Editor

Niyo Bosco yatunguranye agaragaza umukunzi we bwa mbere

Mu magambo meza y’urukundo umuhanzi Niyo Bosco yerekanye umukobwa yihebeye amutera imitoma amwifuriza isabukuru nziza, amwibutsa ko yavukiye kugira ngo umutima we umukunde bizira uburyarya. Aya magambo y’urukundo yanditswe n’uyu muhanzi ayanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko. Yagize ati “Kuri uyu munsi, ibyiyumviro by’urukundo byasesekaye mu Isi. Isabukuru nziza. Wavukiye gutuma umutima wanjye…

Read More

Ibivugwa mu ikipe y’u Rwanda Amavubi mbere yo guhura na Zimbabwe

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoreye imyitozo kuri Orlando Stadium muri Afurika y’Epfo aho yakirirwa na Zimbabwe kuri uyu wa Kabiri mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, kapiteni n’abatoza bizeza Abanyarwanda intsinzi bakumbuye. Amavubi yageze i Johannesburg mu gitondo cyo kuwa mbere, acumbitse kuri hoteli ya RED Radisson. Nyuma yo kuva kuri Hotel bagiye…

Read More

Ibiteye amatsiko ku kiyaga gihangano kiri kubakwa mu Rwanda

Mu Rwanda hagiye kuvuka ikiyaga gishya kiri guhangwa hagati y’Intara y’Amajyaruguru, iy’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba, kizuzura gitwaye miliyari 320 Frw cyitezweho kuzanira amahirwe Abaturarwanda. Shira amatsiko kuri byinshi wakwibaza kuri iki Kiyaga. Iki kiyaga kizaba gifite uburebure bwa kilometero 67, kiri hafi kuzura. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean de Dieu yabigarutseho, abinyujije ku…

Read More

Miss Aurore, Kalimpinya na Ish Kevin bagiye guhurira mu irushanwa rimwe

Kalimpinya Queen, umuraperi Ish Kevin na Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012 abazitabira isiganwa ry’imodoka rya “Nyirangarama Rally” rigiye gukinwa ku nshuro ya kane, aho rizabera mu mihanda yo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu, tariki ya 6 Nzeri 2025. Imodoka 10 ziganjemo iz’Abanyarwanda nizo zitezwe muri iri siganwa…

Read More