Hamenyekanye umunsi Rayon Sports izakina na APR FC muri Super Cup
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje itariki izakinirwaho umukino wa Super Cup uzahuza ikipe ya APR FC na Rayon Sports, uzaba tariki 10 Mutarama 2026. Ni mu ibaruwa yaturutse mu Bunyamabanga Bukuru bwa FERWAFA bukuriwe na Mugabe Bonnie, aho amakipe ya APR FC na Rayon Sports mu bagabo ndetse na Rayon Sports n’Indahangarwa mu…

