Herve Kasse

RIB yafunze Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.

RIB ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yemeje ko abarimo Kalisa Adolphe ‘Camarade’ wari Umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, (FERWAFA) na mugenzi we warushinzwe ibikoresho mu ikipe y’igihugu (Amavubi) bari mu maboko y’Ubugenza cyaha bwa (RIB). Mu gicamunsi cyo kuwa kabiri i Taliki 16 Nzeri 2025 binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa (X), Urwego rw’ubugenza cyaha…

Read More

Ikipe y’igihugu ya Volleyball U20 yageze mu Misiri amahoro.

Ikipe y’igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 yageze mu Misiri Amahoro ahazabera igikombe cy’ Afurika. Mu rukerera rwo kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nzeri nibwo ikipe y’igihugu y’ingimbi mu mukino wa volleyball yageze mu gihugu cya misiri ahazabera igikombe cy’ Afurika. Mu rugende rurerure uvuye i Kigali, ikipe y’igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 20, yageze…

Read More

Nyamirambo: Ubuzima bw’Umugore watemaguwe buri mu Kangaratete.

Kuwa 10 Nzeri 2025 mu masaha ya Nijoro mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyamirambo mu Kagari ka Rwampala abagizi banabi batemaguye abantu maze bariruka. Abagabo batatu (3) batari bamenyekana baraye bagaragaye mu mashusho ya kwirakwijwe ku Mbugankoranyambaga batemagura umugore waruvuye mu kazi atashye, bagamije kumugirira nabi, kumwiba no kumwambura ibyo yarafite byose. Ntibyagarukiye…

Read More

Afunzwe azira gushaka Views na Followers

Ku wa Mbere i taliki 8 nzeri 2025 mu karere ka Musanze Urwego rw’ubugenzecyaha RIB rwataye muri yombi umusore wasakaje amashusho kuri Ticktock yambaye imyenda ya RIB atari umukozi wayo. Ndagijimana Stratton afungiye ku Station ya RIB iri kuri Gereza ya Muhoze yo mu karere ka Musanze mu ntara y’Amajyarugu azira kwifotozanya imyambaro iriho ibirangantego…

Read More