Editor

Semuhungu ahamya ko ibyo gusambana n’abasore yabibakoreraga nkuko nabo babimukorera

Eric Semuhungu uheruka gutabwa muri yombi, mu gihe hagitegerejwe ko hatangwa itariki urubanza ruzaburanishirizwaho, abasore babiri bamureze bavuze ibyo yabakoreye kugirango bamurege harimo kubasambanya ndetse no kubaha ibisindisha gusa nawe avuga ko ntawe yabikoreye ku gahato. Ibyaha bitatu nibyo Eric Semuhungu akurikiranyweho harimo ” icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye…

Read More

Menya imiryango ya mbere 10 ikize ku Isi naho bakuye ubwo butunzi

Hashingiwe ku rutonde rwa Bloomberg rw’imiryango ikize cyane ku isi rwasohotse mu mpera za 2025 (rukubiyemo amakuru kugeza mu ntangiriro za 2026), ubutunzi bwayo buva ku bucuruzi, n’ubukungu bumaze igihe kirekire. Nyuma y’imyaka irenga mirongo itandatu Sam Walton afunguye iduka rye rya mbere muri Arkansas, abamuzungura barakize cyane kurusha mbere hose bitewe n’uko imigabane mpuzamahanga…

Read More

Lionel Messi yaguze ikipe yo mu cyiciro cya gatanu

Icyamamare mu mupira w’amaguru, Umunya-Argentine Lionel Messi, ubu ni we nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Cornella ikina mu cyiciro cya gatanu muri Espagne. Uyu mukinnyi w’imyaka 38, wafashije Barcelona gutwara igikombe cya Champions League inshuro enye ndetse akegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne, La Liga, inshuro 10 ari kumwe na Barcelona, ubu akinira…

Read More

Perezida Kagame yashimiye amakipe akorana n’u Rwanda yageze muri 1/2 cya UCL

Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ikaba n’umufatanyabikorwa ukomeye w’u Rwanda binyuze muri gahunda ya #VisitRwanda, nyuma yo kugera muri 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions League ndetse ayifuriza amahirwe masa mu cyiciro gikurikira. Arsenal igeze muri ½ cya UEFA Champions League nyuma yo gusezerera Sporting Portugal, ku giteranyo cy’igitego 1-0 mu…

Read More

Hamenyekanye ibyaha bitatu Eric Semuhungu ari gushinjwa

Taliki ya 9 Mata 2026, nibwo Semuhungu Eric yatawe muri yombi ariko ntihatangazwa ibyaha yari akurikiranyweho kubera ko byari kwica iperereza. Kuri ubu dosiye ye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Nkuko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije ikinyamakuru cya Igihe….

Read More