Abakinnyi 5 barimo Ruboneka basezerewe mu Mavubi mbere y’umukino

Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda barimo Ruboneka Jean Bosco basezerewe mbere yo gukina umukino wa mbere mu mikino ya FIFA Series 2026. Nyuma y’imyitozo ya nyuma mbere yo gukina na Grenada, ubwo abakinnyi bari bagiye gusangira abakinnyi batanu bahamagawe n’umutoza ababwira ko ari bo bahisemo ko batakomezanya n’ikipe y’igihugu.  Aba bakinnyi basezerewe barimo Nshuti…

Read More

Iran yabujije abakinnyi kujya mu bihugu by’abanzi

Muri iki gihe Minisiteri ya siporo ya Iran yabujije amakipe y’igihugu n’abakinnyi bayo kwitabira amarushanwa abera mu bihugu “by’abanzi”, nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru rya leta ya Iran. Ni mugihe yakinnye umukino wa gicuti na Nigeria irawutakaza. Iyo minisiteri yavuze ko “kuba amakipe y’igihugu n’amakipe asanzwe ajya mu bihugu bifatwa nk’iby’abanzi kandi bidashobora kurinda umutekano w’abakinnyi n’abagize…

Read More

Austin na Kibonke bagezweho!! Menya abahanzi Nyarwanda bafite Utubari na Resitora

Iyo bari mu biganiro ni kenshi abahanzi cyangwa ibindi byamamare babazwa ibyo bakunze kuba bahugiyemo mugihe batari mu kazi ka muzika cyangwa ibitaramo. Usanga abahanzi benshi bajya mu kandi kazi gafitanye isano n’ubucuruzi bw’umuziki, aho bashinga ama Studio cyangwa bagakora inzu zifasha abandi bahanzi bakiri bashya mu muziki. Kuri ubu bamwe basigaye bajya mu bushabitsi…

Read More

Ubujurire bwa Senegal bugiye kuburanishwa byihuse

Urukiko mpuzamahanga rukemura amakimbirane mu mikino (CAS) rwatangaje ko ruzafata umwanzuro ku bujurire bwa Senegal “byihuse bishoboka” nyuma yuko yambuwe igikombe cy’Afurika. Senegal yatsinze Maroc igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabaye ku itariki ya 18 Mutarama (1), ariko ibyo byaje guhindurwa biba 3-0 ku ruhande rwa Maroc. Abakinnyi ba Senegal bavuye mu kibuga bigaragambya…

Read More

“Bakoranye ubugome” YouTube na Google batsinzwe mu rubanza ku wabaswe n’imbuga nkoranyambaga

Urukiko rw’i Los Angeles muri Amerika rwatangaje intsinzi itari yarigeze ibaho mbere ku mukobwa ukiri muto wari warareze Meta na YouTube ku bijyanye no kugirwa imbata n’imbuga nkoranyambaga akiri umwana. Abacamanza basanze kompanyi Meta, nyiri Instagram, Facebook na WhatsApp, hamwe na Google, nyiri YouTube, zarashyizeho ku bushake imbuga nkoranyambaga zigira abantu imbata (gukoresha nta kwitangira)…

Read More

Filime ‘Zirara Zishya’ yazamuye abarimo Nzovu na Papa Sava igiye gusubukurwa

Filime y’uruhererekane yakunzwe cyane mu Rwanda guhera mu myaka ya za 2010, Zirara Zishya, igiye kongera gukorwa nyuma y’imyaka igera kuri 20 yari ishize ihagaritswe. Zirara Zishya ni filime igaruka ku buzima bwo mu miryango, igaragaza amakimbirane n’imibanire hagati y’abashakanye n’abaturanyi, ibintu byatumye igira abafana benshi mbere y’uko ihagarara. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi wayo, Charles…

Read More

Ibitazibagirana kuri Mohamed Salah wasezeye Liverpool

Umukinnyi ukomomoka muri Misiri, Mohamed Salah yasezeye ikipe ya Liverpool azavamo mu mpera z’umwaka w’imikino 2025-2026 nyuma y’imyaka icyenda ayikinira. Ibi Mohamed Salah yabitangarije mu mashusho yanyujije ku mbugankoranyambaga ze. Yagize ati “Mu byukuri, umunsi wageze. Iki ni igice cya mbere cyo gusezera kwanjye. Mu mpera z’umwaka w’imikino nzava muri Liverpool.” “Ndatangira mvuga ko ntigeze…

Read More

Nicki Minaj ari gushinjwa ubwambuzi

Nicki Minaj, umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Rap, yajyanywe mu nkiko, ashinjwa kutishyura Amadolari ya Amerika 275,000 bivugwa ko yakoreshejwe mu gutegura ibitaramo bye. Nk’uko inyandiko z’Urukiko zibigaragaza, kompanyi yitwa ‘24/7 Productions’ yareze Nicki Minaj hamwe na sosiyete ye yitwa Pink Friday Productions, ivuga ko ari bo bishyuye mbere amafaranga yo gutegura ibikorwa bitandukanye by’ibitaramo…

Read More