Lionel Messi yaguze ikipe yo mu cyiciro cya gatanu

Icyamamare mu mupira w’amaguru, Umunya-Argentine Lionel Messi, ubu ni we nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Cornella ikina mu cyiciro cya gatanu muri Espagne. Uyu mukinnyi w’imyaka 38, wafashije Barcelona gutwara igikombe cya Champions League inshuro enye ndetse akegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne, La Liga, inshuro 10 ari kumwe na Barcelona, ubu akinira…

Read More

Perezida Kagame yashimiye amakipe akorana n’u Rwanda yageze muri 1/2 cya UCL

Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ikaba n’umufatanyabikorwa ukomeye w’u Rwanda binyuze muri gahunda ya #VisitRwanda, nyuma yo kugera muri 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions League ndetse ayifuriza amahirwe masa mu cyiciro gikurikira. Arsenal igeze muri ½ cya UEFA Champions League nyuma yo gusezerera Sporting Portugal, ku giteranyo cy’igitego 1-0 mu…

Read More

Abakinnyi ba DR Congo bahawe imodoka n’inzu

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yahembye buri mukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, nyuma yo gutsindira itike yo gukina imikino y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka, itsinze Jamaica igitego 1-0. Amafoto yatangajwe n’ibiro bya perezida wa DRC agaragaza Perezida Tshisekedi yakira abakinnyi b’ikipe y’igihugu Les Léopards ejo ku cyumweru mu murwa mukuru Kinshasa, ubwo bari…

Read More

Urutonde rw’abakinnyi bakomeye batazagaragara mu gikombe cy’Isi cya 2026

Uru rutode rw’abakinnyi bakomeye batazagaragara mu gikombe cy’isi kubera ko amakipe yabo yabuze itike ruyobowe na rutahizamu wa FC Barcelona, Robert Lewandowski utazabasha kugaragara muri Canada, United States na Mexico – ahazabera iri rushanwa. Uyu mugabo w’imyaka 37 yaraye abuze aya mahirwe ubwo batsindwaga na Sweden ibitego 3-2 mu mukino wa kamarampaka. Ikipe y’igihugu amaze…

Read More

DR Congo yatanze konji yo ‘kwishimira’ kujya mu gikombe cy’isi

Minisiteri y’umurimo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yatanze ikiruhuko “mu gihugu hose” kuri uyu wa gatatu, nyuma yuko ikipe y’umupira w’amaguru y’icyo gihugu itsindiye itike yo gukina imikino y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka. Les Léopards – nkuko iyo kipe yitwa – yabigezeho itsinze ikipe y’igihugu ya Jamaica – izwi ku kabyiniriro ka Reggae Boyz –…

Read More

Ni nde uhabwa amahirwe yo kuzegukana igikombe cy’isi cya 2026?

Igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico, iminsi iregereje. Hitezwe imikino irimo ihangana rikomeye, gutungurana, ndetse n’ibihe bidasanzwe ku bafana. Ariko se ni inde uhabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa? Tugendeye ku basesenguzi, ndetse n’icyo imibare igaragaza.? Urutonde rw’amakipe azitabira iri rushanwa ntiruramenyekana rwose, kuko imyanya itandatu iracyari…

Read More