Nyuma ya Muyoboke na Noopja yavuze

Nduwimana Jean Paul uzwi ku izina rya Noopja mu muziki Nyarwanda yagarutse ku bimaze iminsi bivugwa mu ruganda rw’umuziki aho bamwe bitana bamwana bashinja abandi ko aho guteza umuziki imbere ahubwo bakomeje kugenda bawuroha mu manga. Ibi bije nyuma yaho abareberera inyungu z’abahanzi barimo Alex Muyoboke hamwe na Coach Gael bateranye amagambo berekana ko ibyo…

Read More

Ntabwo byatunguranye ku itandukana rya Kenny Sol na 1:55 AM

Umuhanzi Kenny Sol yatandukanye n’inzu ya 1:55 AM bari bamaze igihe bakorana bavuga ko gutandukana kwabo byabayeho mu mahoro. Mu itangazo bashyize hanze bagize bati “1:55 AM Ltd n’umuhanzi Kenny Sol batangaje ko guhera tariki ya 02 Kamena 2025, mu bwumvikane n’amahoro ko bagiye gukomeza inzira zitandukanye z’ubuhanzi.” Bakomeje bavuga ko nk’igisobanuro cy’urugendo rukomeye bagiranye…

Read More

Bwiza yasohoye amashusho y’indirimbo yakoranye na Loader

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise Nasara yakoranye na Producer Loader uri mu basanzwe bantunganya zimwe mu ndirimbo z’uyu mukobwa. Bwiza ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music asohoye iyi ndirimbo nyuma yo kumurikira abakunzi be Album yise 25 shades. ‘Nasara’ ni indirimbo y’urukundo, ikaba yaratungayijwe na Loader mu buryo bw’amajwi, amashusho…

Read More

Umunyarwandakazi Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho wo muri Kenya

Munezero Rosine uzwi ku mbuga nkoranyamba nka Bijou Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho Safi wigaragaje nk’umunyamafaranga akagambirira kuzenguruka abagore beza asangira nabo iraha. Ku binyamakuru byo muri Kenya byanditse ko Jimal Roho Safi na Dabijou ibyabo byagiyeho akadomo ndetse nta n’umwe ukiri inshuti n’undi ku mbuga nkoranyamabaga. Ni nako bimeze ku mafoto bafashe igihe…

Read More