Turahirwa Moses arasoza igihano yinjira mu kindi cy’imyaka itatu

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses. Ku wa 30 Werurwe 2026 Urukiko Rukuru rwa Kigali rwakatiye Turahirwa Moses igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri 2024 urukiko rwamuhamije icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko mpimbano. Icyo gihano Turahirwa…

Read More

Austin na Kibonke bagezweho!! Menya abahanzi Nyarwanda bafite Utubari na Resitora

Iyo bari mu biganiro ni kenshi abahanzi cyangwa ibindi byamamare babazwa ibyo bakunze kuba bahugiyemo mugihe batari mu kazi ka muzika cyangwa ibitaramo. Usanga abahanzi benshi bajya mu kandi kazi gafitanye isano n’ubucuruzi bw’umuziki, aho bashinga ama Studio cyangwa bagakora inzu zifasha abandi bahanzi bakiri bashya mu muziki. Kuri ubu bamwe basigaye bajya mu bushabitsi…

Read More

“Bakoranye ubugome” YouTube na Google batsinzwe mu rubanza ku wabaswe n’imbuga nkoranyambaga

Urukiko rw’i Los Angeles muri Amerika rwatangaje intsinzi itari yarigeze ibaho mbere ku mukobwa ukiri muto wari warareze Meta na YouTube ku bijyanye no kugirwa imbata n’imbuga nkoranyambaga akiri umwana. Abacamanza basanze kompanyi Meta, nyiri Instagram, Facebook na WhatsApp, hamwe na Google, nyiri YouTube, zarashyizeho ku bushake imbuga nkoranyambaga zigira abantu imbata (gukoresha nta kwitangira)…

Read More

Filime ‘Zirara Zishya’ yazamuye abarimo Nzovu na Papa Sava igiye gusubukurwa

Filime y’uruhererekane yakunzwe cyane mu Rwanda guhera mu myaka ya za 2010, Zirara Zishya, igiye kongera gukorwa nyuma y’imyaka igera kuri 20 yari ishize ihagaritswe. Zirara Zishya ni filime igaruka ku buzima bwo mu miryango, igaragaza amakimbirane n’imibanire hagati y’abashakanye n’abaturanyi, ibintu byatumye igira abafana benshi mbere y’uko ihagarara. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi wayo, Charles…

Read More

Nicki Minaj ari gushinjwa ubwambuzi

Nicki Minaj, umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Rap, yajyanywe mu nkiko, ashinjwa kutishyura Amadolari ya Amerika 275,000 bivugwa ko yakoreshejwe mu gutegura ibitaramo bye. Nk’uko inyandiko z’Urukiko zibigaragaza, kompanyi yitwa ‘24/7 Productions’ yareze Nicki Minaj hamwe na sosiyete ye yitwa Pink Friday Productions, ivuga ko ari bo bishyuye mbere amafaranga yo gutegura ibikorwa bitandukanye by’ibitaramo…

Read More

Ubuzima bw’igisirikare| Ibyo wamenya kuri Chuck Norris ‘ikirango cy’imbaraga’ mu busore no mu busaza

Carlos Ray Norris yavukiye i Oklahoma mu 1940, ajya mu gisirikare kirwanira mu kirere cya Amerika atarageza imyaka 20. Ubwo yari mu butumwa bw’ingabo muri Korea y’Epfo, Norris ni ho yatangiriye kwitoza imikino njyarugamba. Yaje kugera ku mukandara w’umukara ndetse atwara amarushanwa atandukanye ya Karate mu myaka ya za 1960. Mu ntangiriro z’imyaka ya 1970…

Read More

2027 nta gihindutse uzaba ari umwaka wo kwipima muri BK Arena – Butera Knowless

Umuhanzikazi Butera Knowless yatangaje ko umwaka utaha wa 2027 ari guteganya kuzakora igitaramo cye bwite kikabera mu nyubako ya BK Arena. Bk Arena nk’ahantu hakunze kubera ibitaramo bikomeye byabaye nk’ihame ku bahanzi bakomeye aho baba bumva ko kugirango berekane ko bakomeye bagomba kuhakorera igitaramo mu rwego rwo kwerekana ubudahangarwa bwabo. Nyuma y’abahanzi barimo The Ben,…

Read More