RIB yafunze Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.
RIB ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yemeje ko abarimo Kalisa Adolphe ‘Camarade’ wari Umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, (FERWAFA) na mugenzi we warushinzwe ibikoresho mu ikipe y’igihugu (Amavubi) bari mu maboko y’Ubugenza cyaha bwa (RIB). Mu gicamunsi cyo kuwa kabiri i Taliki 16 Nzeri 2025 binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa (X), Urwego rw’ubugenza cyaha…

