Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba Festival y’imbwa

Iri serukiramuco ry’imbwa ryishwe ‘Dog Fest Kigali’ ni ibirori by’abakunzi b’imbwa rigiye kuba ku nshuro ya mbere mu Rwanda. Ni igikorwa kidasanzwe cyagenewe abakunzi b’imbwa kizabera mu mujyi wa Kigali I Gacuriro kuri KICS Playground taliki ya 31 Kanama 2025. Iki gikorwa kigamije guhuriza hamwe abantu bafite urukundo n’impuhwe ku mbwa, abatanga serivisi zijyanye n’inyamaswa,…

Read More

Impamvu igitaramo cyari guhuza abahanzi ba Uganda no mu Rwanda cyasubitswe

Igitaramo cya ‘Uganda Rwanda Music Festival’ cyagombaga guhuriramo abahanzi barimo Jose Chameleone, Ykee Benda, Kenny Sol, Marina, Niyo Bosco n’abandi cyasubitswe. Iri serukiramuco ryari rigiye kuba ku nshuro ya mbere ryari ryarateguwe n’abanya-Uganda ariko bafatanyije n’abandi bo mu Rwanda kuko bari kugenda bahinduranya ibihugu rigomba kuberamo hagati y’u Rwanda na Uganda. https://mambo1.com/abahanzi-bo-mu-rwanda-na-uganda-bagiye-guhurira-mu-iserukiramuco-ryumuziki/ Ubwo twaganiraga n’umwe mu…

Read More

Ibyo wamenya kuri Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr. Edouard Ngirente wari muri izo nshingano kuva mu 2017. Dr. Justin Nsengiyumva yigeze kuba umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi mu Ugushyingo (11) 2008yatawe muri yombi n’urwego rwakoraga iperereza ku byaha rwitwaga Criminal Investigation Department (CID) akekwaho ruswa, yafunzwe igihe kigera ku…

Read More

Nsigaje kugura indege – Badrama avuga ku bamwita inkandagira bitabo

Mupende Ramadhan wamenyekanye ku izina rya Badrama mu ruganda rw’imyidagaduro yatangarije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko afite inzozi zo gutunga indege ye hamwe n’umusozi. Badrama mu butumwa yatanze yibanze ku bintu yifuza kuzageraho mu buzima bwe harimo ibikorwa byo mu muziki, kubaka amashuri, ibitaro n’ibindi byinshi yifuza kuzashyira ku kirwa ke. Ibi yabihuje n’abantu…

Read More

Ellen Degeneres yahunze Amerika kubera Trump

Ellen DeGeneres umunyamerika w’icyamamare mu biganiro kuri televiziyo yagaragaye bwa mbere mu ruhame kuva aho yimukiye mu Bwongereza, avuga ko yafashe icyo cyemezo nyuma y’umunsi umwe Donald Trump yongeye gutorerwa kuba perezida wa Amerika. Uyu munyarwenya wakira ibiganiro kuri televiziyo yabwiye abantu ahitwa i Gloucestershire ko ubuzima mu Bwongereza ari “bwiza kurushaho”. Ellen yavuze ko…

Read More