Ibyo Lugumi atahawe na Mutesi Jolly yaba ari kubibona kwa Alliah Cool!!

Umushoramari ukomeye wo muri Tanzania Lugumi Saidi wari umaze iminsi ari kuvugwaho umubano udasanzwe na Alliah Cool kwihishira byanze yerekana ko yihebeye uyu mugore. Alliah si we mu Nyarwandakazi wa mbere waba avuzweho gucudikana n’uyu mugabo dore ko yabanjirijwe na Mutesi Jolly bakanyujijeho nabwo cyane ku mbuga nkoranyambaga. Lugumi Saidi yigaragaje ubwo yajyaga ahatangirwa ibitekerezo…

Read More

Carrick ‘should get the job’ – Lingard

Former Manchester United forward Jesse Lingard believes Michael Carrick should be given the full-time managerial job this summer. Lingard, who progressed through United’s academy, played alongside Carrick and went on to be coached by him a few years later. “They’ve come on leaps and bounds,” said Lingard. “It’s difficult when you’ve got different managers coming…

Read More

DC Clement yatanze ingwate y’inzu asaba kurekurwa by’agateganyo

Niyigaba Clement yitabye urukiko asaba gukurikiranwa ari hanze, avuga ko ibyo akurikiranyweho byatewe n’umujinya yatewe n’ikorwa ryo gusenya ishuri yari amaze gushoramo amafaranga menshi. Yatanze ingwate y’inzu iri mu Busanza mu Mujyi wa Kigali ifite agaciro kari hagati ya miliyoni 140 na 170 Frw. Yasobanuye kandi ko yari yaragiranye amasezerano na Anatole Uragiwenimana yo kugura…

Read More

Shaddy Boo yakije umuriro kuri Prophet Joshua uri kugura igikundiro

Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo, yanenze Prophet Joshua ukomeje guha amafaranga abantu ngo bamusingize ku mbuga nkoranyambaga. Abinyujije kuri Instagram ye, Shaddyboo yagaragaje ko ari ibintu bibangamye cyane kuba isi igeze aho amafaranga akoreshwa mu kugura amajwi (uruvugiro), abana bakigishwa gasakuza bavuga izina ry’umuntu, nk’aho igikundiro kigurwa amafaranga. Shaddyboo avuga ko umuvugabutumwa…

Read More

Perezida Donald Trump yasimbutse urupfu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na visi Perezida we, JD Vance basimbutse urupfu ubwo bari mu musangiro muri ‘White House’, umuntu witwaje intwaro agatangira kuharasa. Byaberaga muri Hoteli Hilton y’i Washington DC. Perezida w’Amerika avuga ko umugabo witwaje imbunda nyinshi yashyizwe hasi “na zimwe mu ntwari zikomeye cyane” zo mu itsinda…

Read More

Ibihugu 10 bya mbere bicukura peteroli nyinshi ku isi

Nyuma y’uko amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Amerika na Israel na Irani mu gihe cy’ibyumweru bibiri atangiye gushyirwa mu bikorwa, ibihugu bicukura peteroli byatangiye kumenyekana cyane kuko byari byitezweho nk’amakiriro. Ikibazo cy’ibura rya peteroli cyavutse nyuma y’uko umuhora wa Hormuz, unyuramo 20% ya peteroli yose ku isi, ufunzwe. Ibi byatumye ibiciro bya peteroli bizamuka,…

Read More