Rwabuze gica mu Nguge zo muri Uganda ziri mu ‘ntambara ikaze hagati yazo’

Itsinda rya mbere rinini cyane ku isi rizwi ry’inguge zo mu gasozi, ryacitsemo ibice ndetse rimaze imyaka umunani riri mu “ntambara ikaze hagati yazo”, nkuko abashakashatsi babivuga. Ntibisobanutse neza impamvu uyu muryango w’inguge wa Ngogo wahoze ubana neza muri Parike y’Igihugu ya Uganda yitwa ‘Kibale National Park’ ubu rwabuze gica hagati yazo, ariko guhera mu…

Read More

Ibidasanzwe ku bagiye kureba ubwirakabiri bw’izuba bari ku kwezi

Abanyamerika boherejwe n’ikigo cya NASA barimo uwitwa ‘Victor, Christine, Jeremy na Wiseman’ bagiye kuzenguruka ikirere cy’Ukwezi aho bazagera ku wa mbere. Mu bintu by’imbonekarimwe, iri tsinda ryagiye mu butumwa bwa Artemis ku wa mbere rizabasha kwibonera n’amaso ubwirakabiri bw’izuba bumara isaha imwe, ubwo bazaba barimo kuzenguruka Ukwezi. Mu gitondo cyo ku wa Kane kare cyane,…

Read More

Hatanzwe konji y’iminsi ibiri mu bakozi bose

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu no ku wa Mbere w’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange ku bakoze bose bo mu nzego za Leta n’iz’abikorera. Iyi minsi y’ikiruhuko ikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo kuri uyu wa Kane tariki 02 Mata 2026. Iyi Minisiteri ivuga…

Read More

Amerika yohereje itsinda ry’abantu bane ku kwezi

Ubutumwa bw’ikigo cy’Amerika cy’ibyogajuru n’ubumenyi bw’ikirere (NASA), bwiswe Artemis II, bwa mbere bugiye ku Kwezi mu myaka irenga 50, bwahagurutse ndetse icyo cyogajuru ubu kiri mu kirere hejuru y’isi. Icyo cyogajuru kizaguma mu kirere mu gihe cy’amasaha 24 mu gihe abakirimo bagenzura niba ibintu byose bimeze neza – kandi niba byose bigenze neza kizahabwa uruhushya…

Read More

Starmer w’Ubwongereza na Trump bavuganye bwa mbere nyuma yo kumunenga ku bijyanye na Iran

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer na Donald Trump bavuganye bwa mbere kuva uwo Perezida w’Amerika anenze n’umujinya igisubizo cy’Ubwongereza kuri Iran. Ibiro bya Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza – byitwa No 10 – byatangaje amakuru macye kuri icyo kiganiro cyo kuri telefone, bivuga ko abategetsi bombi baganiriye ku kuntu ibintu bimeze mu burasirazuba bwo hagati, no…

Read More

Ku kirwa cya Bermuda hagaragaye ibuye ridasanzwe

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko hari ikibuye gifite uburebure bwa kilometero 20 kiri munsi y’ikirwa cya Bermuda, ibishobora kuba bifite aho bihuriye n’imiterere idasanzwe y’iki kirwa. Abakoze ubu bushakashatsi bavuga ko babonye icyo kibuye bifashishije ibikoresho bisanzwe bipima umutingito cyane cyane mu gice cy’inyanja. Aba bashakashatsi bagaragaza ko iryo buye rishobora kuba ryaraturutse ku iruka ry’ibirunga…

Read More

Hamaze gufatwa 5 bakekwaho gusakaza amashusho ya Yampano.

Kuri uyu wa mbere ku gicamunsi nibwo hamenyekanye inkuru y’ifatwa rya bamwe mu bahungu babiri (2) biyongera ku bandi bakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni y’Umuhanzi Yampanto. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwemeje itabwa muri yombi ry’umusore Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka (Djihad) na mugenzi we Kwizera Nestor uzwi ku izina rya (Pappy Nesta). Aba basore babiri…

Read More

Passwords zirenga miliyoni 180 za Gmail zaribwe

Abakoresha ’e-mail’ za Gmail basabwe kwihutira kugenzura konti zabo nyuma y’uko hatangajwe ko ‘passwords’ zirenga miliyoni 183 z’abayikoresha zibwe, nk’uko byagaragajwe n’amakuru yatangajwe n’inzobere mu by’umutekano wo kuri murandasi. Umuhanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga ukomoka muri Australia, Troy Hunt, ni we watangaje aya makuru, avuga ko hari amakuru y’abantu arimo aderesi za email n’amagambo y’ibanga bakoresha…

Read More