Editor

Ibiteye amatsiko kuri Seri ‘Hurts Harder’ ikebura benshi mu rukundo

Filime y’uruhererekane ‘Hurts Harder’ yiganjemo ubugambane no kwizera urukundo rwo ku mbuga nkoranyambaga igiye gutangira kwerekanwa kuri Televiziyo ya Zacu. Ni filime igaragaramo Irakoze Ariane Vanessa ukina yitwa ‘Kate’ aba ari umukobwa w’imyaka 27 ariko utarahiriwe mu rukundo kuko aba yaragiye ahemukirwa, gusa aba agifite icyizere ko azabona umukunda by’ukuri. Nyuma aza kujya mu rukundo…

Read More

Ikipe ya AS Monaco igiye kwamamaza DR Congo nk’umutima wa Afurika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagiranye amasezerano n’ikipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bufaransa ya AS Monaco ameze nk’aya Visit Rwanda. Ibi byatangajwe n’ikipe ya AS Monaco hamwe na Minisitiri wa siporo n’imyidagaduro muri Congo Didier Budimbu. ‎ Aganira n’itangazamakuru yagize ati “Ntabwo ari amasezerano gusa, ni icyerekezo cy’ejo hazaza hacu, hubakiye kubumwe…

Read More

Mariya Yohana yateguye igitaramo cyo gushimira inkotanyi

Umuhanzi Mukankuranga Marie Jeanne uzwi ku izina rya Mariya Yohana, agiye gufasha Abanyarwanda kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibohora ku nshuro ya 31 abinyujije mu gitaramo yabateguriye kigamije gushimira Inkotanyi zabohoye igihugu. Iki gitaramo cyiswe ‘Inkera y’Abahizi’ cyahujwe no kumurika album y’uyu muhanzikazi yise ‘Komeza Ibirindiro’, kizabera mu Intare Arena, tariki 3 Nyakanga 2025. Mu kiganiro…

Read More

Bruce Melodie afite inzozi zo kuzuza Stade Amahoro

Umuhanzi Bruce Melodie yerekanye ko afite inzozi zo gukorera igitaramo muri Stade Amahoro akaba umuhanzi uzakora ayo mateka ku buryo n’amatike azashira ku isoko mbere y’uko kitabirwa. Uyu muhanzi ibi yabitangaje abinyujije ku rubuga rwa Instagram, ahashyirwa ubutumwa bumara amasaha 24. Yagize ati “Tekereza iyi Stade Amahoro nziza cyane, yuzuye abantu. Igitaramo amatike yashize mbere….

Read More

Ombolenga yazinutswe burundu ikipe ya Rayon Sports

Ombolenga Fitina wari waravuye mu ikipe ya APR FC akaza kuyigarukamo yatangaje ko yazinutswe ikipe ya Rayon Sports yavuyemo bitewe n’ibihe bibi yagiriye muri iyo kipe. Uyu mukinnyi avuga ko aramutse ashatse kwerecyeza mu yindi kipe, Rayon Sports avuyemo, itari mu mahitamo yaza mu bitekerezo bye. Ati “Ntabwo yazamo, biragoye ko nasubiramo n’ibibazo nahaboneye kandi ndengana…

Read More

Urujijo mu rukundo rwa Yago n’umugore we

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Yago Pon Dat yerekanye ko atigeze ahirwa mu rukundo nyuma y’ibihuha byavugaga ko yatandukanye n’umugore we baheruka kubyarana. Yago, abinyujije kuri Instagram ye, yaciye amarenga ko ashobora kuba atarahiriwe n’urukundo, agaragaza ko rwari ikinyoma. Ni nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amakuru avuga ko yaba yaratandukanye n’umugore we, Teta Christa baherutse…

Read More

Ibiteye amatsiko kuri Sharon Gatete ugiye gushyingiranwa na Chryso Ndasingwa

Nubwo izina rye ritaramenyekana cyane mu Banyarwanda, Sharon Gatete mu muziki wa kuramya no guhimbaza Imana amaze gukundwa bikomeye bitewe n’amagambo agize indirimbo ze yomora imitima ya benshi. Yavukiye mu muryango ukijijwe, mu mujyi wa Kigali i Remera, yatangiye kuririmba ku myaka icyenda akabikorera mu rusengero naho yigaga amashuri abanza ku kigo cya ‘Good Foundation.’…

Read More