Umuramyi Ishimwe Vestine yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi ‘Bridal Shower’ – AMAFOTO

Abagore n’abakobwa bakoreye ibirori umuhanzi Ishimwe Vestine uririmba mu itsinda rya Vestine na Dorcas ari gusezera ku bukumi. Ibi birori bizwi ku izina rya Bridal shower byabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 22 Kamena 2025. Byitabiriwe n’abagore n’abakobwa b’inshuti ze za hafi. Uyu mukobwa yakoze ibi birori mu gihe azarushinga n’Umunya-Burkina Faso, Idrissa Ouédraogo…

Read More

Nta mwana ukina akora mu bwanwa bwa se – Umugore wa Tom ku basebya umugabo we

Niyonshuti Ange Tricia umugore wa Tom Close yatanze ubutumwa ku bantu bakomeje kuvuga ku mugabo we biturutse ku kiganiro cyakozwe n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko yakabaye ataririmba kuko ntabyo ashoboye. Uyu munyamakuru yari abajijwe ibyo yavuga kuri Tom Close, na we ubwe yabanje guhamya ko ibyo yari agiye kumuvugaho atari byiza ko abivugira imbere y’abantu benshi….

Read More

Shakira akomeje kunenga icyemezo cya Trump ku bimukira

Umuhanzikazi w’icyamamare, Shakira, yagaragaje impungenge ku buzima bushaririye abimukira babayemo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yavuze ko kubaho mu bwoba buhoraho byabaye nk’ihame ku bantu benshi bafite inkomoko mu mahanga. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yahaye BBC, aho yavuze ko umwuka mubi ufitwe na bamwe mu bayobozi n’inzego z’umutekano muri Amerika wagiye ugera…

Read More

Annette yavuye gusura umugabo we Gafaranga muri Gereza ‘Atanga ubutumwa’

Umuramyi Annette Murava umaze iminsi avugwa cyane ku mbuga nkoranyamabaga bitewe n’ikiganiro yatanze, yatangaje ko yavuye gusura umugabo we Gafaranga muri Gereza amugenera ubutumwa bwo ku bwira abakunzi be. Kuri uyu munsi taliki ya 14 Kamena nibwo uyu muhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yanditse ubutumwa abinyujije ku rubuga rwa Instagram. Yagize ati…

Read More

Bwa mbere King James agiye kwitabira Iwacu na Muzika Festival

Umuhanzi King James yiyongereye ku bandi bahanzi barindwi bazasusurutsa Abanyarwanda mu bitaramo bya Iwacu na Muzika Festival bizenguruka igihugu cyose. Umuhanzi King James aje kuri uru rutonde asangaho umuraperi Riderman nawe wari wongeremo, baza basangamo abandi bahanzi barimo, Ariel Wayz, Juno Kizigenza, Nel Ngabo, Kevin Kade na Kivumbi King. Umwaka ushize byari byaririmbyemo abahanzi barimo…

Read More

Fatakumavuta wahamijwe ibyaha akanakatirwa ashobora kujurira!

Kuwa 13 Kamena 2025 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta igihano cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu. Igihano gito kuko yari guhabwa igifungo cy’imyaka itanu bitewe n’uko ibyaha bitatu yahamijwe byose bifite ibihano by’iyo myaka uyiteranyije hakiyongeraho ihazabu ya miliyoni n’ibihumbi 300 Frw. Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe iki cyemezo nyuma yo…

Read More

Bianca yatanze ikirego cy’umukozi wamwibye imodoka

Umunyamakurukazi Uwamwezi Daphine wamenyekanye nka Bianca, yibwe imodoka ye, ndetse akaba yamaze gutanga ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB. Uyu munyamakurukazi usanzwe akorera SK radio wananyuze ku bitangazamakuru binyuranye, yemeje aya makuru y’ubujura yakorewe bw’imodoka ye. Yatangaje ko iki kinyabiziga cye kibwe ku mugoroba w’ejo hashize ku wa Gatatu tariki 11 Kamena 2025, aho uwayibye…

Read More

Ariel Wayz yasinye muri Universal Music East Africa

Umuhanzikazi Nyarwanda Ariel Wayz yemejwe nkumwe mu bahanzi bashya bagiye kuzajya bafashwa na Label ya Universal Music East Africa. Universal Music East Africa ni inzu isanzwe ifasha abahanzi ariko byumwihariko bo muri Afurika y’Iburasirazuba. Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo batangaje ko bishimiye kwakira umuhanzi mushya ukomoka mu Rwanda. Bagize bati “Byemejwe!!! Ubu twishimiye kubatangariza isinyishwa…

Read More