Urubanza rwa gatanya ya Chameleone n’umugore we rukomeje kugarukwaho cyane

Urukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa. Iyi ni imwe mu nkuru irimo kugarukwaho cyane muri Uganda no mu bakunzi ba muzika mu karere bazi uyu muhanzi Jose Chameleone. Ibinyamakuru muri Uganda…

Read More

Impungenge kuri filime z’abana zisigaye zerekana ubutinganyi

Uko iminsi iza indi igataha, hari imico imwe n’imwe yafatwaga nka kirazira mu bihugu bitandukanye ku Isi ijyenda ihabwa intebe y’icyubahiro cyane cyane mu bantu b’ibyamamare benshi bafatiraho icyitegererezo. Ugasanga hari impaka ndende ku bijyanye n’ubusambanyi bw’abahuje igitsina (ubutinganyi). Mu bihugu byinshi byateye imbere, umuco w’ababana cyangwa abaryamana bahuje ibitsina wamaze kuba ikintu gisanzwe kera…

Read More

Platini P na Nel Ngabo bagiye gusogongeza abafana kuri Album

Abahanzi barimo Platini P na Nel Ngabo babarizwa muri Kina Music bagiye gusongongeza abafana, babo kuri Album baherutse guhuriraho bise “Vibranium.” Ni igitaramo kibazera muri Zaria Court, tariki 29 Kanama 2025, aho kwinjira bizaba ari ibihumbi 50Frw. Vibranium iriho indirimbo umunani ziri mu njyana zitandukanye, yakozweho n’abarimo Ishimwe Clement, Mamba, Devy Denko, Element Eleéeh n’abandi.

Read More

Lil Nas X yatawe muri yombi nyuma yo kugaragara yambaye umwenda w’imbere i Los Angeles

Umuhanzi w’Umuraperi w’Umunyamerika Lil Nas X yatawe muri yombi ahita anajyanwa mu bitaro nyuma yo kugaragara azerera mu muhanda i Los Angeles yambaye umwenda w’imbere. Amakuru y’itabwa muri yombi no kujyanwa mu bitaro kuri uyu muraperi, yemejwe n’Ubuyobozi bw’i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za America. Polisi yo muri uyu Mujyi wo muri California,…

Read More

Chris Brown ari kuvugisha benshi kubera gukuramo umukobwa ikariso

Chris Brown akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’amafoto ye yagiye hanze asa nk’aho ari gukuramo ikariso umukobwa bivugwa ko ari umwe mu bafana wari wamwishyuye akayabo. Ni amafoto abiri agaragaza uyu muhanzi ari kumwe n’umukobwa ari kumukuramo umwambaro w’imbere. Iya mbere uyu muhanzi aba arebana n’uyu mukobwa, mu gihe indi uyu mukobwa aba…

Read More

Spice Diana yagize icyo avuga ku bantu banenze ikibuno cye

Umuhanzikazi Namukwaya Hajara Diana uzwi nka Spice Diana wo muri Uganda yavuze ku bijyanye n’abamwibasira bagendeye ku miterere ndetse n’imyumvire ye ku bijyanye no guhindura umubiri, agaragaza ko yishimira uko ateye kandi nta gahunda afite yo kwibagisha kugira ngo ahindure uko ateye. Uyu muhanzikazi wamamaye cyane mu ndirimbo nka ‘Siri Regular’, yemeye ko akunze kunengwa…

Read More

Teta Sandra ushinzwa kugonga umugabo we ku bushake yafunzwe

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi Umunyarwandakazi Sandra Teta, aho akurikiranyweho kugonga ku bushake agakomeretsa umugabo we, Douglas Mayanja, uzwi cyane ku izina rya Weasel. Iperereza ry’ibanze ryakozwe na Polisi, ryagaragaje ko ibi byabereye mu kabari ka Shan gaherereye Munyonyo mu Mujyi wa Kampala, nyuma y’amakimbirane akomeye hagati yabo bombi. Teta Sandra ufungiye…

Read More

Shaddy Boo azayobora ibirori by’umugoroba wo gusangira wa Diva Awards

Mbabazi Shadia uzwi ku mazina ya Shaddy Boo uheruka kwegukana ikamba ry’umwamikazi w’ubwiza (Queen of Beauty) azayobora ibirori by’abegukanye ibihembo muri Diva Awards igiye kongera guba ku nshuro ya gatatu. Shaddy Boo wegukanye igihembo muri Diva Awards ni umwe mu batoranyijwe bazaba bayoboye ibirori byiswe “Diva Awards Gala Dinner” biteganyijwe kuzaba taliki ya 29 Kanama 2025, muri Kicukiro…

Read More