Filime ‘Zirara Zishya’ yazamuye abarimo Nzovu na Papa Sava igiye gusubukurwa

Filime y’uruhererekane yakunzwe cyane mu Rwanda guhera mu myaka ya za 2010, Zirara Zishya, igiye kongera gukorwa nyuma y’imyaka igera kuri 20 yari ishize ihagaritswe. Zirara Zishya ni filime igaruka ku buzima bwo mu miryango, igaragaza amakimbirane n’imibanire hagati y’abashakanye n’abaturanyi, ibintu byatumye igira abafana benshi mbere y’uko ihagarara. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi wayo, Charles…

Read More

Nicki Minaj ari gushinjwa ubwambuzi

Nicki Minaj, umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Rap, yajyanywe mu nkiko, ashinjwa kutishyura Amadolari ya Amerika 275,000 bivugwa ko yakoreshejwe mu gutegura ibitaramo bye. Nk’uko inyandiko z’Urukiko zibigaragaza, kompanyi yitwa ‘24/7 Productions’ yareze Nicki Minaj hamwe na sosiyete ye yitwa Pink Friday Productions, ivuga ko ari bo bishyuye mbere amafaranga yo gutegura ibikorwa bitandukanye by’ibitaramo…

Read More

Ubuzima bw’igisirikare| Ibyo wamenya kuri Chuck Norris ‘ikirango cy’imbaraga’ mu busore no mu busaza

Carlos Ray Norris yavukiye i Oklahoma mu 1940, ajya mu gisirikare kirwanira mu kirere cya Amerika atarageza imyaka 20. Ubwo yari mu butumwa bw’ingabo muri Korea y’Epfo, Norris ni ho yatangiriye kwitoza imikino njyarugamba. Yaje kugera ku mukandara w’umukara ndetse atwara amarushanwa atandukanye ya Karate mu myaka ya za 1960. Mu ntangiriro z’imyaka ya 1970…

Read More

2027 nta gihindutse uzaba ari umwaka wo kwipima muri BK Arena – Butera Knowless

Umuhanzikazi Butera Knowless yatangaje ko umwaka utaha wa 2027 ari guteganya kuzakora igitaramo cye bwite kikabera mu nyubako ya BK Arena. Bk Arena nk’ahantu hakunze kubera ibitaramo bikomeye byabaye nk’ihame ku bahanzi bakomeye aho baba bumva ko kugirango berekane ko bakomeye bagomba kuhakorera igitaramo mu rwego rwo kwerekana ubudahangarwa bwabo. Nyuma y’abahanzi barimo The Ben,…

Read More

Nyuma ya Joe Boy na Brown Joel – Bruce Melodie agiye gukorana n’ikindi kirangirire cyo muri Nigeria

Umuhanzi Bruce Melodie uri kubarizwa ku mugabane w’i Burayi yerekanye ko ari gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria nyuma yo gukorana n’undi na Joe Boy nawe uri mu bakomeye muri Afurika. Kuri ubu hasakaye amafoto ya Bruce Melodie n’icyamamare Oxlade bahanzi bakomeye ku Mugabane wa Afurika bari gukorana indirimbo. Aba bahanzi bahuriye mu Bufaransa…

Read More

Shaddy Boo mu nzira zo kubaka Isi ye idakeneye impuhwe z’abantu

Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo yatangaje iby’agahinda yatewe n’isi avuga ko ubu aricyo gihe cyo guhindura imibereho akagaruka mu buzima bwiza butagamije kwangiza abandi bantu. Uyu mugore yatangaje ibi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kwerekana ko ari guhinduka mu myitwarire bitewe nibyo Isi yamukoreye. Akaba yarafashe umwanzuro ko Isi…

Read More

Clapton Kibonge uri kwitegura ubukwe yasengewe hamwe n’umuryango we – AMAFOTO

Umunyarwenya ubifatanya n’ishoramari Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Jacky hamwe n’abana babo batatu berekanywe mu rusengero rwitwa Healing Center Church. Iki kigorwa cyabereye I Remera mu mujyi wa Kigali ku wa 15 Werurwe 2026. Bakiriwe na Rev. Muhigwa Emmanuel wanabasengeye abifuriza ibyiza. Clapton Kibonge na Ntambara Jacky  bamaze imyaka umunani babana nk’umugore n’umugabo. Ubukwe bwabo buzaba…

Read More

Hari abatunguranye – Reba urutonde rw’abatwaye ibihembo bikomeye muri Oscars 2026

Abakinnyi ba filime n’abakora filime b’indashyikirwa bo muri Hollywood bahawe ibihembo bikomeye kandi byifuzwa cyane mu nganda za sinema, ari byo Oscars. Filime yitwa One Battle After Another ni yo yitwaye neza kurusha izindi, yegukana ibihembo bitandatu, mu gihe Jessie Buckley ukina muri Hamnet na Michael B Jordan wo muri Sinners begukanye ibihembo by’ingenzi by’abakinnyi ba filime….

Read More

Oscars 2026: Filime ya Sinners irahabwa amahirwe yo kwegukana ibihembo byinshi

Igihe uwayoboye filime ya Sinners, Ryan Coogler, yari akiri umwana akajya kureba filime muri sinema, yakundaga kwinjiza utuntu two kurya mu ibanga, ndetse akagira n’uburyo bwe bwihariye bwo kuvanga ibinyobwa byo mu mashini yo kuri sinema. Aheruka kuvuga muri podcast ya Amy Poehler yitwa Good Hang ati:”Ntabwo ndi umuntu ukunda soda cyane, ariko igihe batangiraga…

Read More