Bwiza yasohoye amashusho y’indirimbo yakoranye na Loader

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise Nasara yakoranye na Producer Loader uri mu basanzwe bantunganya zimwe mu ndirimbo z’uyu mukobwa. Bwiza ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music asohoye iyi ndirimbo nyuma yo kumurikira abakunzi be Album yise 25 shades. ‘Nasara’ ni indirimbo y’urukundo, ikaba yaratungayijwe na Loader mu buryo bw’amajwi, amashusho…

Read More

Menya amateka ya Miss Iradukunda Elsa wanyuze mu nzira y’inzitane

Iradukunda Elsa ni umukobwa muremure w’inzobe ushinguye, ukunda guseka akagira amenyo yererana mu ishinya nziza y’umukara, yakuze ari umwana ukunda gusenga kandi wabitojwe nkuko yabitangaje. Yakuze asengera muri Restoration Church I Gikondo. Akimara gutorwa yavuze ko Umuntu afata nk’intwari ari  Louise Mushikiwabo, kuko ubona ko ari umugore ufite intego muri byose. Yabyawe na Samuel Mana…

Read More

Umunyarwandakazi Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho wo muri Kenya

Munezero Rosine uzwi ku mbuga nkoranyamba nka Bijou Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho Safi wigaragaje nk’umunyamafaranga akagambirira kuzenguruka abagore beza asangira nabo iraha. Ku binyamakuru byo muri Kenya byanditse ko Jimal Roho Safi na Dabijou ibyabo byagiyeho akadomo ndetse nta n’umwe ukiri inshuti n’undi ku mbuga nkoranyamabaga. Ni nako bimeze ku mafoto bafashe igihe…

Read More

Abatuye i Kigali bashyizwe igorora ku mukino wa Amavubi na Nigeria

Meya w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yavuze ko mu rwego rwo korohereza abatuye uyu Mujyi kujya gushyigikira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ikina na Nigeria kuri uyu wa Gatanu, hari abafatanyabikorwa baguze amatike ndetse hari n’imodoka zateganyijwe zifasha abaturage kugera kuri Stade Amahoro. U Rwanda rurakira Nigeria kuri uyu wa Gatanu, saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba, mu mukino…

Read More

Rwamagana: Icyoba ni cyose mu baturage kubera gitifu ubahoza ku nkoni

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Kibaza bavuga ko hari serivisi zirimo nkaGirinka no guhabwa Imbabura bimwa, bakazihabwa ari uko babanje gutanga rusway’amafaranga ku buyobozi bw’umudugudu. Aba baturage nkuko babitangarije televiziyo ya BTN dukesha iyi nkuru,ibi ngo byiyongerahoandi mafaranga y’irondo bakwa n’abayobozi mu mudugudu kandi ntibayahererweinyemezabwishyu ndetse n’iryo rondo ridakora. Aya makuru abaturage bamaze…

Read More

Sadate n’abamugaragiye bose bamaze guhambirizwa

Munyakazi Sadate na komite ye bari bayoboye ikipe ya Rayon sports,begujwe n’inamaikomeye yabereye muri Kigali Arena kuri uyu wa kabiri taliki ya 22 Nzeri 2020 ikabayabahuje na RGB,MINISPORTS ndetse na bamwe mu banyamuryango b’iyi kipe. Nyuma y’igihe kinini muri Rayon Sports havugwa ibibazo by’urusobe byatangiyeCoronavirus igeze mu Rwanda,Komite y’iyi kipe yari iyobowe na Munyakazi Sadate…

Read More