U Rwanda rwaje ku mwanya wa 139 ku Isi mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo nshya ya 2026 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku Isi (World Press Freedom Index), yasohowe n’Umuryango Mpuzamahanga w’Abanyamakuru batagira umupaka (Reporters Without Borders), igaragaza ko u Rwanda rwaje ku mwanya wa 139 mu bihugu 180 byasesenguwe. Mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, u Rwanda ruri inyuma ya bimwe mu bihugu bituranye na rwo. Uganda iri ku mwanya…

Read More

Ibyishimo byiganjemo gusetsa – Ibyaranze umugoroba w’Umwami Charles III na Trump

Umwami Charles III w’Ubwongereza na Perezida w’Amerika Donald Trump bagiye banyuzamo bagatera urwenya mu ijambo buri umwe muri bo yavuze, bituma umwuka woroha nubwo ubundi cyari igikorwa cyo ku rwego rwo hejuru. Umwami w’Ubwongereza ari mu ruzinduko rw’iminsi ine rwo ku rwego rwa leta muri Amerika yatangiye ku wa kabiri – rwa mbere rubayeho kuva…

Read More

Perezida Donald Trump yasimbutse urupfu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na visi Perezida we, JD Vance basimbutse urupfu ubwo bari mu musangiro muri ‘White House’, umuntu witwaje intwaro agatangira kuharasa. Byaberaga muri Hoteli Hilton y’i Washington DC. Perezida w’Amerika avuga ko umugabo witwaje imbunda nyinshi yashyizwe hasi “na zimwe mu ntwari zikomeye cyane” zo mu itsinda…

Read More

Ibihugu 10 bya mbere bicukura peteroli nyinshi ku isi

Nyuma y’uko amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Amerika na Israel na Irani mu gihe cy’ibyumweru bibiri atangiye gushyirwa mu bikorwa, ibihugu bicukura peteroli byatangiye kumenyekana cyane kuko byari byitezweho nk’amakiriro. Ikibazo cy’ibura rya peteroli cyavutse nyuma y’uko umuhora wa Hormuz, unyuramo 20% ya peteroli yose ku isi, ufunzwe. Ibi byatumye ibiciro bya peteroli bizamuka,…

Read More

Menya imiryango ya mbere 10 ikize ku Isi naho bakuye ubwo butunzi

Hashingiwe ku rutonde rwa Bloomberg rw’imiryango ikize cyane ku isi rwasohotse mu mpera za 2025 (rukubiyemo amakuru kugeza mu ntangiriro za 2026), ubutunzi bwayo buva ku bucuruzi, n’ubukungu bumaze igihe kirekire. Nyuma y’imyaka irenga mirongo itandatu Sam Walton afunguye iduka rye rya mbere muri Arkansas, abamuzungura barakize cyane kurusha mbere hose bitewe n’uko imigabane mpuzamahanga…

Read More

#Kwibuka32: Ali Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yavuze ko Kwibuka bigomba kuba urumuri rw’amahoro y’ahazaza. Ati ”Twifatanyije n’u Rwanda Kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kubibuka bitubere…

Read More