Miss Naomie ati “Uzongera kuvuga ku mugabo wanjye nzamugaburira Super Glue”

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije abamaze iminsi bavuga ko umugabo we, Michael Tesfay, ari umukene kubera ko yateze imodoka rusange avuga ko uzabyongera azamucecekesha akoresheje super glue. Ibi abivuze nyuma y’amafoto yagiye hanze ari kwinjira muri Bus zitwara abagenzi, avuga ko ibyo bitabareba kuko ntawe yamushinze, kandi yishimiye umubano wabo. Ibi…

Read More

Uri isanzure ryanjye – Umuhungu wa Perezida w’Afurika y’epfo kuri Kate Bashabe

Umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo witwa Tumelo Ramaphosa yateye imitoma umunyarwandakazi Kate Bashabe bituma benshi bakeka ko haba harimo urukundo hagati yabo. Ibi bije nyuma y’uko uyu muherwe yashyize ifoto ya Kate Bashabe kuri Instagram ye (Story), akarenzaho amagambo agira ati “Isanzure ryange”, aya akaba ari amwe magambo akunze gukoreshwa n’abakundana baterana imitoma. Si…

Read More

Abahanzi bo mu Rwanda na Uganda bagiye guhurira mu iserukiramuco ry’umuziki

Bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda hamwe na Uganda bagiye guhurira mu iserukiramuco ry’umuziki ryiswe ‘Uganda Rwanda Music Festival’ rigiye kuba ku nshuro ya mbere. Iri serukiramuco ngarukamwaka rigiye kuba ku nshuro ya mbere ribere mu gihugu cya Uganda, ahazwi nka Lugogo hasanzwe habera ibitaramo bikomeye. Iri serukiramuco ry’umuziki rigamije guhuriza hamwe abahanzi bo mu…

Read More

The Ben mu nzira zo gukorana na Coach Gael barebanaga ay’ingwe

Umuhanzi The Ben umaze imyaka arebana ay’ingwe n’umushoramari Coach Gael kuri ubu biravugwa ko aba bombi birengagije ikibatanya bagakurikira ikibahuza bakaba bakongera gukorana, akaba umwe mu bahanzi bafashwa na 1:55 AM. Abakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda bazi neza umubano wa The Ben na Coach Gael watangiye muri 2019 ubwo aba bombi bakoranaga hatarazamo agatotsi ngo…

Read More

Zari yanenze abagore babyara bakennye

Zari Hassan uzwi ku kazina ka Zari The Boss lady wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz yanenze abagore babyara badafite amafaranga ngo kuko bagorwa cyane no kurera. Uyu mugore w’imyaka 44 afite abana bane harimo babiri yabyaranye na Diamond Platnumz, yagaragaje ko ahantu isi igeze nta mugore ukwiye kujya kubyara nta mafaranga afite yo kuba…

Read More

Meddy yatangaje umubare w’abana yifuza kuzabyara

Umuhanzi Nyarwanda, Ngabo Medard Jobert wamamaye mu muziki nka Meddy yatunguye benshi ubwo yavugaga umubare w’abana yifuza kuzabyarana n’umugore we Mimi Mehfra. Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye n’umuyoboro wa YouTube witwa ‘Papa Legend Tv’ bamubajije umubare w’abana yifuza kuzabyara avuga ko abo yifuza ari batanu. Kuri ubu Meddy afite abana babiri. Imfura bayibarutse muri Werurwe…

Read More

The Ben agiye gutaramira mu Bwongereza

Umuhanzi The Ben ukomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye akora ibitaramo byo kumenyekanisha Album ye Plenty Love agiye gutaramira mu Bwongereza. Mu ntangiro z’uyu mwaka The Ben ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bagaragaye mu bitaramo byinshi byabereye hanze y’u Rwanda. Aha twavuga nk’ibyo yakoreye ku mugabane w’iburayi no muri Amerika aho aheruka no kuririmba mu gitaramo cyahuriyemo…

Read More

YouTube igiye kuvugurura amategeko azagonga bamwe

Urubuga nkoranyambaga rwa YouTube rwatangaje ko rurimo kuvugurura amategeko agenga iyishyurwa ry’amashusho ashyirwaho (monetization), mu rwego rwo gukumira akorwa hifashishijwe ubwenge bw’ubukorano (AI) n’ayibwe ahandi, bikazatangira gushyirwa mu bikorwa ku wa 15 Nyakanga 2025. YouTube ntiyahwemye gushishikariza abatunganya amashusho abinjiriza amafaranga, gukora ay’umwimerere kandi arimo ubutumwa bwigisha, by’umwihariko igihe bari muri gahunda y’ubufatanyabikorwa yayo (YouTube…

Read More

Yakatiwe imyaka 12 kubera kwiyita Yesu

Sergey Torop yakatiwe gufungwa imyaka 12, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n’imitungo bya bamwe mu bayoboke b’idini rye yise ‘Idini ry’isezerano rya nyuma’ (Église du Dernier testament). Uwo mugabo wiswe Yezu wa Siberia, akaba agomba gufungirwa muri imwe mu magereza arinzwe cyane aho mu Burusiya, nk’uko byatangajwe n’Ibiro ntaramakuru by’Abongereza ‘Reuters’. Sergey Torop wahoze…

Read More