Mu marira menshi ‘Oprah’ yicujije avuga ko yagize ubwana mu gutandukana na Katauti

Irene Uwoya ‘Oprah’ wahoze ari umugore wa Ndikumana Hamad Katauti wamamaye muri ruhago mu Rwanda, mu marira menshi yicujije impamvu ari we wagize uruhare mu gutandukana kwabo, agaragaza ko agize amahirwe yo kongera kumubona yakora byose akamusaba imbabazi. Uyu mugore yabigarutseho mu kiganiro cyitwa ‘A List’ akorana n’ibindi byamamare muri sinema ya Tanzania birimo Kajala…

Read More

Nta mubyeyi wo kwanika inda n’umukondo ku gasozi – Rutangarwamaboko avuga kuri Pamella

Umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste yagaragaje ko Uwicyeza Pamella atari, akwiriye kujya ku karubanda yambaye imyenda igaragaza inda ye. Yabivuze nyuma y’aho uyu mugore wa The Ben yagiye mu gitaramo cya ‘Spinny and Friends’ umukondo uri hanze. Ati “Zibaho wo gatsindwa we. Kirazira mu muco wacu. Nta mugore wo gushyira umukondo ku karubanda. Nta mubyeyi wo…

Read More

Abarimo Indashyikirwa, Rocky, Intare y’ingore, Dashim na Rukotana begukanye ibihembo muri Karisimbi – AMAFOTO

Ibyamamare bitandukanye birimo Rocky Kimomo, Intare y’ingore, Swalla, itorero indashikirwa n’abandi batandukanye begukanye ibihembo muri Karisimbi multicultural Awards 2025. Karisimbi Events niyo yatanze ibihembo byitwa Karisimbi multicultural Awards ku bijyanye n’umuco biciye mu muziki, imideli hamwe n’ubuzima busanzwe ku bantu bagiye bagira icyo bakora muri sosiyete bigahindura ubuzima bw’abantu. Ibi birori byabaye mu ijoro ryo…

Read More

Igice gishya cya Filime ya ‘Avatar’ gikomeje kwandika amateka adasanzwe

Filime nshya ya James Cameron, “Avatar: Fire and Ash”, ikomeje kwandika amateka mashya muri sinema nyuma yo kwinjiza miliyoni 450$ mu cyumweru kimwe gusa isohotse. Muri ayo mafaranga, miliyoni 119$ yayinjije muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe miliyoni 331$ yakomotse ku masoko mpuzamahanga. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki 23 Ukuboza, igice cya…

Read More

Ibyo Ykee Benda yatangaje ku bamushinje iyica rubozo

Ykee Benda, yatangaje ku mugaragaro ko adafite aho ahuriye n’amagambo amaze iminsi amuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga, amushinja gushyigikira iyicarubozo n’ihohoterwa rikorerwa abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni. Mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa X, Wycliffe Tugume uzwi cyane ku izina rya Ykee Benda yagaragaje impungenge n’agahinda yatewe no kubona hari…

Read More

Nicki Minaj yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga

Umuraperikazi Nicki Minaj yateye benshi kumwibazaho nyuma y’uko batunguwe no kubona konti ye ya Instagram ivaho, bikavugwa ko ari we wayikuriyeho kubushake bwe. Uku gusibwa kw’iyi konti, biravugwa ko byabaye nyuma y’uko Nicki Minaj atakaje abakabakaba miliyoni 10 bamukurikiraga kuri Instagram, nyuma y’uko agiye kuri televiziyo agashimagiza Perezida Donald Trump. Nyuma y’icyo kiganiro abantu batangiye…

Read More

Biravugwa ko Dj Toxxyk yatawe muri yombi

Arnold Ishimwe uzwi nka Dj Toxxyk, biravugwa ko yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umwe mu bapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda akitaba Imana. Amakuru avuga ko Dj Toxxyk yatawe muri yombi mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Ukuboza 2025 ubwo yari atashye avuye mu kazi ko kuvangavanga imiziki. Bivugwa ko yari…

Read More

Miss Mutesi Jolly kwihangana byanze asubiza Umunyamakuru wamwibasiye

Miss Jolly Mutesi kwihangana byamunaniye, avuga ku munyamakuru Karegeya Omar Jean Baptiste wanenze inkunga aherutse guha Miss Nishimwe Naomie ubwo yamurikaga igitabo cye ‘More than a crown’. Ibi uyu mukobwa yabigarutseho yifashishije imbuga nkoranyambaga nyuma yo kubona amashusho ya Karegeya. Ubwo yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube yitwa ‘Max TV’, Karegeya yanenze kuba Miss…

Read More