Vybz Kartel yise abamutumiye Abatekamutwe

Vybz Kartel, umuhanzi wa Dancehall ukomeye muri Jamaica, akaba ari no mu bahenze ku isi yahakanye amakuru y’ibitaramo byo muri Uganda, Kenya, n’ u Rwanda.  Byari byatangajwe ko ibi bitaramo bizabera muri ibyo bihugu gusa uyu muhanzi yabiteye utwatsi avuga ko afite ikipe bakorana barimo umujyanama we witwa Linton T.J White, n’umunyamategeko we Jason Mitchel….

Read More

Ni umunyamigabane muri 1:55AM – Byinshi kuri Mike ukekwa gukwirakwiza ibiyobyabwenge

Abakurikiranira hafi imyidagaduro hamwe na Siporo ntabwo izina Mike Habinshuti ari rishya kuko basanzwe bamuzi bitewe n’ibikorwa yagiye agiramo uruhare haba mu gukorana bya hafi n’umuhanzi Bruce Melodie ndetse no kuba mu buyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports. Mike Habinshuti yatawe muri yombi ku wa 18 Gashyantare 2026, acyekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge. Uyu mugabo yatangiye kumenyekana mu…

Read More

Dj Toxxyk yasabye kurekurwa kubera ko ababyeyi barwaye Stroke

DJ Toxxyk yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ko yarekurwa agakurikiranwa adafunzwe kubera ko afite ababyeyi barwaye Stroke bari mu Bubiligi, afite umwana muto akwiriye kwitaho, kandi yari afite ubucuruzi bukeneye kwitabwaho. Ibi ni bimwe mu byo yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije Urubanza rw’ubujurire bwatanzwe na DJ Toxxyk. Ni urubanza rwabaye ku wa 04 Gashyantare…

Read More

Umuhanzi wo muri Nigeria yapfuye nyuma yo kurumwa n’inzoka

Abantu benshi muri Nigeria bagaragaje agahinda kubera urupfu rw’umuhanzi wari ukizamuka wapfuye ku wa gatandatu nyuma yo kurumwa n’inzoka mu murwa mukuru, Abuja. Ifunanya Nwangene w’imyaka 26, yamenyekanye ubwo yerekanaga impano ye mu irushanwa rya The Voice Nigeria mu 2021. Yari azwiho kubasha kuririmba injyana za jazz, soul, opera, n’umuziki wa cyera. Amashusho yashyizwe ku…

Read More

Kendrick Lamar mu begukanye ibihembo bifatwa nk’ibikomeye – Urutonde rwabegukanye Grammys

Ibihembo bikomeye mu myidagaduro bimaze gutwangwa i Los Angeles muri Amerika, aho abahanzi bakomeye nka Billie Eilish, Kendrick Lamar cyangwa Olivia Dean begukanye ibihembo bifatwa nk’ibikomeye. Muri ibi bihembo bitanzwe ku nshuro ya 68, Kendrick Lamar yakoze amateka ubwo yahabwaga igihembo cya album nziza ya Rap kubera iyo yise GNX, aha yahise aca kuri Jay-Z…

Read More

Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi batanze ibyishimo muri Nyagatare – AMAFOTO

Ubutwari Tour Concerts 2026 yari yakomereje mu karere ka Nyagatare muri iki cyumweru dusoje, aho abahanzi barimo Mariya Yohana, Muyango n’umukirigita ntanga Nzayisenga Sophie batanze ibyishimo ku baturage bo muri ako karere. Ibi bitaramo bizenguruka intara zose z’u Rwanda byateguwe na Karisimbi Events ku bufatanye na Transparency International Rwanda, RDF na Banki ya Kigali. Mu…

Read More

Mariya Yohana, Muyango, Nzayisenga Sophie n’abandi bataramiye i Nyanza bigisha ku butwari – Amafoto

Abahanzi Nyarwanda bamenyerewe mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu barimo Mariya Yohana, Muyango, Sophie Nzayisenga n’abandi bataramiye abaturage bo mu karere ka Nyanza mu gitaramo cya mbere cya Ubutwari 2026. Ubutwari Tour Concert 2026 ni ibitaramo bizenguruka u Rwanda bifite insanganyamatsiko ivuga ku ‘Ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda nk’inkingi z’iterambere.’ Mu gutangira ibi bitaramo icya mbere cyaherereye mu ntara…

Read More

Dj Toxxyk yasabye igihe asanga ari gushinjwa ibyaha bine harimo n’ubwicanyi

Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka DJ Toxxyk akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha ibyaha bine birimo ubwicanyi buturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge. Akurikiranyweho kandi icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka no kwanga gusuzumishwa icyuma gipima alcohol. Ibyaha akurikiranyweho byamenyekanye kuri uyu wa 7 Mutarama 2026 ubwo yitabaga Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ngo aburane ku…

Read More

Nari Agahungu – Kalimpinya yagarutse ku wamushutse ngo ajye muri Miss Rwanda

Kalimpinya Queen wamenyekanye ubwo yitabiraga Miss Rwanda mu 2017 ndetse akaba igisonga cya gatatu, yagaragaje ko ajya muri iri rushanwa umuntu wamugiriye iyo nama yamukoreye ariko na none avuga ku rundi ruhande ko yamushutse. Yabigarutseho mu materaniro yateguwe na Apôtre Mignonne Kabera uyobora Women Foundation Ministries, mu cyo yari yise “Girls Impact Ministry – Pink…

Read More