Herve Kasse

Handball: Ku ikubitiro uRwanda rwatangiranye intsinzi

Imikino ihuza amakipe y’Ibihugu by’Afurika mu bagabo, mu mukino w’intoki wa Handball (Africa cup of Nations Men’s) riri kubera mu Rwanda ku nshura ya 27 rya tangijwe n’umukino w’ikipe y’Igihugu cy’uRwanda na Zambia. Nyuma y’imyiyerekano y’Amakipe yitabiriye irushanwa Nyafurika rihuza amakipe y’Ibihugu riri kubera mu Rwanda, ikipe y’u Rwanda yakiriye ikipe ya Zambia ku mukino…

Read More

Yampano ibyo yakoze byamuteye Depression

Umuhanzi Yampano umaze iminsi mike ku butaka bw’Uburayi yagaragaje ibimenyetso by’Agahinda gakabije ko mu Mutima ( Depression). Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yanditse amagambo ateye ubwoba ndetse arimo amaganya menshi, agahinda gakabije no kwicuza ku byo yakoze, ikizere yagiriye abantu batagikwiye, bikamuviramo ku muhemukira no kumuta mu mazi abira. Mu…

Read More

Hamaze gufatwa 5 bakekwaho gusakaza amashusho ya Yampano.

Kuri uyu wa mbere ku gicamunsi nibwo hamenyekanye inkuru y’ifatwa rya bamwe mu bahungu babiri (2) biyongera ku bandi bakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’Umuhanzi Yampanto. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwemeje itabwa muri yombi ry’umusore Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka (Djihad) na mugenzi we Kwizera Nestor uzwi ku izina rya (Pappy Nesta). Aba basore babiri…

Read More

Annette wa Gafaranga yasohoye indirimbo ashima Imana ko yongeye ku mwubakira.

Umuhanzikazi w’indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana Annette Murava yasohoye indirimbo ashima Imana yamucishije mu bihe bigoye byatambutse yaramazemo igihe. Annette Murava washakanye n’Umugabo we Bishop Gafaranga wamenyekanye mu Rwanda biciye ku Mbugankoranyambaga zitandukanye barashima Imana babinyujije mu ndirimbo “Ndinde”. Umugabo Zachary Habiyaremye Wamamaye ku izina rya Bishop Gafaranga kubera ibikorwa cg imirimo yakoze abinyujije ku Mbugankoranyambaga…

Read More

StarTimes yerekanye “A Glimpse of China in the New Era”Igaragaza isura nshya y’u Bushinwa muruhando Nyafurika

StarTimes yatangije ku mugaragaro igihe gishya cya filime mbarankuru yiswe “A Glimpse of China in the New Era”, igamije guha abareba televiziyo uburyo bushya bwo gusobanukirwa umuco, ubuzima n’ubwiza bw’igihugu cy’u Bushinwa, binyuze mu maso y’abanyamahanga bahatuye. Iyi filime yerekanwe kuva muri Nzeri kugeza mu kwezi kw’Ukwakira kuri shene za televiziyo nka ST Zone, ST…

Read More

Volleyball: Hatowe abayobozi bashya muri (FRVB)

Kuwa Gatandatu i tariki 20 Nzeri 2025 mu cyumba cya Hotel Hill Top hateraniye inama rusanjye y’Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki mu Rwanda wa Volleyball (FRVB). Inama rusange y’abanyamuryango ba Volleyball mu Rwanda yariyo gutora abayobozi bashya b’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda FRVB nyumva ya manda y’imyaka 4 ishize nkuko biteganywa n’amategeko agenga iri shyirahamwe…

Read More