Filime ‘The Bridge of Christmas’ igiye kwerekanwa muri sinema mbere yo gutambuka kuri ZACU TV

Mu gihe iminsi mikuru yegereje, abakunzi ba sinema nyarwanda bagiye guhabwa impano idasanzwe. Filime The Bridge of Christmas, yakozwe na ZACU Entertainment, igiye kwerekanwa ku nshuro ya mbere muri sinema ya Canal Olympia Rebero. Iyi filime y’urukundo igaruka ku nkuru igaragaza uko abantu bashobora kongera kubona icyizere mu rukundo, cyane cyane mu bihe by’iminsi mikuru…

Read More

Guhera ku bwonko kugeza ku mutima, Menya akamaro ko kuririmba ku buzima bwawe (Video)

Guhera ku kongerera ubwonko imbaraga kugeza ku kugabanya uburibwe, kuririmbana n’abandi bishobora gutanga inyungu nyinshi zitandukanye. Ni cya gihe cy’umwaka ubwo umwuka wuzura amajwi meza nk’ay’abamalayika cyangwa se indirimbo z’amashimwe ziranguruye, igihe abaririmbyi b’indirimbo za Noheli bakwirakwiza umunezero wabo udashira. Ayo majwi yose yo kuramya no guhimbaza, atera ibyishimo n’umunezero. Itsinda ry’abantu baririmba bambaye imitako…

Read More

Amasomo umwaka wa 2025 usigiye Uwase Muyango

Uwase Muyango Claudine yavuze ko nabona uyu mwaka urangiye azapfukama agashima Imana kuko yamukoreye ibikomeye. Ibi uyu mugore wa Kimenyi Yves yabitangarije abanyamakuru ubwo yari yitabiriye imurikwa ry’Igitabo ’More Than Crown’ cya Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomie. Ubwo yari abajijwe uko umwaka wa 2025 wamugendekeye, Muyango Claudine yavuze ko wamusigiye isomo rikomeye cyane. Ati…

Read More

Imbogamizi ziracyari zose ku bana b’abakobwa binjira mu muziki

Mu Rwanda usanga umubare w’abakobwa bakora umuziki ukiri hasi cyane ugereranyije n’abagabo, ibi ahanini ngo biterwa n’uko abakobwa bahura n’inzitizi nyinshi bigatuma bacika intege bagahitamo kureka gukomeza inzozi zabo – Ibi byagarutsweho n’abakobwa babiri bashinze itsinda ry’umuziki ryitwa Ines na Ketty. Ines Tuyizere na Irakoze Delice – Aba bakobwa bishyize hamwe kugirango baterane ingabo mu…

Read More

Isomwa ry’urubanza rwa Kjohn na Pazzo Man ryasubitswe

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwatangaje ko isomwa ry’urubanza ruregwamo Kjon na Pazzo Man rwasubitswe bitewe nuko umucamanza ufite urwo rubanza atarasoza ku rwandika.  Ku gicamunsi cyo ku wa 11 Ukuboza 2025 Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwabwiye abari bitabiriye isomwa ry’umwanzuro w’urubanza ruregwamo Kalisa John alias Kjohn na Ishimwe Patrick ubwi nka Pazzo Man ko ruzasomwa…

Read More

Igisubizo cya Alyn Sano kuri Miss Muyango wamubajije niba ari Isugi

Alyn Sano yari arabye ivu Miss Muyango wamubajije niba akiri isugi, amubwira ko amututse ndetse akwiye kumusaba imbabazi, undi na we arazimusaba amahoro abona guhinda, ikiganiro barimo kirakomeza. Ibi byabereye mu kiganiro ‘Who Is My Date’ Miss Muyango akunze gukora yakira ibyamamare bakaganira ku ngingo zitandukanye yaba ibijyanye n’akazi bakora ndetse n’iby’ubuzima busanzwe. Muri iki…

Read More

Yampano ibyo yakoze byamuteye Depression

Umuhanzi Yampano umaze iminsi mike ku butaka bw’Uburayi yagaragaje ibimenyetso by’Agahinda gakabije ko mu Mutima ( Depression). Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yanditse amagambo ateye ubwoba ndetse arimo amaganya menshi, agahinda gakabije no kwicuza ku byo yakoze, ikizere yagiriye abantu batagikwiye, bikamuviramo ku muhemukira no kumuta mu mazi abira. Mu…

Read More