Editor

The Ben agiye gutaramira mu Bwongereza

Umuhanzi The Ben ukomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye akora ibitaramo byo kumenyekanisha Album ye Plenty Love agiye gutaramira mu Bwongereza. Mu ntangiro z’uyu mwaka The Ben ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bagaragaye mu bitaramo byinshi byabereye hanze y’u Rwanda. Aha twavuga nk’ibyo yakoreye ku mugabane w’iburayi no muri Amerika aho aheruka no kuririmba mu gitaramo cyahuriyemo…

Read More

YouTube igiye kuvugurura amategeko azagonga bamwe

Urubuga nkoranyambaga rwa YouTube rwatangaje ko rurimo kuvugurura amategeko agenga iyishyurwa ry’amashusho ashyirwaho (monetization), mu rwego rwo gukumira akorwa hifashishijwe ubwenge bw’ubukorano (AI) n’ayibwe ahandi, bikazatangira gushyirwa mu bikorwa ku wa 15 Nyakanga 2025. YouTube ntiyahwemye gushishikariza abatunganya amashusho abinjiriza amafaranga, gukora ay’umwimerere kandi arimo ubutumwa bwigisha, by’umwihariko igihe bari muri gahunda y’ubufatanyabikorwa yayo (YouTube…

Read More

Yakatiwe imyaka 12 kubera kwiyita Yesu

Sergey Torop yakatiwe gufungwa imyaka 12, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n’imitungo bya bamwe mu bayoboke b’idini rye yise ‘Idini ry’isezerano rya nyuma’ (Église du Dernier testament). Uwo mugabo wiswe Yezu wa Siberia, akaba agomba gufungirwa muri imwe mu magereza arinzwe cyane aho mu Burusiya, nk’uko byatangajwe n’Ibiro ntaramakuru by’Abongereza ‘Reuters’. Sergey Torop wahoze…

Read More

Aliou Diarra na Jean-Jacques Boissy bakinaga mu Rwanda berekeje muri NBA G League

Aliou Diarra, Umunya-Mali wakiniraga ikipe ya APR Basketball Club yo mu Rwanda,yatoranyijwe ku mwanya wa mbere n’ikipe ya Texas Legends ngo azayikinire muri shampiyona ya Basketball izwi nka NBA G League muri Amerika. Ku mwanya wa gatanu muri uko gutoranya abakinnyi, ikipe ya Memphis Hustle yatoranyije Umunya-Senegal Jean Jacques Boissy wari uherutse gutangira gukinira ikipe…

Read More

Rufonsina yarikoroje ku mbuga bamwe bamwita Rihanna wo mu Rwanda – Amafoto

Uwimpundu Sandrine uzwi ku izina rya Rufonsina muri Sinema Nyarwanda wizihiza umunsi w’amavuko yasangije abamukurikira amafoto ye akuriwe bamwe batangira kumwita Rihanna wo mu Rwanda kubera yari yambaye imyenda isa nkiyo icyo cyamamare kigeze gukoresha. Rufonsina agira isabukuru y’amavuko taliki ya 8 Nyakanga. Yerekanye ibyishimo afite muri uyu mwaka kuko ari no kwitegura kwibaruka ubuheta….

Read More

Hari ibyiza byinshi bipfundikirwa – Umutare Gaby nyuma y’ibaruwa y’umwana we

Umuhanzi Nyarwanda Umutare Gaby yerekanye amarangamutima ye nk’umubyeyi nyuma yo gusoma urwandiko yandikiwe n’umwana we amubwira ko ari byose kuri we. Uyu muhanzi ibi yabinyujije ku rubuga rwe, ubwo yashyiragaho amafoto atatu harimo ibaruwa yandikiwe n’umukobwa, indi ari iyo arikumwe nawe n’indi ye ya kera ateruwe na nyina. Yahise arenzaho amagambo agira ati “Nubwo umubabaro…

Read More

Mitsutsu nyuma y’agahinda kubera urukundo yambitse impeta – AMAFOTO

Umunyarwenya Mitsutsu wari umaze igihe yerekana agahinda yatewe n’umukobwa wamutaye mu rukundo yaraye atanze ibirori ubwo yambikaga impeta umukunzi amusaba ko yazamubera umugore w’ibihe byose. Byabaye mu ijoro ry’itariki 07 Nyakanga 2025, byitabirwa n’ibyamamare bitandukanye muri sinema, inshuti n’abavandimwe. Mitsutsu yagarageje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kubwirwa ‘Yes’ n’uyu mukobwa witwa Kirezi Rosine. Abinyujije ku rubuga…

Read More

Umugore wa Bishop Gafaranga yasohowe mu rukiko ahetse umwana

Annette Murava yaje ku Rukiko rwakiriye ubujurire bw’umugabo we Habiyaremye Zacharie ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo, atungura abantu kuko yahaje ahetse umwana. Ni urubanza rwabereye mu muhezo, rwabaye kuri uyu wa mbere tariki 7 Nyakanga 2025 ku cyicaro cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwajuririwe na Bishop Gafaranga wafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa…

Read More

Abahanzi n’abanditsi barashinja Company zikora ‘AI’ kubiba

Abanditsi bakomeye, abanyamuziki, abanyabugeni batandukanye bashinja kompanyi zikora  ‘artificial intelligence'(AI) gutoza ‘systems’ zabo kwigana no gukoresha ibihangano byabo nta burenganzira cyangwa kubyishyura. Mu bihugu bimwe, nko mu Bwongereza, ibi byateye ikibazo gikomeye hagati ya leta n’abahanzi, barimo Sir Elton John, kigendanye no kurengera ibihangano byabo. Ubu buhanga bushya bwa Cloudflare buribanda kuri kompanyi zikora ‘bots’…

Read More

Jay Jay Okocha wakiniye PSG ari mu Rwanda

Abakinnyi bakanyujije ho mu ikipe yo mu Bufaransa Paris Saint Germain, Jay Jay Okocha na Didier Arsène Marcel Domi baraye baje mu Rwanda mu gikorwa cya Visit Rwanda. Okocha yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali saa Tatu n’iminota 20 ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, yambaye imyambaro y’Ikipe ya PSG, ahasanga Domi wari wahagaze…

Read More