Cadette wanyuze muri Miss Rwanda yinjiye mu itangazamakuru

Umukundwa Clemence uzwi nka Cadette witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya yitwa Urban Radio. Uyu mukobwa wamamaye cyane ubwo yari mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda wa 2019, agiye kujya yumvikana kuri radio, nk’uko bigaragazwa n’itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’iyi radio bukomeje kurarikira abantu bimwe mu biganiro…

Read More

Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba Festival y’imbwa

Iri serukiramuco ry’imbwa ryishwe ‘Dog Fest Kigali’ ni ibirori by’abakunzi b’imbwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere mu Rwanda. Ni igikorwa kidasanzwe cyagenewe abakunzi b’imbwa kizabera mu mujyi wa Kigali I Gacuriro kuri KICS Playground taliki ya 31 Kanama 2025. Iki gikorwa kigamije guhuriza hamwe abantu bafite urukundo n’impuhwe ku mbwa, abatanga serivisi zijyanye n’inyamaswa,…

Read More

Impamvu igitaramo cyari guhuza abahanzi ba Uganda no mu Rwanda cyasubitswe

Igitaramo cya ‘Uganda Rwanda Music Festival’ cyagombaga guhuriramo abahanzi barimo Jose Chameleone, Ykee Benda, Kenny Sol, Marina, Niyo Bosco n’abandi cyasubitswe. Iri serukiramuco ryari rigiye kuba ku nshuro ya mbere ryari ryarateguwe n’abanya-Uganda ariko bafatanyije n’abandi bo mu Rwanda kuko bari kugenda bahinduranya ibihugu rigomba kuberamo hagati y’u Rwanda na Uganda. https://mambo1.com/abahanzi-bo-mu-rwanda-na-uganda-bagiye-guhurira-mu-iserukiramuco-ryumuziki/ Ubwo twaganiraga n’umwe mu…

Read More

Nsigaje kugura indege – Badrama avuga ku bamwita inkandagira bitabo

Mupende Ramadhan wamenyekanye ku izina rya Badrama mu ruganda rw’imyidagaduro yatangarije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko afite inzozi zo gutunga indege ye hamwe n’umusozi. Badrama mu butumwa yatanze yibanze ku bintu yifuza kuzageraho mu buzima bwe harimo ibikorwa byo mu muziki, kubaka amashuri, ibitaro n’ibindi byinshi yifuza kuzashyira ku kirwa ke. Ibi yabihuje n’abantu…

Read More

Miss Naomie ati “Uzongera kuvuga ku mugabo wanjye nzamugaburira Super Glue”

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije abamaze iminsi bavuga ko umugabo we, Michael Tesfay, ari umukene kubera ko yateze imodoka rusange avuga ko uzabyongera azamucecekesha akoresheje super glue. Ibi abivuze nyuma y’amafoto yagiye hanze ari kwinjira muri Bus zitwara abagenzi, avuga ko ibyo bitabareba kuko ntawe yamushinze, kandi yishimiye umubano wabo. Ibi…

Read More

Uri isanzure ryanjye – Umuhungu wa Perezida w’Afurika y’epfo kuri Kate Bashabe

Umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo witwa Tumelo Ramaphosa yateye imitoma umunyarwandakazi Kate Bashabe bituma benshi bakeka ko haba harimo urukundo hagati yabo. Ibi bije nyuma y’uko uyu muherwe yashyize ifoto ya Kate Bashabe kuri Instagram ye (Story), akarenzaho amagambo agira ati “Isanzure ryange”, aya akaba ari amwe magambo akunze gukoreshwa n’abakundana baterana imitoma. Si…

Read More

Abahanzi bo mu Rwanda na Uganda bagiye guhurira mu iserukiramuco ry’umuziki

Bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda hamwe na Uganda bagiye guhurira mu iserukiramuco ry’umuziki ryiswe ‘Uganda Rwanda Music Festival’ rigiye kuba ku nshuro ya mbere. Iri serukiramuco ngarukamwaka rigiye kuba ku nshuro ya mbere ribere mu gihugu cya Uganda, ahazwi nka Lugogo hasanzwe habera ibitaramo bikomeye. Iri serukiramuco ry’umuziki rigamije guhuriza hamwe abahanzi bo mu…

Read More