Editor

APR FC na Rayon Sports bazamuriwe inkunga y’amafaranga igenwa na CAF

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika [CAF], yazamuye inkunga y’amafaranga yageneraga amakipe yitabira amarushanwa ya yo. Ubusanzwe amakipe yitabira amarushanwa ya CAF Champions League na CAF Confederation Cup, yagenerwaga ibihumbi 50$ buri imwe (asaga miliyoni 70 Frw). Kuri iyi nshuro, buri kipe izajya ihabwa ibihumbi 100,000$ (arenga gato miliyoni 140 Frw). Ibi byose biri mu rwego…

Read More

McMahon wamamaye muri filime ‘FBI: Most wanted’ yitabye Imana

Umukinnyi Julian McMahon, uzwiho uruhare muri filime yitwa FBI: Most wanted, na Fantastic Four, Nip / Tuck, n’izindi yitabye Imana azize uburwayi bwa kanseri.Amakuru yatangajwe bwa mbere n’ikinyamakuru cya Deadline. Banditse ubutumwa bagira bati”Julian yakundaga ubuzima. Yakundaga umuryango we. Yakundaga inshuti ze. Yakundaga akazi ke, kandi agakunda abafana be. Icyifuzo cye gikomeye kwari ukuzana umunezero…

Read More

Ishyirahamwe ry’imbeba ntirizigira injangwe – Riderman

Umuhanzi w’umuraperi Gatsinzi Emery uzwi ku izina rya Riderman mu muziki yarikoroje ku rubuga rwa X ubwo yandikaga amagambo akavugisha benshi mu bamukurikirana. Riderman usanzwe uzwiho ubusizi n’imyandikire izimike mu muziki we yanditse kuri urwo rubuga rwe agira ati ” Niba bishyira hamwe ngo bakurwanye, urakomeye. Komeza wiyubake. Ishyirahamwe ry’imbeba ntirizigira injangwe” Abakunzi ba Riderman…

Read More

Diogo Jota wa Liverpool yitabye Imana

Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool n’ikipe y’igihugu ya Portugal Diogo Jota yapfiriye mu mpanuka y’imodoka mu gace ka Zamora mu majyaruguru ya Espagne nk’uko Guardia Civil – urwego rushinzwe umutekano muri icyo gihugu rwabibwiye BBC News. Umuvandimwe we, Andre Filipe, na we yapfiriye muri iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa gatatu. Imodoka ya Lamborghini…

Read More

Udushya n’ibyaranze ubuzima bwa Senderi mu muziki ugiye kwizihiza imyaka 20 aririmba

Umuhanzi Eric Senderi yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cyose ari kwizihiza imyaka 20 amaze akora umuziki. Ni ibitaramo azakorera mu turere icyenda two mu ntara harimo n’umujyi wa Kigali. Bizatangira taliki ya 5 Nyakanga abanzirize muri Kirehe ari nako karere avukamo. Utundi turere azakoreramo ni Burera, Muhanga, Huye, Bugesera, Kayonza, Ngoma, Musanze, Rubavu,…

Read More

Mutesi Kayibanda Aurore mu bihe bitandukanye – AMAFOTO

Mutesi Kayibanda Aurore ni mwene Ladislas Kayibanda na Olive Mukazera akaba yaravukiye i Burundi (Bujumbura) mu w’1992 aza kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda wa 2012 ababyeyi be batuye mu mujyi wa Kigali, Mutesi Kayibanda Aurore ni umuhererezi mu muryango w’abana bane. Miss Mutesi Kayibanda Aurore yigiye amashuri y’inshuke kuri petit prince(mu mujyi wa Kigali) aho yanakomereje…

Read More