Bukayo Saka yambitse umukunzi we impeta y’agatangaza

Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo mu Mujyi wa London mu Bwongereza. Uyu rutahizamu wa Arsenal, Bukayo Saka, yasabye Tolami Benson kuzamushyingirwa akamubera umugore nyuma y’imyaka itanu bakundana. Ibi birori byaraye bibereye muri hoteli ikomeye yo mu Mujyi wa London mu…

Read More

Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal

Perezida Paul Kagame yishimiye intsinzi y’ikipe ya Arsenal nyuma yo gutsinda Bayern Munich yo mu Budage ibitego 3-1, mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa UEFA Champions. Mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanyujije ku rubuga rwa X, yagize ati “Arsenal yaduteye ishema twese. Turabashimiye.” Arsenal yatsinze Bayern Munich ibifashijwemo na Jurrien Timber watsinze igitego cya mbere ku…

Read More

Bwa mbere ‘myugariro’ yabaye umukinnyi w’umwaka muri Afurika

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ya Maroc na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Achraf Hakimi, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi Mwiza w’Umunyafurika mu mwaka wa 2025. Ni mu bihembo byatanzwe n’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika, CAF. Uyu muhango wo guhemba abakinnyi bitwaye neza ku Mugabane wa Afurika wabaye mu ijoro ryo ku Gatatu, tariki 19 Ugushyingo 2025, muri Maroc….

Read More

Nyuma y’imyaka umunani Arsenal na Visit Rwanda bagiye guhagarika imikoranire

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambera mu Rwanda, RDB, rwatangaje ko Arsenal FC na Visit Rwanda bazahagarika gukorana muri Kamena 2026 nyuma y’imyaka Umunani. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Ugushyingo 2025, aho byemejwe ko Arsenal FC hamwe na RDB bemeranyije guhagarika ubufatanye ubwo iyi Saison izaba irangiye. Visit Rwanda yari umufatanyabikorwa ukomeye wa Arsenal…

Read More

FIFA yafatiye ibihano ikipe ya Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryafatiye ibihano amakipe 14 arimo Rayon Sports kubera abari abakozi ba yo bayareze bayashinja kudashyira mu bikorwa amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11 Ugushyingo 2025, ni bwo hamenyekanye amakipe 14 yafatiwe ibihano na FIFA kubera amakosa aya makipe yakoze yo kwirukana abari abakozi…

Read More

Ntibisanzwe: Ikipe yatsinze indi ibitego 16 mu gikombe cy’Isi mu mupira w’amaguru

Ikipe ya Maroc y’abatarengeje imyaka 17, yatsinze iya New Caledonia ibitego16-0, ica agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mukino umwe muri iki cyiciro. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki 9 Ugushyingo 2025, ubwo amakipe yombi yahuraga aho ari mu Gikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 17, kirimo kubera i Doha muri Qatar. Ikipe ya New Caledonia yahuye n’uruva…

Read More