Ikanzu ikozwe mu migati 500 yatangaje benshi mu gutanga ibihembo

Bivugwa ko ari ijoro rikomeye kurusha andi yose muri Afurika mu bijyanye na sinema n’imideli. Ibyamamare, abakora filime n’abahanzi bitabiriye ku nshuro ya 12 ibihembo bya Africa Magic Viewers’ Choice Awards (AMVCA) muri Nigeria, baza bambaye imyambaro itangaje cyane, ifite imitako minini, ibitambaro birabagirana, ibintu byongeye guhindura ibi birori bikava ku kuba ibyo gutanga ibihembo…

Read More
Madederi ari mu kazi

Uko Madederi yatangiye aterura ikarayi y’ubuyede aba umushoramari w’icyamamare

Clenia Dusenge wamenyekanye ku izina rya ‘Madederi’ muri filime ya Papa Sava avuga ko kugirango agere ku iterambere afite uyu munsi yabihereye mu kazi ko gukora ikiyede ubwo yari akiri umwana muto wiga mu mashuri yisumbuye. Uretse kuba abantu bamubona ari gukina muri filime zitandukanye harimo niye bwite, kuri ubu Madederi akora ibindi bitandukanye harimo…

Read More

Kenny Sol yananiwe gusoza ishuri bimubera ikiraro mu muziki

Umuhanzi Kenny Sol yahishuye uko yigeze kwirukanwa ku ishuri, bigatuma atangira gushyira imbaraga mu muziki no gukoreramo amafaranga akiri umwana muto. Mu kiganiro ‘Igihe Sports’, yavuze ko ubwo yiteguraga gukora ikizamini gisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, yaje gukora amakosa baramwirukana bituma ajya kwicara mu rugo igihe kirekire. Muri icyo gihe yamaze yicaye mu rugo, nibwo…

Read More

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 139 ku Isi mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo nshya ya 2026 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku Isi (World Press Freedom Index), yasohowe n’Umuryango Mpuzamahanga w’Abanyamakuru batagira umupaka (Reporters Without Borders), igaragaza ko u Rwanda rwaje ku mwanya wa 139 mu bihugu 180 byasesenguwe. Mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, u Rwanda ruri inyuma ya bimwe mu bihugu bituranye na rwo. Uganda iri ku mwanya…

Read More

Yannick Mukunzi yakoze mu nganzo aririmbira umugore we

Umukinnyi w’umupira w’amaguru Yannick Mukunzi wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda yatangaje ko hari indirimbo agiye gushyira hanze y’urukundo ariko byumwihariko yaririmbiye umugore we Iribagiza Joy. Uyu mukinnyi ubu ari kuba muri Sweden hamwe n’umugore we aho akina mu ikipe ya Helges IF. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagaragaje agace gato k’indirimbo ari gukora avuga…

Read More

Umugabo ukennye ngo ntacyo yavugana na Sheilah Gashumba

Sheilah Gashumba wamamaye mu myidagaduro yo muri Uganda, uherutse gutangaza ko atazita ‘Nyina’ umugore washakanye na Se yongeye gutungurana atangaza ko adashobora gukora ikosa ryo gukundana n’umugabo udafite amafaranga. Kuri we avuga ko umugabo ufite amafaranga bimwongerera icyubahiro mu rukundo, kuko usanga bigoranye ko umugabo yubahwa mu gihe nta kintu yinjiza kigaragara. Ati “Ntabwo nshobora…

Read More

Ibyishimo byiganjemo gusetsa – Ibyaranze umugoroba w’Umwami Charles III na Trump

Umwami Charles III w’Ubwongereza na Perezida w’Amerika Donald Trump bagiye banyuzamo bagatera urwenya mu ijambo buri umwe muri bo yavuze, bituma umwuka woroha nubwo ubundi cyari igikorwa cyo ku rwego rwo hejuru. Umwami w’Ubwongereza ari mu ruzinduko rw’iminsi ine rwo ku rwego rwa leta muri Amerika yatangiye ku wa kabiri – rwa mbere rubayeho kuva…

Read More