Shaddy Boo mu nzira zo kubaka Isi ye idakeneye impuhwe z’abantu
Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo yatangaje iby’agahinda yatewe n’isi avuga ko ubu aricyo gihe cyo guhindura imibereho akagaruka mu buzima bwiza butagamije kwangiza abandi bantu. Uyu mugore yatangaje ibi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kwerekana ko ari guhinduka mu myitwarire bitewe nibyo Isi yamukoreye. Akaba yarafashe umwanzuro ko Isi…

