Taikun Ndahiro cyatambutse ku muyoboro wa YouTube ‘Narababwiye TV’, aho yari abajijwe ku mpanuka aherutse gukora. Yabajijwe…
Passwords zirenga miliyoni 180 za Gmail zaribwe
Abakoresha ’e-mail’ za Gmail basabwe kwihutira kugenzura konti zabo nyuma y’uko hatangajwe ko ‘passwords’ zirenga miliyoni 183 z’abayikoresha zibwe, nk’uko byagaragajwe n’amakuru yatangajwe n’inzobere mu by’umutekano wo kuri murandasi. Umuhanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga ukomoka muri Australia, Troy Hunt, ni we watangaje aya makuru, avuga ko hari amakuru y’abantu arimo aderesi za email n’amagambo y’ibanga bakoresha…
Kuryama kare bifitanye isano n’igabanuka ry’ibyago byo kurwara umutima – Ubushakashatsi
Bisa nkaho hari igihe cyiza cyo kujya kuryama – hagati ya saa yine z’ijoro (22h) na saa tanu z’ijoro (23h) – gifitanye isano no kugira ubuzima bw’umutima bwiza kurushaho, nkuko bivugwa n’abashakashatsi bakoreye ubushakashatsi bwabo ku bantu 88,000 babugiyemo ku bushake. Itsinda ryakoze ubwo bushakashatsi bw’ikigo cyo mu Bwongereza cya UK Biobank ryemeza ko guhuza…
Umukinnyi wa filime Saranda ari mu gahinda gakomeye
Umusizi akaba n’umukinnyi wa filime uri mu bagezweho mu Rwanda, Mutoni Saranda Oliva, ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we (mama we) witabye Imana azize uburwayi. Mutoni Saranda Oliva wamamaye nka Saranda Poetess yabuze umubyeyi we mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 6 Ugushyingo 2025. Amakuru avuga ko yari amaze igihe arwariye…
Umunyarwandakazi w’imyaka 44 ahatanye muri Miss Universe
Solange Tuyishime Keita ufite inkomoko mu Rwanda, ahatanye muri Miss Universe 2025, aho yanabaye Umunyarwanda wa mbere uhatanye muri iri rushanwa ry’ubwiza rikomeye cyane ku Isi. Solange Tuyishime Keita uri mu kigero cy’imyaka 44 ari guhatana n’abahagarariye ibihugu birenga 130 mu irushanwa riri kuba ku nshuro ya 74 rya Miss Universe mu Mujyi wa Bangkok…
Kapiteni wa APR FC yiseguye ku bafana
Ikipe ya APR FC yakoze imyitozo yitegura umukino ifitanye na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Ugushyingo 2025. Ni imyitozo yakorewe Ishyorongi aho APR FC isanzwe ikorera ndetse itangazamakuru abafana bari bemerewe kuza kureba iyi myitozo, hagira bamwe bagira ibyo batangaza. Umwe mu bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru harimo na Niyomugabo Claude, Kapiteni wa APR…
Musanze: Umugore yarumye igitsina Umugabo ari kwihorera
Mu ntara y’ Amajyarugu mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze umugore yarumye umugabo we igitsina abishaka agambiriye kwihorera. Umugabo wo mu Karere ka Musanze Mudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza, umugore yarumye igitsina umugabo we bari mu buriri. Umugore avuga ko intandaro yo kuruma umugabo we bashakanye byemewe…
Gen-Z Comedy Show igiye kujya itambuka kuri ZACU TV
ZACU TV yamaze kugura uburenganzira bwo kwerekana Gen-Z Comedy Show, kimwe mu bitaramo by’urwenya bikomeye kandi bikunzwe n’abatari bake mu Rwanda no hanze yarwo. Ibi byatangajwe nyuma y’amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Ugushyingo 2025, hagati y’ubuyobozi bwa Zacu Entertainment buyobowe na Misago Wilson ndetse na Fally Merci, utegura akanayobora ibitaramo bya…

