Amafoto utabonye yaranze ibirori bya Kathia wo muri ’Mackenzies’

Kathia Uwase Kamali wamenyekanye mu itsinda ’Mackenzies’ witegura kurushinga na Adonis Jovon Filer, yakorewe ibirori byo gusezera inshuti ze.

Ni ibirori byabaye tariki 30 Kanama 2025. Byitabiriwe na benshi mu nshuti ze ndetse n’abavandimwe be.

Mu bitabiriye ibyo birori harimo abakobwa babana muri Mackenzies n’izindi nshuti ze harimo na Jeanine Noach wigeze kubaho umukunzi w’umuhanzi Cyusa.

Byabaye kandi nyuma y’aho we na Adonis Filer wamenyekanye mu makipe atandukanye muri Basketball y’u Rwanda, banamaze kwemeranya kubana, ndetse bakaba bafitanye ubukwe ku wa 5 Nzeri 2025.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *