Urujijo mu rukundo rwa Yago n’umugore we
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Yago Pon Dat yerekanye ko atigeze ahirwa mu rukundo nyuma y’ibihuha byavugaga ko yatandukanye n’umugore we baheruka kubyarana. Yago, abinyujije kuri Instagram ye, yaciye amarenga ko ashobora kuba atarahiriwe n’urukundo, agaragaza ko rwari ikinyoma. Ni nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amakuru avuga ko yaba yaratandukanye n’umugore we, Teta Christa baherutse…

