Ishyirahamwe ry’imbeba ntirizigira injangwe – Riderman

Umuhanzi w’umuraperi Gatsinzi Emery uzwi ku izina rya Riderman mu muziki yarikoroje ku rubuga rwa X ubwo yandikaga amagambo akavugisha benshi mu bamukurikirana. Riderman usanzwe uzwiho ubusizi n’imyandikire izimike mu muziki we yanditse kuri urwo rubuga rwe agira ati ” Niba bishyira hamwe ngo bakurwanye, urakomeye. Komeza wiyubake. Ishyirahamwe ry’imbeba ntirizigira injangwe” Abakunzi ba Riderman…

Read More

Udushya n’ibyaranze ubuzima bwa Senderi mu muziki ugiye kwizihiza imyaka 20 aririmba

Umuhanzi Eric Senderi yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cyose ari kwizihiza imyaka 20 amaze akora umuziki. Ni ibitaramo azakorera mu turere icyenda two mu ntara harimo n’umujyi wa Kigali. Bizatangira taliki ya 5 Nyakanga abanzirize muri Kirehe ari nako karere avukamo. Utundi turere azakoreramo ni Burera, Muhanga, Huye, Bugesera, Kayonza, Ngoma, Musanze, Rubavu,…

Read More

Ibiteye amatsiko kuri Seri ‘Hurts Harder’ ikebura benshi mu rukundo

Filime y’uruhererekane ‘Hurts Harder’ yiganjemo ubugambane no kwizera urukundo rwo ku mbuga nkoranyambaga igiye gutangira kwerekanwa kuri Televiziyo ya Zacu. Ni filime igaragaramo Irakoze Ariane Vanessa ukina yitwa ‘Kate’ aba ari umukobwa w’imyaka 27 ariko utarahiriwe mu rukundo kuko aba yaragiye ahemukirwa, gusa aba agifite icyizere ko azabona umukunda by’ukuri. Nyuma aza kujya mu rukundo…

Read More

Mariya Yohana yateguye igitaramo cyo gushimira inkotanyi

Umuhanzi Mukankuranga Marie Jeanne uzwi ku izina rya Mariya Yohana, agiye gufasha Abanyarwanda kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibohora ku nshuro ya 31 abinyujije mu gitaramo yabateguriye kigamije gushimira Inkotanyi zabohoye igihugu. Iki gitaramo cyiswe ‘Inkera y’Abahizi’ cyahujwe no kumurika album y’uyu muhanzikazi yise ‘Komeza Ibirindiro’, kizabera mu Intare Arena, tariki 3 Nyakanga 2025. Mu kiganiro…

Read More

Bruce Melodie afite inzozi zo kuzuza Stade Amahoro

Umuhanzi Bruce Melodie yerekanye ko afite inzozi zo gukorera igitaramo muri Stade Amahoro akaba umuhanzi uzakora ayo mateka ku buryo n’amatike azashira ku isoko mbere y’uko kitabirwa. Uyu muhanzi ibi yabitangaje abinyujije ku rubuga rwa Instagram, ahashyirwa ubutumwa bumara amasaha 24. Yagize ati “Tekereza iyi Stade Amahoro nziza cyane, yuzuye abantu. Igitaramo amatike yashize mbere….

Read More

Urujijo mu rukundo rwa Yago n’umugore we

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Yago Pon Dat yerekanye ko atigeze ahirwa mu rukundo nyuma y’ibihuha byavugaga ko yatandukanye n’umugore we baheruka kubyarana. Yago, abinyujije kuri Instagram ye, yaciye amarenga ko ashobora kuba atarahiriwe n’urukundo, agaragaza ko rwari ikinyoma. Ni nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amakuru avuga ko yaba yaratandukanye n’umugore we, Teta Christa baherutse…

Read More

Ibiteye amatsiko kuri Sharon Gatete ugiye gushyingiranwa na Chryso Ndasingwa

Nubwo izina rye ritaramenyekana cyane mu Banyarwanda, Sharon Gatete mu muziki wa kuramya no guhimbaza Imana amaze gukundwa bikomeye bitewe n’amagambo agize indirimbo ze yomora imitima ya benshi. Yavukiye mu muryango ukijijwe, mu mujyi wa Kigali i Remera, yatangiye kuririmba ku myaka icyenda akabikorera mu rusengero naho yigaga amashuri abanza ku kigo cya ‘Good Foundation.’…

Read More