Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba Festival y’imbwa
Iri serukiramuco ry’imbwa ryishwe ‘Dog Fest Kigali’ ni ibirori by’abakunzi b’imbwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere mu Rwanda. Ni igikorwa kidasanzwe cyagenewe abakunzi b’imbwa kizabera mu mujyi wa Kigali I Gacuriro kuri KICS Playground taliki ya 31 Kanama 2025. Iki gikorwa kigamije guhuriza hamwe abantu bafite urukundo n’impuhwe ku mbwa, abatanga serivisi zijyanye n’inyamaswa,…
Impamvu igitaramo cyari guhuza abahanzi ba Uganda no mu Rwanda cyasubitswe
Igitaramo cya ‘Uganda Rwanda Music Festival’ cyagombaga guhuriramo abahanzi barimo Jose Chameleone, Ykee Benda, Kenny Sol, Marina, Niyo Bosco n’abandi cyasubitswe. Iri serukiramuco ryari rigiye kuba ku nshuro ya mbere ryari ryarateguwe n’abanya-Uganda ariko bafatanyije n’abandi bo mu Rwanda kuko bari kugenda bahinduranya ibihugu rigomba kuberamo hagati y’u Rwanda na Uganda. https://mambo1.com/abahanzi-bo-mu-rwanda-na-uganda-bagiye-guhurira-mu-iserukiramuco-ryumuziki/ Ubwo twaganiraga n’umwe mu…
Kenny Sol na Zeo Trap bagiye gukorana na Rayon Sports
Abahanzi Nyarwanda Kenny Sol hamwe n’umuraperi Kenny Sol nibo bazasusurutsa abafana b’ikipe ya Rayon Sports mu cyumweru cyahariwe iyi kipe. Mu rwego rwo gusabana n’abafana ba Rayon Sports nabo mu ntara babateguriye iminsi yo kuzajya kubaha ibirori mu rwego rwo kurushaho kwegera abafana. Taliki ya 1 Kanama bazajya mu karere ka Nyanza aho iyi kipe…
Ibyo wamenya kuri Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr. Edouard Ngirente wari muri izo nshingano kuva mu 2017. Dr. Justin Nsengiyumva yigeze kuba umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi mu Ugushyingo (11) 2008yatawe muri yombi n’urwego rwakoraga iperereza ku byaha rwitwaga Criminal Investigation Department (CID) akekwaho ruswa, yafunzwe igihe kigera ku…
Nsigaje kugura indege – Badrama avuga ku bamwita inkandagira bitabo
Mupende Ramadhan wamenyekanye ku izina rya Badrama mu ruganda rw’imyidagaduro yatangarije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko afite inzozi zo gutunga indege ye hamwe n’umusozi. Badrama mu butumwa yatanze yibanze ku bintu yifuza kuzageraho mu buzima bwe harimo ibikorwa byo mu muziki, kubaka amashuri, ibitaro n’ibindi byinshi yifuza kuzashyira ku kirwa ke. Ibi yabihuje n’abantu…
Umunsi w’igikundiro!! Itike ya menshi izaba ari miliyoni 2
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura ibirori by’Umunsi w’Igikundiro (Rayon Day), yashyize hanze ibiciro byo kwinjira aho itike ya menshi igura miliyoni 2 Frw mu gihe iya make ari 3000 Frw. Tariki 15 Kanama 2025, ni bwo hazaba umunsi ngarukamwaka wa Rayon Day, wo kugaragariza abafana uko umwaka utaha iyi kipe iwiteguwe. Kuri uwo munsi,…
Umuhanzi RunUp yanenze Abayobozi ba 1:55 AM bapfobeje umuziki
Umuhanzi RunUp uri mu bahanzi bari kuzamuka neza mu muziki Nyarwanda yikomye Abayobozi ba 1:55 AM aribo Coach Gael na Kenny Mugarura bavuze ko bamaze kubona ko hari ikibazo cy’indirimbo nziza (indirimbo iri “hit’). RunUp ufite indirimbo ikunzwe yitwa “Tsunami” yavuze ko mu Rwanda nta bukene bw’indirimbo nziza buhari akomeza avuga ko ibyo bavuze ari…
Ellen Degeneres yahunze Amerika kubera Trump
Ellen DeGeneres umunyamerika w’icyamamare mu biganiro kuri televiziyo yagaragaye bwa mbere mu ruhame kuva aho yimukiye mu Bwongereza, avuga ko yafashe icyo cyemezo nyuma y’umunsi umwe Donald Trump yongeye gutorerwa kuba perezida wa Amerika. Uyu munyarwenya wakira ibiganiro kuri televiziyo yabwiye abantu ahitwa i Gloucestershire ko ubuzima mu Bwongereza ari “bwiza kurushaho”. Ellen yavuze ko…
FC Barcelona yemeye kwamamaza DR Congo kuri miliyoni 46$
Leta ya DR Congo yemeye kwishyura FC Barcelona yo muri Espagne miliyoni 46$ yo kwamamaza iki gihugu hagamijwe guteza imbere ubukerarugendo bwacyo, nk’uko biri mu masezerano ibiro ntaramakuru Reuters bivuga ko byabonye. Ayo masezerano yo ku itariki 29 z’ukwezi gushize kwa Kamena(6) avuga ko ikirango (logo) kigaragaza iki gihugu nka “umutima wa Afurika” kizaboneka inyuma…

