The Ben ategerejwe mu gitaramo i Dubai

Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, aritegura kwitabira igitaramo kizabera i Dubai mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Abarabu. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba taliki ya 6 Ukuboza 2025, kibere ahitwa Grand continental hotel Deira mu kabyiniro kitwa Venom. Muri iki gitaramo The Ben azafatanya na Dj Flix nawe uzaba aturutse mu…

Read More

Uko indirimbo y’abana yakunzwe cyane kw’isi yacuruje miliyoni 400$

Muri Kamena 2016, ubwo Kim Min-seok yemeraga ko hashyirwa hanze amashusho y’indirimbo y’abana y’amasegonda 90, ntiyari azi igikorwa gikomeye atangije ariko kandi ntiyari anazi ikizavamo. Iyo ndirimbo yitwa “Baby Shark” imaze kuba ikimenyabose kw’isi hose, imaze kurebwa inshuro zirenga miliyari 16 kuri YouTube, ni yo video imaze kurebwa cyane kurusha izindi zose kugeza ubu. Ni…

Read More

Aline Gahongayire yageneye ubutumwa Vestine uri mu bihe bikomeye

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yageneye ubutumwa mugenzi we Ishimwe Vestine amukomeza, nyuma yuko hagiye hanze ubutumwa bivugwa ko ari ubwe agaragaza ko urugo rwe rudahagaze neza. Amakuru y’ibibazo bivugwa mu rugo rw’umuririmbyi Vestine, yasakaye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ugushyingo 2025 nyuma yuko ku rubuga nkoranyambaga rwe rwa Instagram…

Read More

Vestine yateje urujijo mu bakunzi be

Umuramyi Ishimwe Vestine yateye benshi kwibaza byinshi nyuma y’ubutumwa yashyize kuri Instagram ye agaragaza ko abayeho mu buzima atishimiye kandi atahisemo ndetse agaragaza kwicuza gukomeye. Ati “Uyu munsi ubuzima mbayemo ntabwo ari bwo nahisemo. Mbayeho nabi, kandi ibi ntabwo ari byo nkwiye. “Ndabizi nafashe icyemezo kibi mu buzima bwange, ariko ntacyo bitwaye. Imana yemera ko…

Read More

Abahanzi bo muri Uganda bahamya ko amarozi abugarije

Umuhanzikazi wo muri Uganda, yikomye abahanzi bo mu kiragano cyo hambere muri Uganda abashinja gukoresha amarozi kugira ngo bitambike abari kuzamuka. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyakuru, Frank Ntambi ukorera kuri YouTube. Azawi yavuze ko abahanzi bakuru batifuriza iterambere abahanzi bato, ariyo mpamvu bakora ibishoboka byose ngo babafungire amayira, aho byamaze kurenga kuba ihangana mu…

Read More

Teta Sandra yahishuye impamvu atajya atandukana burundu na Weasel

‎Teta Sandra yatangaje ko nubwo rimwe na rimwe ajya agirana ibibazo n’umugabo we Weasel Manizo, ariko urukundo no kumvikana nibyo bituma babasha kubitambukamo bakaba bakiri kumwe. ‎Ibi yabitangaje mu ijoro ryakeye ubwo bari mu birori yizihizagamo isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko aherutse kuzuza. ‎Yokomeje avuga ko kugeza ubu nta gahunda afite yo kubyarana abandi bana na…

Read More

Annette wa Gafaranga yasohoye indirimbo ashima Imana ko yongeye ku mwubakira.

Umuhanzikazi w’indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana Annette Murava yasohoye indirimbo ashima Imana yamucishije mu bihe bigoye byatambutse yaramazemo igihe. Annette Murava washakanye n’Umugabo we Bishop Gafaranga wamenyekanye mu Rwanda biciye ku Mbugankoranyambaga zitandukanye barashima Imana babinyujije mu ndirimbo “Ndinde”. Umugabo Zachary Habiyaremye Wamamaye ku izina rya Bishop Gafaranga kubera ibikorwa cg imirimo yakoze abinyujije ku Mbugankoranyambaga…

Read More

Uwicyeza Pamella yahishuye uko yarokotse urupfu mu minsi ishize

Miss Uwicyeza Pamella umufasha wa The Ben yahishuye ko mu minsi ishize yakoze impanuka ikomeye, ku buryo yumvaga ko birangiye ariko Imana ikinga akaboko we n’abo bari kumwe ntibagira icyo baba. Ibi Pamella yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Taikun Ndahiro cyatambutse ku muyoboro wa YouTube ‘Narababwiye TV’, aho yari abajijwe ku mpanuka aherutse gukora. Yabajijwe…

Read More