Editor

Turahirwa Moses arasoza igihano yinjira mu kindi cy’imyaka itatu

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses. Ku wa 30 Werurwe 2026 Urukiko Rukuru rwa Kigali rwakatiye Turahirwa Moses igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri 2024 urukiko rwamuhamije icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko mpimbano. Icyo gihano Turahirwa…

Read More

Ni nde uhabwa amahirwe yo kuzegukana igikombe cy’isi cya 2026?

Igikombe cy’isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexico, iminsi iregereje. Hitezwe imikino irimo ihangana rikomeye, gutungurana, ndetse n’ibihe bidasanzwe ku bafana. Ariko se ni inde uhabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa? Tugendeye ku basesenguzi, ndetse n’icyo imibare igaragaza.? Urutonde rw’amakipe azitabira iri rushanwa ntiruramenyekana rwose, kuko imyanya itandatu iracyari…

Read More

Abakinnyi 5 barimo Ruboneka basezerewe mu Mavubi mbere y’umukino

Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda barimo Ruboneka Jean Bosco basezerewe mbere yo gukina umukino wa mbere mu mikino ya FIFA Series 2026. Nyuma y’imyitozo ya nyuma mbere yo gukina na Grenada, ubwo abakinnyi bari bagiye gusangira abakinnyi batanu bahamagawe n’umutoza ababwira ko ari bo bahisemo ko batakomezanya n’ikipe y’igihugu.  Aba bakinnyi basezerewe barimo Nshuti…

Read More

Iran yabujije abakinnyi kujya mu bihugu by’abanzi

Muri iki gihe Minisiteri ya siporo ya Iran yabujije amakipe y’igihugu n’abakinnyi bayo kwitabira amarushanwa abera mu bihugu “by’abanzi”, nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru rya leta ya Iran. Ni mugihe yakinnye umukino wa gicuti na Nigeria irawutakaza. Iyo minisiteri yavuze ko “kuba amakipe y’igihugu n’amakipe asanzwe ajya mu bihugu bifatwa nk’iby’abanzi kandi bidashobora kurinda umutekano w’abakinnyi n’abagize…

Read More