Niyo Bosco yatunguranye agaragaza umukunzi we bwa mbere

Mu magambo meza y’urukundo umuhanzi Niyo Bosco yerekanye umukobwa yihebeye amutera imitoma amwifuriza isabukuru nziza, amwibutsa ko yavukiye kugira ngo umutima we umukunde bizira uburyarya. Aya magambo y’urukundo yanditswe n’uyu muhanzi ayanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko. Yagize ati “Kuri uyu munsi, ibyiyumviro by’urukundo byasesekaye mu Isi. Isabukuru nziza. Wavukiye gutuma umutima wanjye…

Read More

Miss Aurore, Kalimpinya na Ish Kevin bagiye guhurira mu irushanwa rimwe

Kalimpinya Queen, umuraperi Ish Kevin na Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012 abazitabira isiganwa ry’imodoka rya “Nyirangarama Rally” rigiye gukinwa ku nshuro ya kane, aho rizabera mu mihanda yo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu, tariki ya 6 Nzeri 2025. Imodoka 10 ziganjemo iz’Abanyarwanda nizo zitezwe muri iri siganwa…

Read More

Amafoto utabonye yaranze ibirori bya Kathia wo muri ’Mackenzies’

Kathia Uwase Kamali wamenyekanye mu itsinda ’Mackenzies’ witegura kurushinga na Adonis Jovon Filer, yakorewe ibirori byo gusezera inshuti ze. Ni ibirori byabaye tariki 30 Kanama 2025. Byitabiriwe na benshi mu nshuti ze ndetse n’abavandimwe be. Mu bitabiriye ibyo birori harimo abakobwa babana muri Mackenzies n’izindi nshuti ze harimo na Jeanine Noach wigeze kubaho umukunzi w’umuhanzi…

Read More

Ish Kevin yasanze Ariel Wayz muri Universal Music Group

Ish Kevin yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire na ‘Universal Music Group,’ sosiyete ikomeye ku Isi mu bijyanye no gufasha abahanzi, igiye kujya imufasha mu bijyanye n’ubuhanzi bwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Nzeri 2025 nibwo Ish Kevin yasohoye itangazo rigenewe abanyamakuru, rihamya ko bamaze gusinyana amasezerano na ‘Universal Music Group,’ Ishami rya…

Read More

Kathia uzwi muri ’Mackenzies’ yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi – AMAFOTO

Kathia Uwase Kamali wamenyekanye mu itsinda ’Mackenzies’ witegura kurushinga na Adonis Jovon Filer, yakorewe ibirori byo gusezera inshuti ze bizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka ‘Bachelorette Party’. Ni ibirori byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kanama 2025. Byitabiriwe na benshi mu nshuti ze ndetse n’abavandimwe be. Byabaye kandi nyuma y’aho we na Adonis Filer wamenyekanye…

Read More