DR Congo yatanze konji yo ‘kwishimira’ kujya mu gikombe cy’isi

Minisiteri y’umurimo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yatanze ikiruhuko “mu gihugu hose” kuri uyu wa gatatu, nyuma yuko ikipe y’umupira w’amaguru y’icyo gihugu itsindiye itike yo gukina imikino y’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka. Les Léopards – nkuko iyo kipe yitwa – yabigezeho itsinze ikipe y’igihugu ya Jamaica – izwi ku kabyiniriro ka Reggae Boyz –…

Read More

Turahirwa Moses arasoza igihano yinjira mu kindi cy’imyaka itatu

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses. Ku wa 30 Werurwe 2026 Urukiko Rukuru rwa Kigali rwakatiye Turahirwa Moses igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri 2024 urukiko rwamuhamije icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko mpimbano. Icyo gihano Turahirwa…

Read More

Ni nde uhabwa amahirwe yo kuzegukana igikombe cy’isi cya 2026?

Igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico, iminsi iregereje. Hitezwe imikino irimo ihangana rikomeye, gutungurana, ndetse n’ibihe bidasanzwe ku bafana. Ariko se ni inde uhabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa? Tugendeye ku basesenguzi, ndetse n’icyo imibare igaragaza.? Urutonde rw’amakipe azitabira iri rushanwa ntiruramenyekana rwose, kuko imyanya itandatu iracyari…

Read More