Editor

Ntabwo byatunguranye ku itandukana rya Kenny Sol na 1:55 AM

Umuhanzi Kenny Sol yatandukanye n’inzu ya 1:55 AM bari bamaze igihe bakorana bavuga ko gutandukana kwabo byabayeho mu mahoro. Mu itangazo bashyize hanze bagize bati “1:55 AM Ltd n’umuhanzi Kenny Sol batangaje ko guhera tariki ya 02 Kamena 2025, mu bwumvikane n’amahoro ko bagiye gukomeza inzira zitandukanye z’ubuhanzi.” Bakomeje bavuga ko nk’igisobanuro cy’urugendo rukomeye bagiranye…

Read More

Ibyaranze ubuzima bwa Mutesi Jolly ufite igisekuru i Bwami

Nyampinga Mutesi Jolly, ni umukobwa mwiza w’ikimero akagira urubavu ruto, arashinguye, umukobwa w’inzobe inoze, akagira amenyo y’urwererane mu ishinya y’igikara benshi bibazaho bakeka ko ibi atari karemano. Abamushidikanyaho abasubiza ati “Uwo mubona ni njye nyawe, ntabwo ari photoshop!” Umurebye ku maso agaragara nk’umukobwa w’umutesi, ucecekanye byinshi ndetse iyo umuganirije murebana mu maso, asubizanya gutekereza cyane…

Read More

Bwiza yasohoye amashusho y’indirimbo yakoranye na Loader

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise Nasara yakoranye na Producer Loader uri mu basanzwe bantunganya zimwe mu ndirimbo z’uyu mukobwa. Bwiza ubarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music asohoye iyi ndirimbo nyuma yo kumurikira abakunzi be Album yise 25 shades. ‘Nasara’ ni indirimbo y’urukundo, ikaba yaratungayijwe na Loader mu buryo bw’amajwi, amashusho…

Read More

Menya amateka ya Miss Iradukunda Elsa wanyuze mu nzira y’inzitane

Iradukunda Elsa ni umukobwa muremure w’inzobe ushinguye, ukunda guseka akagira amenyo yererana mu ishinya nziza y’umukara, yakuze ari umwana ukunda gusenga kandi wabitojwe nkuko yabitangaje. Yakuze asengera muri Restoration Church I Gikondo. Akimara gutorwa yavuze ko Umuntu afata nk’intwari ari  Louise Mushikiwabo, kuko ubona ko ari umugore ufite intego muri byose. Yabyawe na Samuel Mana…

Read More

Umunyarwandakazi Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho wo muri Kenya

Munezero Rosine uzwi ku mbuga nkoranyamba nka Bijou Dabijou yaciye ukubiri na Jimal Roho Safi wigaragaje nk’umunyamafaranga akagambirira kuzenguruka abagore beza asangira nabo iraha. Ku binyamakuru byo muri Kenya byanditse ko Jimal Roho Safi na Dabijou ibyabo byagiyeho akadomo ndetse nta n’umwe ukiri inshuti n’undi ku mbuga nkoranyamabaga. Ni nako bimeze ku mafoto bafashe igihe…

Read More