Iran yabujije abakinnyi kujya mu bihugu by’abanzi

Muri iki gihe Minisiteri ya siporo ya Iran yabujije amakipe y’igihugu n’abakinnyi bayo kwitabira amarushanwa abera mu bihugu “by’abanzi”, nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru rya leta ya Iran. Ni mugihe yakinnye umukino wa gicuti na Nigeria irawutakaza. Iyo minisiteri yavuze ko “kuba amakipe y’igihugu n’amakipe asanzwe ajya mu bihugu bifatwa nk’iby’abanzi kandi bidashobora kurinda umutekano w’abakinnyi n’abagize…

Read More

Ubujurire bwa Senegal bugiye kuburanishwa byihuse

Urukiko mpuzamahanga rukemura amakimbirane mu mikino (CAS) rwatangaje ko ruzafata umwanzuro ku bujurire bwa Senegal “byihuse bishoboka” nyuma yuko yambuwe igikombe cy’Afurika. Senegal yatsinze Maroc igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabaye ku itariki ya 18 Mutarama (1), ariko ibyo byaje guhindurwa biba 3-0 ku ruhande rwa Maroc. Abakinnyi ba Senegal bavuye mu kibuga bigaragambya…

Read More

Ibitazibagirana kuri Mohamed Salah wasezeye Liverpool

Umukinnyi ukomomoka muri Misiri, Mohamed Salah yasezeye ikipe ya Liverpool azavamo mu mpera z’umwaka w’imikino 2025-2026 nyuma y’imyaka icyenda ayikinira. Ibi Mohamed Salah yabitangarije mu mashusho yanyujije ku mbugankoranyambaga ze. Yagize ati “Mu byukuri, umunsi wageze. Iki ni igice cya mbere cyo gusezera kwanjye. Mu mpera z’umwaka w’imikino nzava muri Liverpool.” “Ndatangira mvuga ko ntigeze…

Read More

Kenya ishobora kwamburwa kwakira igikombe cya Afurika

Kenya ishobora gukurwa mu bihugu bizakira imikino y’Igikombe cya Afurika cya 2027, nyuma y’uko ikomeje kugenda biguru ntege mu kubaka ibikorwaremezo ndetse no kubura miliyoni 30$ y’ikiguzi cyo kwakira irushanwa. Kuva tariki ya 9 Kamena kugeza ku ya 18 Nyakanga 2027, muri Afurika y’Iburasirazuba hazaba hari kubera Igikombe cya Afurika kizakirwa na Kenya ifatanyije na…

Read More

Intsinzi ya Sénégal yaburijwemo Maroc ihabwa igikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Maroc yatangajwe ko ari yo yegukanye igikombe cy’Afurika cy’ibihugu cya 2025, nyuma yuko impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kuri uyu mugabane (CAF) iburijemo ibyavuye mu mukino wa nyuma kubera kwikura mu kibuga kwa Sénégal kwateje impaka. Sénégal yatsinze Maroc igitego 1-0 muri uwo mukino wa nyuma wo ku itariki ya 18 Mutarama…

Read More

Umwaka utaha birashoboka ko ‘Kiyovu, As Kigali na Gasogi’ byazahinduka ikipe imwe!

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye amakipe ya Kiyovu Sports, AS Kigali na Gasogi United kwihuza agakora ikipe imwe y’Umujyi izatangirana n’umwaka w’imikino 2026-2027. Ibi bikubiye mu ibaruwa Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yandikiye aya makipe arimo iyanditse tariki 12 Werurwe 2026 aho ifite impamvu yo gushyiraho ikipe imwe y’umupira w’amaguru y’umujyi wa Kigali. Muri…

Read More

Umukinnyi Tchouaméni yahakanye iby’agahinda yatewe n’umukunzi we

Umukinnyi Aurélien Tchouaméni ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yanyomoje ubutumwa yitiriwe bwagaragaza ko yafashe umukunzi we aryamanye n’undi mugabo, avuga ko konti y’urubuga nkoranyambaga bwanyujijweho atari iye. Mu minsi yashize ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye ubutumwa bwavugaga ko umukinnyi mpuzamahanga w’Umufaransa Aurélien Tchouaméni yaba yarahemukiwe n’umukunzi we, Suzette Carter, ibintu byatumye benshi mu…

Read More

Rayon Sports yujuje imikino itatu idatsinda

Ikipe ya Etincelles FC yujuje imikino itanu idatsindwa yahagamye Rayon Sports yujuje itatu idatsinda banganya 1-1 mu mukino w’umunsi wa 23 wa Rwanda Premier League wabereye kuri Stade Umuganda kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2026. Mu mpera z’iki cyumweru kuri Sitade Umuganda i Rubavu niho ikipe ya Rayon Sports yatakarije amanota abiri ku…

Read More