Ku kirwa cya Bermuda hagaragaye ibuye ridasanzwe

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko hari ikibuye gifite uburebure bwa kilometero 20 kiri munsi y’ikirwa cya Bermuda, ibishobora kuba bifite aho bihuriye n’imiterere idasanzwe y’iki kirwa. Abakoze ubu bushakashatsi bavuga ko babonye icyo kibuye bifashishije ibikoresho bisanzwe bipima umutingito cyane cyane mu gice cy’inyanja. Aba bashakashatsi bagaragaza ko iryo buye rishobora kuba ryaraturutse ku iruka ry’ibirunga…

Read More

Hamaze gufatwa 5 bakekwaho gusakaza amashusho ya Yampano.

Kuri uyu wa mbere ku gicamunsi nibwo hamenyekanye inkuru y’ifatwa rya bamwe mu bahungu babiri (2) biyongera ku bandi bakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’Umuhanzi Yampanto. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwemeje itabwa muri yombi ry’umusore Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka (Djihad) na mugenzi we Kwizera Nestor uzwi ku izina rya (Pappy Nesta). Aba basore babiri…

Read More

Passwords zirenga miliyoni 180 za Gmail zaribwe

Abakoresha ’e-mail’ za Gmail basabwe kwihutira kugenzura konti zabo nyuma y’uko hatangajwe ko ‘passwords’ zirenga miliyoni 183 z’abayikoresha zibwe, nk’uko byagaragajwe n’amakuru yatangajwe n’inzobere mu by’umutekano wo kuri murandasi. Umuhanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga ukomoka muri Australia, Troy Hunt, ni we watangaje aya makuru, avuga ko hari amakuru y’abantu arimo aderesi za email n’amagambo y’ibanga bakoresha…

Read More

Umunyemari Jeff Bezos yakoze amateka yunguka miliyari 24 z’Amadorali mu munsi

Umunyemari Jeff Bezos yungutse miliyari 24 z’Amadorali mu munsi umwe kubera ko ikigo cya Amazon yashinze cyaciye agahigo k’uko imigabane yacyo yazamutse cyane kurusha uko byahoze. Tariki ya 31 Ukwakira 2025, iki kigo cyatangaje ko inyungu cyabonye kuri uwo munsi zazamutseho 11,5%, ibi byatumye umugabane umwe w’iki kigo ku isoko ry’imari n’imigabane rya Wall Street,…

Read More

Byatangajwe ko Samia Suluhu yatsinze amatora ya Perezida ku bwiganze bwo hejuru

Komisiyo y’amatora muri Tanzania yatangaje ko Samia Suluhu Hassan, wari usanzwe ari Perezida, ari we watsinze amatora ya perezida yabaye ku wa gatatu, n’amajwi hafi 98%. Komisiyo y’amatora itangaje ibi mu gihe hari ubwoba ko abantu babarirwa mu magana bapfiriye mu mvururu zabaye mu minsi yakurikiye amatora. Akanama k’amatora katangaje ko Perezida Samia yatsindiye manda…

Read More

StarTimes yerekanye “A Glimpse of China in the New Era”Igaragaza isura nshya y’u Bushinwa muruhando Nyafurika

StarTimes yatangije ku mugaragaro igihe gishya cya filime mbarankuru yiswe “A Glimpse of China in the New Era”, igamije guha abareba televiziyo uburyo bushya bwo gusobanukirwa umuco, ubuzima n’ubwiza bw’igihugu cy’u Bushinwa, binyuze mu maso y’abanyamahanga bahatuye. Iyi filime yerekanwe kuva muri Nzeri kugeza mu kwezi kw’Ukwakira kuri shene za televiziyo nka ST Zone, ST…

Read More
Bill gates mambo1

Abantu mu Buhinde bacitse ururondogoro kubera umuherwe Bill Gates

Abantu mu Buhinde bacitse ururondogoro nyuma yo kubona Bill Gates, umwe mu bagabo bakize ku Isi, ari mu kiganiro cy’urwenya gitambuka kuri Televiziyo cyitwa Kyunki Saas Bhi Kabhi Bahu Thi, bishatse kuvuga ngo “Na nyirabukwe w’umuntu yigeze kuba umukazana”. Iki kiganiro Gates agaragaramo ari kuganira n’umukinnyi akaba n’uwigeze kuba minisitiri, Smriti Irani, bavuga ku buzima…

Read More

Sadate yasabye imbabazi bitewe n’ibyo aherutse gutangaza bigateza impaka

Umunyemari Munyakazi Sadate yemeye ko yakoresheje imvugo idakwiye kubera ibyo yatangaje ko mu bihe biri Imbere Abanyarwanda bashobora kuzaha akazi gaciciritse Abarundi n’Abanyekongo, asaba imbabazi abagizweho ingaruka n’ubutumwa bwe. Ni nyuma yuko uyu mushoramari ukunze kwisanzura mu gutanga ibitekerezo atangaje ko Abanyarwanda bagomba gukora cyane ku buryo mu bihe biri imbere bashobora kuzaha akazi abaturanyi…

Read More