Menya imiryango ya mbere 10 ikize ku Isi naho bakuye ubwo butunzi

Hashingiwe ku rutonde rwa Bloomberg rw’imiryango ikize cyane ku isi rwasohotse mu mpera za 2025 (rukubiyemo amakuru kugeza mu ntangiriro za 2026), ubutunzi bwayo buva ku bucuruzi, n’ubukungu bumaze igihe kirekire. Nyuma y’imyaka irenga mirongo itandatu Sam Walton afunguye iduka rye rya mbere muri Arkansas, abamuzungura barakize cyane kurusha mbere hose bitewe n’uko imigabane mpuzamahanga…

Read More

#Kwibuka32: Ali Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yavuze ko Kwibuka bigomba kuba urumuri rw’amahoro y’ahazaza. Ati ”Twifatanyije n’u Rwanda Kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kubibuka bitubere…

Read More

Umunyarwenya ukomeye muri Nigeria yashyizeho uburyo bw’umwihariko bwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka

Umunyarwenya wo muri Nigeria, Doctall Kingsley yatangarije abafana be ko nta kintu azongera gushyira ku mbuga nkoranyambaga ze kugera mu Cyumweru gitaha ubwo hazaba hasojwe icyumweru cyo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Yavuze ko iki ari icyemezo yafashe mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, bityo ko mu cyumweru…

Read More

Rwabuze gica mu Nguge zo muri Uganda ziri mu ‘ntambara ikaze hagati yazo’

Itsinda rya mbere rinini cyane ku isi rizwi ry’inguge zo mu gasozi, ryacitsemo ibice ndetse rimaze imyaka umunani riri mu “ntambara ikaze hagati yazo”, nkuko abashakashatsi babivuga. Ntibisobanutse neza impamvu uyu muryango w’inguge wa Ngogo wahoze ubana neza muri Parike y’Igihugu ya Uganda yitwa ‘Kibale National Park’ ubu rwabuze gica hagati yazo, ariko guhera mu…

Read More

Ibidasanzwe ku bagiye kureba ubwirakabiri bw’izuba bari ku kwezi

Abanyamerika boherejwe n’ikigo cya NASA barimo uwitwa ‘Victor, Christine, Jeremy na Wiseman’ bagiye kuzenguruka ikirere cy’Ukwezi aho bazagera ku wa mbere. Mu bintu by’imbonekarimwe, iri tsinda ryagiye mu butumwa bwa Artemis ku wa mbere rizabasha kwibonera n’amaso ubwirakabiri bw’izuba bumara isaha imwe, ubwo bazaba barimo kuzenguruka Ukwezi. Mu gitondo cyo ku wa Kane kare cyane,…

Read More

Hatanzwe konji y’iminsi ibiri mu bakozi bose

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu no ku wa Mbere w’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange ku bakoze bose bo mu nzego za Leta n’iz’abikorera. Iyi minsi y’ikiruhuko ikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo kuri uyu wa Kane tariki 02 Mata 2026. Iyi Minisiteri ivuga…

Read More

Amerika yohereje itsinda ry’abantu bane ku kwezi

Ubutumwa bw’ikigo cy’Amerika cy’ibyogajuru n’ubumenyi bw’ikirere (NASA), bwiswe Artemis II, bwa mbere bugiye ku Kwezi mu myaka irenga 50, bwahagurutse ndetse icyo cyogajuru ubu kiri mu kirere hejuru y’isi. Icyo cyogajuru kizaguma mu kirere mu gihe cy’amasaha 24 mu gihe abakirimo bagenzura niba ibintu byose bimeze neza – kandi niba byose bigenze neza kizahabwa uruhushya…

Read More