Mugisha Bonheur wakinaga muri Stade Tunisien yo muri Tunisie, yamaze gukora ikizami cy’ubuzima muri Al-Masry yo mu Misiri aho bivugwa ko yatanzweho agera ku bihumbi 450$ arenga miliyoni 684 mu mafaranga y’u Rwanda..
Muri Nzeri 2024, ni bwo uyu mukinnyi w’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Mugisha Bonheur bakunda kwita ‘Casemiro’, yasinye amasezerano muri Stade Tunisien nyuma yo kuva muri Avenir Sportif de La Marsa, zombi zo muri Tunisie.
Nyuma y’ibihe byiza yakomeje kugira, uyu musore ukina hagati afasha ba myugariro, yahise abengukwa na Al-Masry iri mu zikomeye mu gihugu cya Misiri.
Amakuru avugwa ashimangira ko Casemiro yatanzweho ibihumbi 450$ arenga gato miliyoni 648 Frw.


https://shorturl.fm/Ucf4v
https://shorturl.fm/oTsae
https://shorturl.fm/xXxhD
https://shorturl.fm/xXxhD
https://shorturl.fm/ra7iH
https://shorturl.fm/9ELrG
https://shorturl.fm/7uRTU