Umwaka utaha birashoboka ko ‘Kiyovu, As Kigali na Gasogi’ byazahinduka ikipe imwe!

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye amakipe ya Kiyovu Sports, AS Kigali na Gasogi United kwihuza agakora ikipe imwe y’Umujyi izatangirana n’umwaka w’imikino 2026-2027. Ibi bikubiye mu ibaruwa Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yandikiye aya makipe arimo iyanditse tariki 12 Werurwe 2026 aho ifite impamvu yo gushyiraho ikipe imwe y’umupira w’amaguru y’umujyi wa Kigali. Muri…

Read More

Umukinnyi Tchouaméni yahakanye iby’agahinda yatewe n’umukunzi we

Umukinnyi Aurélien Tchouaméni ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yanyomoje ubutumwa yitiriwe bwagaragaza ko yafashe umukunzi we aryamanye n’undi mugabo, avuga ko konti y’urubuga nkoranyambaga bwanyujijweho atari iye. Mu minsi yashize ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye ubutumwa bwavugaga ko umukinnyi mpuzamahanga w’Umufaransa Aurélien Tchouaméni yaba yarahemukiwe n’umukunzi we, Suzette Carter, ibintu byatumye benshi mu…

Read More

Rayon Sports yujuje imikino itatu idatsinda

Ikipe ya Etincelles FC yujuje imikino itanu idatsindwa yahagamye Rayon Sports yujuje itatu idatsinda banganya 1-1 mu mukino w’umunsi wa 23 wa Rwanda Premier League wabereye kuri Stade Umuganda kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2026. Mu mpera z’iki cyumweru kuri Sitade Umuganda i Rubavu niho ikipe ya Rayon Sports yatakarije amanota abiri ku…

Read More

Handball: Ku ikubitiro uRwanda rwatangiranye intsinzi

Imikino ihuza amakipe y’Ibihugu by’Afurika mu bagabo, mu mukino w’intoki wa Handball (Africa cup of Nations Men’s) riri kubera mu Rwanda ku nshura ya 27 rya tangijwe n’umukino w’ikipe y’Igihugu cy’uRwanda na Zambia. Nyuma y’imyiyerekano y’Amakipe yitabiriye irushanwa Nyafurika rihuza amakipe y’Ibihugu riri kubera mu Rwanda, ikipe y’u Rwanda yakiriye ikipe ya Zambia ku mukino…

Read More

Aubameyang yaruciye ararumira nyuma yo guhagarikwa burundu

Guverinoma ya Gabon yahagaritse by’agateganyo ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu Gikombe cya Afurika (AFCON) itarenze umutaru, inahagarika burundu rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang, ndetse inirukana umutoza Thierry Mouyouma. Minisitiri wa Siporo Simplice-Désiré Mamboula yatangaje ibi byemezo byafashwe nyuma yo gutsindwa ibitego 3-2 n’Ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire mu mukino wabaye ku wa 31 Ukuboza 2025. Ibi byatumye…

Read More

Cristiano Ronaldo yaguze inzu y’agatangaza ku kirwa cyo mu nyanja itukura

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal na Al-Nassr, Cristiano Ronaldo n’umugore we Georgina Rodríguez, baguze inzu ebyiri zifite agaciro ka miliyoni 7£ (agera kuri miliyari 13,7 Frw) ku kirwa cyo mu Nyanja Itukura. Ronaldo ukinira Al Nassr, yahawe miliyoni 492£ (miliyari 967,7 Frw) muri Kamena, ubwo yongeraga amasezerano yo gukomeza gukinira iyi kipe yo muri Arabie…

Read More

Intego yacu ni uko mu myaka 2 tugomba kuzakina igikombe cy’isi – FERWAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yatangaje ko we n’abo bafatanyije kuyobora, bafite intego y’uko mu myaka ibiri iri imbere, ari uko u Rwanda ruzahagararirwa mu Gikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 17. Tariki ya 11 Ukuboza 2025, habaye ikiganiro n’abanyamakuru, cyarimo Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, Umunyamabanga Mukuru we, Bonnie Mugabe,…

Read More

Amabwiriza n’ibihano bizagenga igikombe cy’Afurika

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yamenyesheje amakipe amabwiriza agenga irushanwa ry’Igikombe cya Afurika 2024 ariko kigiye gukinwa muri 2025 na 2026. Iri rushanwa rizabera muri Maroc guhera tariki ya 21 Ukuboza 2025 kugeza tariki ya 18 Mutarama 2026. Ibihugu 52 bigeze Umugabane wa Afurika nk’uko bisanzwe. Mbere y’uko iri rushanwa ritangira, CAF…

Read More