Ni nde uhabwa amahirwe yo kuzegukana igikombe cy’isi cya 2026?

Igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico, iminsi iregereje. Hitezwe imikino irimo ihangana rikomeye, gutungurana, ndetse n’ibihe bidasanzwe ku bafana. Ariko se ni inde uhabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa? Tugendeye ku basesenguzi, ndetse n’icyo imibare igaragaza.? Urutonde rw’amakipe azitabira iri rushanwa ntiruramenyekana rwose, kuko imyanya itandatu iracyari…

Read More

Abakinnyi 5 barimo Ruboneka basezerewe mu Mavubi mbere y’umukino

Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda barimo Ruboneka Jean Bosco basezerewe mbere yo gukina umukino wa mbere mu mikino ya FIFA Series 2026. Nyuma y’imyitozo ya nyuma mbere yo gukina na Grenada, ubwo abakinnyi bari bagiye gusangira abakinnyi batanu bahamagawe n’umutoza ababwira ko ari bo bahisemo ko batakomezanya n’ikipe y’igihugu.  Aba bakinnyi basezerewe barimo Nshuti…

Read More

Iran yabujije abakinnyi kujya mu bihugu by’abanzi

Muri iki gihe Minisiteri ya siporo ya Iran yabujije amakipe y’igihugu n’abakinnyi bayo kwitabira amarushanwa abera mu bihugu “by’abanzi”, nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru rya leta ya Iran. Ni mugihe yakinnye umukino wa gicuti na Nigeria irawutakaza. Iyo minisiteri yavuze ko “kuba amakipe y’igihugu n’amakipe asanzwe ajya mu bihugu bifatwa nk’iby’abanzi kandi bidashobora kurinda umutekano w’abakinnyi n’abagize…

Read More

Ubujurire bwa Senegal bugiye kuburanishwa byihuse

Urukiko mpuzamahanga rukemura amakimbirane mu mikino (CAS) rwatangaje ko ruzafata umwanzuro ku bujurire bwa Senegal “byihuse bishoboka” nyuma yuko yambuwe igikombe cy’Afurika. Senegal yatsinze Maroc igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabaye ku itariki ya 18 Mutarama (1), ariko ibyo byaje guhindurwa biba 3-0 ku ruhande rwa Maroc. Abakinnyi ba Senegal bavuye mu kibuga bigaragambya…

Read More

Ibitazibagirana kuri Mohamed Salah wasezeye Liverpool

Umukinnyi ukomomoka muri Misiri, Mohamed Salah yasezeye ikipe ya Liverpool azavamo mu mpera z’umwaka w’imikino 2025-2026 nyuma y’imyaka icyenda ayikinira. Ibi Mohamed Salah yabitangarije mu mashusho yanyujije ku mbugankoranyambaga ze. Yagize ati “Mu byukuri, umunsi wageze. Iki ni igice cya mbere cyo gusezera kwanjye. Mu mpera z’umwaka w’imikino nzava muri Liverpool.” “Ndatangira mvuga ko ntigeze…

Read More

Intsinzi ya Sénégal yaburijwemo Maroc ihabwa igikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Maroc yatangajwe ko ari yo yegukanye igikombe cy’Afurika cy’ibihugu cya 2025, nyuma yuko impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru kuri uyu mugabane (CAF) iburijemo ibyavuye mu mukino wa nyuma kubera kwikura mu kibuga kwa Sénégal kwateje impaka. Sénégal yatsinze Maroc igitego 1-0 muri uwo mukino wa nyuma wo ku itariki ya 18 Mutarama…

Read More