Shakira akomeje kunenga icyemezo cya Trump ku bimukira
Umuhanzikazi w’icyamamare, Shakira, yagaragaje impungenge ku buzima bushaririye abimukira babayemo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yavuze ko kubaho mu bwoba buhoraho byabaye nk’ihame ku bantu benshi bafite inkomoko mu mahanga. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yahaye BBC, aho yavuze ko umwuka mubi ufitwe na bamwe mu bayobozi n’inzego z’umutekano muri Amerika wagiye ugera…

