Icyizere cya Zita Unno mu muziki nyuma yo kubona Label imufasha

Murwanashyaka Innocent ukoresha amazina ya Zita Unno mu muziki nyuma yo kubona amamufasha mu muziki avuga ko afite icyizere cyo kugera kure bitandukanye na mbere akirwariza. Uyu muhanzi utaramenyekana cyane mu Rwanda amaze imyaka itari munsi y’icumi akora umuziki ariko ugasanga bigenda biguru ntege. Kuri ubu avuga ko ibintu byahindutse nyuma yo kubona Label imufasha…

Read More

Zuchu yarahiye ko nta ndirimbo azakorana n’abahanzi bo muri Kenya

Umuhanzikazi wo muri Tanzania, Zuchu yarahiye ko atazigera akorana indirimbo n’umuhanzi uwo ari we wese wo muri Kenya nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga bibasiye Perezida wabo Samia Suluhu. Zuchu yavuze ko yamaze kubona ko Abanya-Kenya nta kinyabupfura bagira, bityo kugira ngo yemere gukorana indirimbo n’umuhanzi wabo bagomba kubanza gusaba imbabazi Perezida Samia Suluhu. Ati “Ntabwo…

Read More

Meddy na The Ben bazahurira mu gitaramo kimwe muri Amerika

Umuhanzi w’icyamamare Ngabo Medard Jorbert [Meddy] agiye guhurira n’abakunzi be muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gitaramo giteganyijwe muri “Rwanda Convention USA”, kimwe mu bikorwa bikomeye by’Abanyarwanda baba hanze y’igihugu. Rwanda Convention USA izabera muri Leta ya Phoenix, Arizona, kuva ku wa 4 kugeza ku wa 6 Nyakanga 2025. Abandi bahanzi batumiwe harimo na…

Read More

AMAFOTO: Miss Natasha Nyonyonzi yakiriwe nk’umwakikazi muri Uganda

Miss Natasha Nyonyozi wari uhagarariye Uganda mu irushanwa rya Miss World 2025 nyuma yo kuhava yegukanye igihembo yagarutse mu rugo yakirwa nk’umwamikazi. Uyu mukobwa wegukanye ikamba ry’umukobwa ufite ubwiza bufite intego yeretswe urukundo n’abaturage ba Uganda ubwo bajyaga kumufata ku kibuga cy’indege akanazenguruka umujyi wa Kampala asuhuza abawutuye. Uyu mukobwa yageze Kampala avuye i Telangana…

Read More

Nyuma ya Muyoboke na Noopja yavuze

Nduwimana Jean Paul uzwi ku izina rya Noopja mu muziki Nyarwanda yagarutse ku bimaze iminsi bivugwa mu ruganda rw’umuziki aho bamwe bitana bamwana bashinja abandi ko aho guteza umuziki imbere ahubwo bakomeje kugenda bawuroha mu manga. Ibi bije nyuma yaho abareberera inyungu z’abahanzi barimo Alex Muyoboke hamwe na Coach Gael bateranye amagambo berekana ko ibyo…

Read More

Ntabwo byatunguranye ku itandukana rya Kenny Sol na 1:55 AM

Umuhanzi Kenny Sol yatandukanye n’inzu ya 1:55 AM bari bamaze igihe bakorana bavuga ko gutandukana kwabo byabayeho mu mahoro. Mu itangazo bashyize hanze bagize bati “1:55 AM Ltd n’umuhanzi Kenny Sol batangaje ko guhera tariki ya 02 Kamena 2025, mu bwumvikane n’amahoro ko bagiye gukomeza inzira zitandukanye z’ubuhanzi.” Bakomeje bavuga ko nk’igisobanuro cy’urugendo rukomeye bagiranye…

Read More

Bwiza yasohoye amashusho y’indirimbo yakoranye na Loader

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise Nasara yakoranye na Producer Loader uri mu basanzwe bantunganya zimwe mu ndirimbo z’uyu mukobwa. Bwiza ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music asohoye iyi ndirimbo nyuma yo kumurikira abakunzi be Album yise 25 shades. ‘Nasara’ ni indirimbo y’urukundo, ikaba yaratungayijwe na Loader mu buryo bw’amajwi, amashusho…

Read More