Nyuma y’imyaka ine arwaye ‘Celine Dion’ agarukanye imbaraga
Nyuma y’imyaka ine arwaye indwara idakira yagize ingaruka ku ijwi rye ryo kuririmba no ku bushobozi bwo kugenda, Celine Dion yatangaje ko agarutse. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo z’amarangamutima akomeye nka My Heart Will Go On na Because You Loved Me, azataramira abantu mu bitaramo 10 bizakurikirana muri Paris La Défense Arena ifite ubushobozi bwo…

