Nyuma ya Joe Boy na Brown Joel – Bruce Melodie agiye gukorana n’ikindi kirangirire cyo muri Nigeria

Umuhanzi Bruce Melodie uri kubarizwa ku mugabane w’i Burayi yerekanye ko ari gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria nyuma yo gukorana n’undi na Joe Boy nawe uri mu bakomeye muri Afurika. Kuri ubu hasakaye amafoto ya Bruce Melodie n’icyamamare Oxlade bahanzi bakomeye ku Mugabane wa Afurika bari gukorana indirimbo. Aba bahanzi bahuriye mu Bufaransa…

Read More

Shaddy Boo mu nzira zo kubaka Isi ye idakeneye impuhwe z’abantu

Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo yatangaje iby’agahinda yatewe n’isi avuga ko ubu aricyo gihe cyo guhindura imibereho akagaruka mu buzima bwiza butagamije kwangiza abandi bantu. Uyu mugore yatangaje ibi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kwerekana ko ari guhinduka mu myitwarire bitewe nibyo Isi yamukoreye. Akaba yarafashe umwanzuro ko Isi…

Read More

Clapton Kibonge uri kwitegura ubukwe yasengewe hamwe n’umuryango we – AMAFOTO

Umunyarwenya ubifatanya n’ishoramari Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Jacky hamwe n’abana babo batatu berekanywe mu rusengero rwitwa Healing Center Church. Iki kigorwa cyabereye I Remera mu mujyi wa Kigali ku wa 15 Werurwe 2026. Bakiriwe na Rev. Muhigwa Emmanuel wanabasengeye abifuriza ibyiza. Clapton Kibonge na Ntambara Jacky  bamaze imyaka umunani babana nk’umugore n’umugabo. Ubukwe bwabo buzaba…

Read More

Hari abatunguranye – Reba urutonde rw’abatwaye ibihembo bikomeye muri Oscars 2026

Abakinnyi ba filime n’abakora filime b’indashyikirwa bo muri Hollywood bahawe ibihembo bikomeye kandi byifuzwa cyane mu nganda za sinema, ari byo Oscars. Filime yitwa One Battle After Another ni yo yitwaye neza kurusha izindi, yegukana ibihembo bitandatu, mu gihe Jessie Buckley ukina muri Hamnet na Michael B Jordan wo muri Sinners begukanye ibihembo by’ingenzi by’abakinnyi ba filime….

Read More

Oscars 2026: Filime ya Sinners irahabwa amahirwe yo kwegukana ibihembo byinshi

Igihe uwayoboye filime ya Sinners, Ryan Coogler, yari akiri umwana akajya kureba filime muri sinema, yakundaga kwinjiza utuntu two kurya mu ibanga, ndetse akagira n’uburyo bwe bwihariye bwo kuvanga ibinyobwa byo mu mashini yo kuri sinema. Aheruka kuvuga muri podcast ya Amy Poehler yitwa Good Hang ati:”Ntabwo ndi umuntu ukunda soda cyane, ariko igihe batangiraga…

Read More

Cornerstone Choir yateguye igitaramo cy’iminsi 2 yatumiyemo HealingWorship Minitry

Korari Cornerstone ikorera umurimo w’Imana mu Itorero ry’Ubumwe bw’amatoreroy’Ababatisita mu Rwanda, UEBR(Union des Eglises Baptistes au Rwanda),Paruwasi ya Kigali yateguye igiterane cyo gushima Imana cyizamara iminsi ibiri. Biteganyijwe ko kizaba kuwa gatandatu no ku cyumweru, tariki ya 28 na 29 Werurwe 2026.Iki gitaramo gifite insanganyamatsiko iboneka muri Zaburi 71:8, “Akanwa kanjyekazuzura ishimwe ryawe n’icyubahiro cyawe…

Read More

Coach Gael na KIKAC Music bagiye gutangiza irushanwa rizafasha Abanyempano

Inzu ebyiri zikomeye zireberera inyungu z’abahanzi mu Rwanda, 1:55 AM Ltd na KIKAC Music, zunze amaboko zikaba zigiye gutangiza irushanwa ry’abanyempano mu muziki. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Coach Gael akaba nyiri 1:55AM yagaragaje ko vuba hagiye gutangira irushanwa ryo gushaka abana bafite impano bazakora bafatanyije na KICAK Music. Ni mu rwego rwo gukomeza guteza…

Read More

Icyo Ruti Joel yasabye Abadepite ku rubyiruko rwirengagiza Umuco

Umuhanzi Ruti Joel yagaragarije Abadepite icyo bakora mu rubyiruko kugirango barusheho kumenya ikinyarwanda n’umuco gakondo. Uyu muhanzi yagaragarije Abadepite ko kongera umubare w’ibitaramo bya gakondo biri mu byatuma urubyiruko rushishikarira kumenya Ikinyarwanda n’umuco gakondo. Yabigarutseho mu biganiro ku gusuzuma uko Politiki y’Igihugu y’Umurage Ndangamuco ishyirwa mu bikorwa. Ati “Igihora mu matwi y’umuntu yagishaka atagishaka ageraho…

Read More