Lamine Yamal w’imyaka 17 ari mu rukundo n’umugore wa 30 – AMAFOTO

Lamine Yamal ukinira ikipe ya FC Barcelona ari mu rukundo n’umugore w’imyaka 30 witwa Fati Vázquez uzwi ku mbuga nkoranyambaga cyane ku rwitwa onlyfans ruzwiho gucuruza amashusho y’urukozasoni. Fati Vázquez na Lamine Yamal bombi bakomoka muri Espagne, baherutse gusangiza ababakurikira amafoto y’aho berekeje mu biruhuko, dore ko nta mikino ihari uyu mukinnyi ari gukina. Ibinyamakuru…

Read More

Ibirori by’isabukuru byahindutse inkuru mbi 17 bahasiga ubuzima

Ibirori by’isabukuru y’umukobwa wari wujuje imyaka 18 i Antananarivo muri Madagascar bimaze guhinduka inkuru mbi aho 17 mu bari babigiyemo bamaze gupfa kubera ibiribwa bihumanye bariye muri ibyo birori, nk’uko ibinyamakuru byaho bibitangaza. Abantu bagera kuri 50 bari bitabiriye ibyo birori byabaye mu ijoro ryo ku wa gatandatu, benshi muri bo ntibatinze gutangira kugubwa nabi…

Read More

Israel yarashe kuri televiziyo y’igihugu ya Iran – Amakuru arahagarara

Indege z’intambara za Israel zarashe ku cyicaro gikuru cy’igitangazamakuru cya leta ya Irani mu murwa mukuru Tehran, nyuma yuko igisirikare cya Israel gisabye abatuye muri ako gace aho icyo gitangazamakuru kiri, kwimuka. Amakuru yari arimo gutangazwa mu buryo bw’ako kanya kuri televiziyo ya Irani yahagaze by’akanya gato nyuma yuko humvikanye ibiturika ndetse n’amatara akazima. Ibitangazamakuru…

Read More

Shakira akomeje kunenga icyemezo cya Trump ku bimukira

Umuhanzikazi w’icyamamare, Shakira, yagaragaje impungenge ku buzima bushaririye abimukira babayemo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yavuze ko kubaho mu bwoba buhoraho byabaye nk’ihame ku bantu benshi bafite inkomoko mu mahanga. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yahaye BBC, aho yavuze ko umwuka mubi ufitwe na bamwe mu bayobozi n’inzego z’umutekano muri Amerika wagiye ugera…

Read More

Trump ‘yabujije Israel kwica Ayatollah Ali Khamenei wa Iran’

Perezida w’AmerikaDonald Trump yanze umugambi wa Israel wo kwica umutegetsi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, nk’uko abakozi batatu bo hejuru mu butegetsi bwa Amerika babibwiye ikinyamakuru CBS News gikorana na BBC. Trump yabwiye Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu wa Israel ko kwica Khamenei “atari igitekerezo cyiza”, nk’uko umwe muri abo bakozi abivuga. Trump ubwe nta…

Read More

Annette yavuye gusura umugabo we Gafaranga muri Gereza ‘Atanga ubutumwa’

Umuramyi Annette Murava umaze iminsi avugwa cyane ku mbuga nkoranyamabaga bitewe n’ikiganiro yatanze, yatangaje ko yavuye gusura umugabo we Gafaranga muri Gereza amugenera ubutumwa bwo ku bwira abakunzi be. Kuri uyu munsi taliki ya 14 Kamena nibwo uyu muhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yanditse ubutumwa abinyujije ku rubuga rwa Instagram. Yagize ati…

Read More

Bwa mbere King James agiye kwitabira Iwacu na Muzika Festival

Umuhanzi King James yiyongereye ku bandi bahanzi barindwi bazasusurutsa Abanyarwanda mu bitaramo bya Iwacu na Muzika Festival bizenguruka igihugu cyose. Umuhanzi King James aje kuri uru rutonde asangaho umuraperi Riderman nawe wari wongeremo, baza basangamo abandi bahanzi barimo, Ariel Wayz, Juno Kizigenza, Nel Ngabo, Kevin Kade na Kivumbi King. Umwaka ushize byari byaririmbyemo abahanzi barimo…

Read More

Fatakumavuta wahamijwe ibyaha akanakatirwa ashobora kujurira!

Kuwa 13 Kamena 2025 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta igihano cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu. Igihano gito kuko yari guhabwa igifungo cy’imyaka itanu bitewe n’uko ibyaha bitatu yahamijwe byose bifite ibihano by’iyo myaka uyiteranyije hakiyongeraho ihazabu ya miliyoni n’ibihumbi 300 Frw. Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe iki cyemezo nyuma yo…

Read More