RDF yashyize umucyo ku banyamakuru bafunzwe

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF) bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bukurikiranye mu butabera, aba ofisiye babiri hamwe n’abasivile 20 bakurikiranweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe. Iri tangazo rivuga ko aba bose ibyaha bacyekwako aribyo ubufatanyacyaha mu kwakira no gutanga inyandiko utemerewe no gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe, byose bijyanye n’uburyo…

Read More

Umunyarwanda yaguzwe n’ikipe yo mu Misiri arenga miliyoni 630 Frw

Mugisha Bonheur wakinaga muri Stade Tunisien yo muri Tunisie, yamaze gukora ikizami cy’ubuzima muri Al-Masry yo mu Misiri aho bivugwa ko yatanzweho agera ku bihumbi 450$ arenga miliyoni 684 mu mafaranga y’u Rwanda.. Muri Nzeri 2024, ni bwo uyu mukinnyi w’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Mugisha Bonheur bakunda kwita ‘Casemiro’, yasinye amasezerano muri Stade Tunisien nyuma yo…

Read More

Urutonde rushya rwa Pasiporo n’aho yakugeza nta Visa – u Rwanda rwaje ku mwanya wa 73

Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya wa 73 wa pasiporo z’ibihugu byo ku isi zishobora kukugeza ahantu henshi ku isi udasabye visa, umwanya iyo pasiporo yaherukagaho mu 2006. Ku rutonde ngarukamwaka ruzwi nka ‘The Henley Passport Index’ rukorwa n’ikigo Henley & Partners, ku rwa 2025 pasiporo y’u Rwanda yemerera uyifite kugera mu bihugu 63, birimo…

Read More

Cadette wanyuze muri Miss Rwanda yinjiye mu itangazamakuru

Umukundwa Clemence uzwi nka Cadette witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya yitwa Urban Radio. Uyu mukobwa wamamaye cyane ubwo yari mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda wa 2019, agiye kujya yumvikana kuri radio, nk’uko bigaragazwa n’itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’iyi radio bukomeje kurarikira abantu bimwe mu biganiro…

Read More