Orezi wakoranye indirimbo na Charly na Nina yagize ibyago

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria uzwi ku izina rya Orezi mu muziki yatangajeko afite agahinda ko kubura se umubyara.

Esegine Allen wamamaye nka Orezi muri muzika ibi yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze avuga ko Se yitabye Imana kuri uyu munsi taliki ya 3 Kamena 2025.

Uyu muhanzi yamenyekanye cyane mu Rwanda ubwo yakoranaga indirimbo n’itsinda rya Charly na Nina bise ‘Lazizi’, imaze imyaka itanu iri hanze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *