Editor

Vestine na Dorcas bagiye gusubukura igitaramo bari bafite muri Canada

Abahanzi Vestine na Dorcas bakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagiye gusubukura igitaramo bari bafite muri Canada cyari cyimaze imyaka igera kuri ibiri cyarasubitswe. Iri tsinda ry’abavandimwe ryamaze kwemeza ko rizakora icyo gitaramo cyizabera mu mujyi wa Vancouver. Iki gitaramo kizaba taliki ya 18 Ukwakira 2025, gusa amakuru ahari ni uko bazajya no mu…

Read More

Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye nyuma y’imyaka 20

Umukinnyi wa filimi akanazitunganya, Nicole Kidman ndetse n’umuririmbyi mu njyana ya Country Music, Keith Urban; batandukanye nyuma y’imyaka 20 yari ishize barushinze, bitungura abakunzi babo ari na ko bibashengura. TMZ yatangaje ko amakuru yabonye ari uko aba bombi kuva mu ntangiro z’impeshyi ya 2025, batabanaga kuko buri wese yari yarahisemo kuba ukwe. Iki kinyamakuru gikomeza…

Read More

Visit Rwanda mu mikoranire n’amakipe akomeye muri NBA na NFL

Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere (RDB) kivuga ko cyagiranye amasezerano y’”imikoranire y’igihe kirekire” n’ikipe ya basketball ya LA Clippers yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Amerika (NBA) n’ikipe y’umupira w’amaguru ya Los Angeles Rams yo mu cyiciro cya mbere muri icyo gihugu (NFL), yo kurwamamaza binyuze muri gahunda yo gushishikariza abantu kurusura ya ‘Visit Rwanda’….

Read More

The Ben agiye gutaramira i Manchester

Umuhanzi The Ben yagaragaje ko yiteguye gutanga ibyishimo mu gitaramo kizahuza urubyiruko rw’Abanyarwanda, kizabera mu Mujyi wa Manchester mu gihugu cy’u Bwongereza. Igitaramo uyu muhanzi azaririmbamo kizaba taliki ya 18 Ukwakira 2025, cyateguwe na Rwandan Community in Greater Manchester (RCGM), kikaba gifite intego yo guhuza urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu Bwongereza. Mu butumwa The Ben yanyujije…

Read More

Ikoranabuhanga rya AI ryagizwe minisitiri muri Albania rikomeje guteza impagarara

Ijambo rya mbere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano riherutse kugirwa minisitiri ryateje impagarara mu Nteko Ishinga Amategeko muri Albania. Ku wa 14 Nzeri 2025, ni bwo Minisitiri w’Intebe wa Albania, Edi Rama, yatangaje ko yashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bw’ubwenge buhangano (AI chatbot) nka minisitiri, mu buryo bwo kurwanya ruswa. Nyuma iri koranabuhanga ryiswe Diella ryahise rihabwa umwanya mu…

Read More

Umufaransa Ousmane Dembélé yegukanye ’Ballon d’Or’ 2025

Umufaransa Ousmane Dembélé ukinira ikipe ya PSG, yegukanye yegukanye igihembo cy’umukinnyi uhiga abandi ku Isi muri ruhago ’Ballon d’Or’ 2025 cyatanzwe kuri uyu wa Mbere. Ibi bihembo gitegurwa n’ikinyamakuru France Football cyatangiwe mu birori byabereye i Paris mu Bufaransa, byatanzwe mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere aho muri byinshi bitangwa haba hahanzwe amaso igihembo…

Read More

Impinduka z’amasaha mu bikorwa birimo utubari n’utubyiniro mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko utubari, resitora, utubyiniro, amaduka n’ibigo by’ubucuruzi binyuranye byashyiriweho amasaha mashya yo gukora aho bizajya bifunga Saa Kumi za mu gitondo muri ibi bihe i Kigali hazaba habera Shampiyona y’Isi y’Amagare. Ni ibikubiye mu amabwiriza agenga ibikorwa by’ubucuruzi bujyanye n’ubukerarugendo no kwakira abantu mu gihe cy’Irushanwa mpuzamahanga ry’umukino wo gusiganwa…

Read More

Teta Sandra yahishuye ko kubana na Weasel bitoroshye

Umunyarwandakazi Teta Sandra yagaragaje ko nubwo abana n’umugabo we Weasel Manizo bafitanye abana batatu, ariko kubana na we ari ibintu bitoroshye. Uyu munyarwandakazi ibi byatangarije ku kinyamakuru Big Eye cyo muri Uganda. Teta Sandra yagize ati “Kubana na Weasel ni ibintu bitoroshye na gato. Twakuriye ahantu hatandukanye dufite n’imico itandukanye.” Ibi abitangaje mu gihe mu…

Read More