Amavubi yatsinzwe umukino wa mbere wa gicuti – AMAFOTO

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatsinzwe na Algérie ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye mu mujyi wa Constantine muri Algérie. Ni umukino watangiye Saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba. Ibihugu byombi, byari byifashishije abakinnyi ba byo bo mu makipe ya mbere. Iminota 45 y’gice cya mbere cy’umukino cy’uyu mukino, cyarangiye Algérie yatsinze Amavubi y’u Rwanda igitego…

Read More
Trump

Abaturage bo muri Congo i Burundi n’ahandi ubu kujya muri Amerika ni inzozi

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu birimo n’u Burundi kwinjira muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano, nk’uko byatangajwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, White House. Muri iri tegeko, hagaragaramo ibihugu 12 byakumiriwe ndetse n’ibindi byagabanyirijwe ku rugero ingendo z’abashaka kwinjira muri Amerika. Ibi bihugu 12…

Read More

Meddy na The Ben bazahurira mu gitaramo kimwe muri Amerika

Umuhanzi w’icyamamare Ngabo Medard Jorbert [Meddy] agiye guhurira n’abakunzi be muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gitaramo giteganyijwe muri “Rwanda Convention USA”, kimwe mu bikorwa bikomeye by’Abanyarwanda baba hanze y’igihugu. Rwanda Convention USA izabera muri Leta ya Phoenix, Arizona, kuva ku wa 4 kugeza ku wa 6 Nyakanga 2025. Abandi bahanzi batumiwe harimo na…

Read More

AMAFOTO: Miss Natasha Nyonyonzi yakiriwe nk’umwakikazi muri Uganda

Miss Natasha Nyonyozi wari uhagarariye Uganda mu irushanwa rya Miss World 2025 nyuma yo kuhava yegukanye igihembo yagarutse mu rugo yakirwa nk’umwamikazi. Uyu mukobwa wegukanye ikamba ry’umukobwa ufite ubwiza bufite intego yeretswe urukundo n’abaturage ba Uganda ubwo bajyaga kumufata ku kibuga cy’indege akanazenguruka umujyi wa Kampala asuhuza abawutuye. Uyu mukobwa yageze Kampala avuye i Telangana…

Read More

Umunya-Portugal wubatse amateka ashobora gutoza APR FC

Ikipe ya APR FC yatandukanye n’umutoza Darko Novic iri mu biganiro byo gusinyisha Umunya-Portugal Miguel Cardoso uhabwa amahirwe menshi ugereranyije n’abandi batoza bari kuvugwa muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu. Amakuru ari kuvugwa ariko ataremezwa ahamya ko iyi kipe nta gihindutse izatangaza umutoza mushya mu cyumweru gitaha kuko ibiganiro bigeze kure. Bivuze ko Nta gihindutse nko…

Read More

Nyuma ya Muyoboke na Noopja yavuze

Nduwimana Jean Paul uzwi ku izina rya Noopja mu muziki Nyarwanda yagarutse ku bimaze iminsi bivugwa mu ruganda rw’umuziki aho bamwe bitana bamwana bashinja abandi ko aho guteza umuziki imbere ahubwo bakomeje kugenda bawuroha mu manga. Ibi bije nyuma yaho abareberera inyungu z’abahanzi barimo Alex Muyoboke hamwe na Coach Gael bateranye amagambo berekana ko ibyo…

Read More

Ntabwo byatunguranye ku itandukana rya Kenny Sol na 1:55 AM

Umuhanzi Kenny Sol yatandukanye n’inzu ya 1:55 AM bari bamaze igihe bakorana bavuga ko gutandukana kwabo byabayeho mu mahoro. Mu itangazo bashyize hanze bagize bati “1:55 AM Ltd n’umuhanzi Kenny Sol batangaje ko guhera tariki ya 02 Kamena 2025, mu bwumvikane n’amahoro ko bagiye gukomeza inzira zitandukanye z’ubuhanzi.” Bakomeje bavuga ko nk’igisobanuro cy’urugendo rukomeye bagiranye…

Read More

Ibyaranze ubuzima bwa Mutesi Jolly ufite igisekuru i Bwami

Nyampinga Mutesi Jolly, ni umukobwa mwiza w’ikimero akagira urubavu ruto, arashinguye, umukobwa w’inzobe inoze, akagira amenyo y’urwererane mu ishinya y’igikara benshi bibazaho bakeka ko ibi atari karemano. Abamushidikanyaho abasubiza ati “Uwo mubona ni njye nyawe, ntabwo ari photoshop!” Umurebye ku maso agaragara nk’umukobwa w’umutesi, ucecekanye byinshi ndetse iyo umuganirije murebana mu maso, asubizanya gutekereza cyane…

Read More